skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Ukraine irigamba guhanura drones hafi 50 z’u Burusiya

Kuri uyu wa Kane, itariki 9 Mutarama 2025, Igisirikare cya Ukraine cyatangaje ko cyahanuye drone 46 muri 70, Ingabo z’u Burusiya zakoresheje mu bitero byibasiye uduce two hagati no mu...
10 January 2025 Yasuwe: 567 0

Donald Trump ari gutegura guhura na Putin

Donald Trump, perezida uherutse gutorwa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko hari inama iri gutegurwa hagati ye na Perezida Vladimir Putin wa Russia.
10 January 2025 Yasuwe: 586 0

M23 yongeye kwirukana FARDC muri Centre ya Masisi

Umutwe wa M23 kuri uyu wa Kane tariki ya 9 Mutarama wisubije Centre ya Masisi, nyuma y’amasaha make uyambuwe n’Ihuriro ry’Ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
9 January 2025 Yasuwe: 2209 0

Rwema Pascal yakatiwe igifungo cy’imyaka itanu

Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwahamije Mahoro Rwema Pascal wamenyekanye cyane ku mbuga nkoranyambaga no mu biganiro kuri YouTube, ibyaha by’ubuhemu no kwihesha ikintu cy’undi hakoreshejwe...
9 January 2025 Yasuwe: 2008 0

U Rwanda ruri mu biganiro na Moto GP

Perezida Paul Kagame yavuze ko u Rwanda ruri mu biganiro n’abategura Shampiyona y’Isi yo gusiganwa kuri moto, "Moto GP".
9 January 2025 Yasuwe: 699 0

Niba ubutegetsi buhindutse n’uko yita kuri Afurika bigomba guhinduka - Perezida Kagame kuri Amerika

Perezida Paul Kagame yatangaje ko yizeye impinduka nyinshi ku butegetsi bwa Donald Trump uherutse gutorerwa kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika, by’umwihariko ku bijyanye n’uko iki gihugu...
9 January 2025 Yasuwe: 458 0

Hatanzwe icyizere cyo gukemura ikibazo cya parikingi mu Mujyi wa Kigali

Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatanze icyizere cyo kongera parikingi ziboneka muri uyu Mujyi, mu rwego rwo gukemura ikibazo cy’ibura ryazo n’umuvundo w’imodoka, kenshi uterwa n’imodoka ziparikwa...
9 January 2025 Yasuwe: 556 0

Atera imitoma abahita bakamwishyura

Mu Buyapani, umugabo wahawe izina ry’irihimbano rya ‘Uncle Praise’, atunzwe n’umwuga yihimbiye wo guhagarara ku muhanda akajya abwira abatambuka amagambo meza wafata nk’imitoma, yo kubataka no...
9 January 2025 Yasuwe: 585 0

Ibisubizo abanyarwanda bategereje mu kiganiro Perezida Kagame agirana n’abanyamakuru

Abanyamakuru basanzwe batara unkuru z’Urugwiro, bagenzi babo babafatira amajwi n’amashusho, abandika n’abakorera Youtube, ndetse n’abakurikirwa na benshi ku mbuga nkoranyambaga bari mu myiteguro...
9 January 2025 Yasuwe: 570 0

U Rwanda rwatangiye gukingira virusi itera SIDA

Mu rwego rwo kurwanya ikwirakwira rya virusi itera SIDA, u Rwanda rwatangije ikoreshwa ry’urushinge rwa PrEP rukora igihe kirekire aho rwitezweho gufasha abantu bafite ibyago byinshi byo kwandura...
9 January 2025 Yasuwe: 944 0