Kuri uyu wa Kane, itariki 9 Mutarama 2025, Igisirikare cya Ukraine cyatangaje ko cyahanuye drone 46 muri 70, Ingabo z’u Burusiya zakoresheje mu bitero byibasiye uduce two hagati no mu...
Donald Trump, perezida uherutse gutorwa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko hari inama iri gutegurwa hagati ye na Perezida Vladimir Putin wa Russia.
Umutwe wa M23 kuri uyu wa Kane tariki ya 9 Mutarama wisubije Centre ya Masisi, nyuma y’amasaha make uyambuwe n’Ihuriro ry’Ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwahamije Mahoro Rwema Pascal wamenyekanye cyane ku mbuga nkoranyambaga no mu biganiro kuri YouTube, ibyaha by’ubuhemu no kwihesha ikintu cy’undi hakoreshejwe...
Perezida Paul Kagame yatangaje ko yizeye impinduka nyinshi ku butegetsi bwa Donald Trump uherutse gutorerwa kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika, by’umwihariko ku bijyanye n’uko iki gihugu...