Umunyamakuru w’imyidagaduro Kavukire Alex, uzwi ku izina rya Kalex yasabye anakwa umukunzi we Angelique Uwayezu mu birori by’agatangaza byabereye mu Karere ka Nyanza.
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS/WHO) ryatangaje ku mugaragaro ko icyorezo cya coronavirus cyadutse mu Bushinwa ari icyorezo mpuzamahanga giteye inkeke (PHEIC).
Mu gihe u Budage buzakora amatora y’abadepite muri Gashyantare, Chancelier Olaf Scholz, afite impungenge ko Elon Musk ashyigikiye kandi ari kwamamaza ishyaka ry’abahezanguni, Alternative for...
Ku wa Gatandatu, itariki 04 Mutarama 2025, ingabo za Mali, zavuze ko zafashe Umuyobozi wa Leta ya Kisilamu muri Sahara Nini (EIGS), ishami ry’umutwe w’iterabwoba wa Islamic State mu karere ka Sahel.
Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga, Antony Blinken, yemeye ko Amerika yamenye amakuru yemezaga ko u Burusiya bushobora kugaba ibitero muri Ukraine, igahitamo...
Umutwe wa M23 kuri uyu wa Gatandatu watangaje ko wigaruriye Centre ya Masisi, nyuma yo kuyirukanamo ihuriro ry’ingabo za Leta ya Congo ririmo FARDC na FDLR.