Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungirehe, yashimye imigendekere y’igitaramo The Ben yakoreye muri BK Arena mu ijoro ryo ku wa 1 Mutarama 2025.
Abantu bagera ku icumi ni bo bapfuye, abandi benshi barakomereka, ubwo imodoka yo mu bwoko bwa SUV yiraraga mu baturage benshi bari bateraniye mu gace ka Louisiana muri New Orleans, mu birori byo...
Amasezerano y’imyaka itanu yo kohereza gaz y’Abarusiya iciye muri Ukraine igana i Burayi, yarangiye kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 1 Mutarama 2025, nyuma y’uko leta ya Kyiv yanze kuyongera.
Umutoza w’Ikipe y’Igihugu ya Sudani, James Kwesi Appiah, yasabye abakinnyi kumva ko ari bo bagomba kugira uruhare mu kugarura amahoro mu gihugu binyuze mu kubona itike y’Igikombe cya Afurika...
Perezida wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong Un, yarahiriye gushyiraho politiki yo guhangana na Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, mu rwego rwo kongerera igihugu cye umutekano w’igihe kirekire.
Perezida wa Amerika watowe, Donald Trump, yavuze ko Hamas igomba kurekura vuba imbohe zajyanwe mu bunyage muri Gaza, ubwo yaganiraga n’abanyamakuru mu birori bye byo kwizihiza umwaka mushya iwe i...