Ibiro bya Leta Zunze Ubumwe za Amerika bishinzwe ububanyi n’amahanga byagaragaje ko Perezida Joe Biden n’umugore we, Dr Jill Biden, mu 2023 bahawe impano n’abayobozi batandukanye hirya no hino ku Isi.
Itangazamakuru ry’Ubushinwa ryatangaje ko hari ubwiyongere bw’ubwandu bwa virusi yitwa Human Metapneumovirus (HMPV) cyane cyane mu bana bari munsi y’imyaka 14 bo mu bice by’amajyaruguru.
Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda yatangaje ko iri gukora inyigo yo guca burundu uburyo bwo kugemurira abarwayi bari ku bitaro ibiribwa bikuwe hanze yabyo kuko bituma hari abagaburirwa ibitujuje...
Leta y’u Burundi biciye muri Reverien Ndikuriyo usanzwe ari Umunyamabanga w’ishyaka CNDD-FDD riri ku butegetsi, yatangaje ko u Rwanda rudakwiye kugaragaza impungenge zo kuba yaba ikorana n’umutwe...
Intambara hagati ya Israel na Hamas ikomeje gutera ihungabana mu basirikare, aho raporo nshya yerekanye ko kuva iyi ntambara yatangira, umubare w’abasirikare b’Ingabo za Israel [IDF] biyahuye umaze...
Minisitiri w’Uburezi, Nsengimana Joseph, yavuze ko ababyeyi batohereza abana ku ishuri uko byagenwe ari bo bazajya birengera igihombo giterwa no kuba imodoka zirirwa zibategereje kandi zahagaritse...
Umutwe wa M23 watangaje ko ku wa Gatanu wishe abasirikare benshi bari bagize ihuriro ry’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, nyuma y’imirwano yasize wigaruriye agace ka...
Mubano Alain w’imyaka 34 wari utuye mu Karere ka Musanze mu Murenge wa Cyabagarura, yapfuye azize impanuka ya moto ubwo yari mu rugendo ava mu Karere ka Gakenke ajya i Musanze ku mugoroba wo ku wa...