Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yagaragaje ko ibabazwa n’uko abakozi b’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) bagenzura imirima yayo y’ikawa na cacao baba mu Rwanda, Kenya na...
Nuganira n’abasore n’inkumi hirya no hino mu gihugu, bamwe batangiye gukirigita ifaranga, kimwe mu byo batazabura kukubwira ni uko bifuza gutunga ikibanza, ndetse bakazubaka mu Karere ka Bugesera.
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burusiya, Sergey Lavrov, yavuze ko kuba Amerika yarigaruriye tumwe mu duce dukungahaye kuri peteroli n’ibihano bikomeye by’ubukungu yafatiye Syria mu myaka...
Umunyamakuru Mutesi Scovia washinze akanaba Umuyobozi Mukuru w’ikinyamakuru cyandika cyitwa Mama Urwagasabo gifite na shene ya YouTube, yatangaje ko guhera mu mwaka utaha wa 2025 azatangiza...
Mu gihe benshi bibaza ku mikorere y’imibonano mu bagore bakuze, ubushakashatsi bushya bwagaragaje ko 70% by’abagore bari hejuru y’imyaka 50 bishimira imibonano mpuzabitsina.
Minisitiri w’Intebe wa Isilayeli, Benjamin Netanyahu, yagize uburwayi bwa prostate bituma abagwa ku cyumweru mu bitaro bya Hadassah Medical Center i Yerusalemu.