Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, ACP Boniface Rutikanga, yatangaje ko umwaka wa 2025 watangiye neza kuko Abaturarwanda bari batuje kandi byishimye, nta kibahungabanya.
Ikigo gicukumbura ibyaha bya ruswa, kizwi nka ‘Organized Crime and Corruption Reporting Project (OCCRP)’, cyashyize Perezida William Samoei Ruto wa Kenya na mugenzi we Ahmed Bola Tinubu mu bantu...
Kuri uyu wa Kabiri, itariki 31 Ukuboza 2024, Cote d’Ivoire yatangaje ko Ingabo z’Abafaransa zizava muri iki gihugu, bikarangiza imyaka mirongo iki gisirikare cyari kihamaze.
Abasirikare 23 ba FARDC bitabye urukiko kuva ku wa Mbere, itariki 30 Ukuboza 2024 imbere y’urukiko rwa gisirikare rwimukiye muri Gereza ya Butembo, muri Lubero-Centre, nibura mu bilometero 50 uvuye...
Ambasade y’u Burusiya muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yamaganye inkunga ya miliyari 2,47 z’Amadolari Perezida Joe Biden yemereye igisirikare cya Ukraine.
Kuri uyu wa mbere ku itariki 30 Ukuboza, abaturage biraye mu mihanda mu Murwa Mukuru wa Kenya, Nairobi, bongera kwigaragambya bashinja Polisi y’icyo gihugu n’inzego z’ubutasi gufata abantu mu buryo...
Urukiko rwo muri Koreya y’Epfo kuri uyu wa 31 Ukuboza 2024 rwemeje ko Yoon Suk-yeol uherutse kweguzwa by’agateganyo ku mwanya wa Perezida w’iki gihugu, atabwa muri yombi n’abagenzacyaha.