skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Polisi y’u Rwanda yashimye uko Abaturarwanda batangiye umwaka

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, ACP Boniface Rutikanga, yatangaje ko umwaka wa 2025 watangiye neza kuko Abaturarwanda bari batuje kandi byishimye, nta kibahungabanya.
1 January 2025 Yasuwe: 512 0

Otile Brown utegerejwe mu gitaramo cya The Ben yageze i Kigali

Umuhanzi Otile Brown wo muri Kenya unakunzwe mu Karere, yamaze kugera i Kigali, aho yitabiriye igitaramo cya The Ben yise ‘The New Year Groove’.
1 January 2025 Yasuwe: 292 0

2024: Ba Perezida 2 bo muri Afurika mu bantu 5 bahize abandi mu kurangwa na ruswa ku Isi

Ikigo gicukumbura ibyaha bya ruswa, kizwi nka ‘Organized Crime and Corruption Reporting Project (OCCRP)’, cyashyize Perezida William Samoei Ruto wa Kenya na mugenzi we Ahmed Bola Tinubu mu bantu...
1 January 2025 Yasuwe: 1308 0

Cote d’Ivoire nayo yasabye Ingabo z’u Bufaransa kugenda

Kuri uyu wa Kabiri, itariki 31 Ukuboza 2024, Cote d’Ivoire yatangaje ko Ingabo z’Abafaransa zizava muri iki gihugu, bikarangiza imyaka mirongo iki gisirikare cyari kihamaze.
1 January 2025 Yasuwe: 360 0

Gusobanuza bidashira, hafi ya buri kintu ni zimwe mu mpinduka zidutegereje mu busaza bwacu

Buri gihe iyo mbonye umusaza cyangwa umukecuru mpita nibuka ko nawe yabayeho inkumi cyangwa umusore ukomeye cyane. Gusa byose birangira ubuzima butwerekeje ahantu hamwe… Gusaza.
31 December 2024 Yasuwe: 700 0

Lubero: Abasirikare 23 ba FARDC bagejejwe mu rukiko bashinjwa guhunga M23

Abasirikare 23 ba FARDC bitabye urukiko kuva ku wa Mbere, itariki 30 Ukuboza 2024 imbere y’urukiko rwa gisirikare rwimukiye muri Gereza ya Butembo, muri Lubero-Centre, nibura mu bilometero 50 uvuye...
31 December 2024 Yasuwe: 426 0

U Burusiya bwamaganye inkunga nshya Amerika yemereye Ukraine

Ambasade y’u Burusiya muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yamaganye inkunga ya miliyari 2,47 z’Amadolari Perezida Joe Biden yemereye igisirikare cya Ukraine.
31 December 2024 Yasuwe: 683 0

Uyu mwaka umaze kubamo impanuka 9,000 zahitanye nibura 350

Kuva muri Mutarama kugeza muri uku kwezi k’Ukuboza 2024, mu Rwanda habaye impanuka zo mu muhanda zisaga ibihumbi 9 zirimo izahitanye ubuzima bw’abantu 350.
31 December 2024 Yasuwe: 403 0

Kenya: Imyigaragambyo yongeye kubura

Kuri uyu wa mbere ku itariki 30 Ukuboza, abaturage biraye mu mihanda mu Murwa Mukuru wa Kenya, Nairobi, bongera kwigaragambya bashinja Polisi y’icyo gihugu n’inzego z’ubutasi gufata abantu mu buryo...
31 December 2024 Yasuwe: 348 0

Urukiko rwemeje ko Yoon Suk-yeol wabaye Perezida wa Koreya y’Epfo afungwa

Urukiko rwo muri Koreya y’Epfo kuri uyu wa 31 Ukuboza 2024 rwemeje ko Yoon Suk-yeol uherutse kweguzwa by’agateganyo ku mwanya wa Perezida w’iki gihugu, atabwa muri yombi n’abagenzacyaha.
31 December 2024 Yasuwe: 261 0