Michael Oliver yahawe kuzasifura umukino w’umunsi wa gatanu wa shampiyona y’Ubwongereza uzahuza Man City na Arsenal kuri Etihad Stadium , ibintu byatunguye abafana ba...
Ikipe ya Inter Milan yaraye ikuyeho agahigo ka Man City ko kuba yari imaze imyaka 5 itanganyiriza ku kibuga cyayo mu mikino yamatsinda ya UEFA Champions...
Igisirikare cya Leta ya Sudani n’icya Rapid Support Forces (RSF) bahanganye byavuze ko bifunguye imiryango ku bisubizo by’amahoro ku ntambara imaze amezi arenga 17, mu rwego rwo gusubiza Perezida...
Nyuma yo kumva ko bamwe mu bahoze bayobora Rayon Sports bahuje imbaraga ngo bategure umukino wa Gasogi United, perezida w’iyi kipe Kakooza Nkuriza Charles [KNC] yavuze ko ntabwoba afite kuko hari...
Umutoza wa Arsenal Mikel Arteta yavuze kuri kapiteni we uherutse kuvunikira mu ikipe y’Igihugu ya Norveje mu mikino ya UEFA Nations League, mbere y’uko bakina umukino wa mbere wa Champions...
Patriots BBC yatsinze APR BBC amanota 61-49 amakipe yombi anganya intsinzi ebyiri kuri ebyiri mu mikino ya nyuma ya kamarampaka ya Shampiyona y’icyiciro cya mbere muri Basketball...
U Burusiya bwatangaje ko buteganya gushinga mu Rwanda uruganda ruto rukora ingufu za nucléaire ndetse n’ikigo kizitunganya, nyuma yo kubiganiraho n’u Rwanda.