Kuri uyu wa Mbere, itariki ya 6 Mutarama, mu kigo cya gisirikare cya Kokolo, i Kinshasa, muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, habaye umuhango w’ihererekanyabubasha hagati ya Gen, Christian...
Mu masaha make cyane Byiringiro Lague wari utegerejwe nk’umukinnyi mushya wa Rayon Sports yatangajwe nk’umukinnyi wa Police FC, aho yasinye amasezerano azarangira mu mpeshyi ya 2026.
Kuri uyu wa Mbere ushize, Leta Zunze Ubumwe za Amerika zashinje u Burusiya mu Muryango w’Abibumbye gutera inkunga impande zombi zirwana muri Sudani, iyi ikaba ari intambwe ishimangira ibyo...
Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU), ku wa Mbere wamaganye ifatwa ry’umujyi wa Masisi n’inkengero zawo mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, nyuma yo kwigarurirwa n’inyeshyamba za...
Umuraperi Kanye West yashyize ku mbuga nkoranyambaga ze amashusho agaragaza umugore we, Bianca Censori, ku isabukuru ye y’imyaka 30 ku itariki ya 5 Mutarama yambaye ubusa.
Kuri uyu wa Mbere, urubanza rw’uwahoze ari Perezida w’u Bufaransa, Nicolas Sarkozy, rwatangiye. Uwahoze ari umuyobozi arashinjwa kwakira amafaranga yatanzwe na guverinoma y’uwahoze ari Umuyobozi wa...
Perezida Volodymyr Zelenskyy wa Ukraine yavuze ko yifuza kuzabona Perezida Vladimir Putin w’u Burusiya aganira na Donald Trump witegura kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika kugira ngo barebere...
Ku Cyumweru tariki ya 5 Mutarama 2025 Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi yasuye Qatar mu ruzinduko rw’akazi.
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Iran, Abbas Araghchi, yavuze ko mu gihe Israel yakongera kugaba ibitero kuri icyo gihugu, bishobora kuvamo intambara yaguye ihuza impande zombi.