skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Harry Kane yaciye agahigo mu ikipe y’Igihugu ahita ahabwa igihembo

Kapiteni w’Ubwongereza Harry Kane yujuje imikino ijana mu ikipe y’Igihugu y’Ubwongereza ndetse yuzuza ibitego 68 ibintu bimugira umukinnyi umaze gutsindira ikipe y’Igihugu ibitego...
11 September 2024 Yasuwe: 603 0

Ihurizo kuri Mikel Arteta udafite abakinnyi 7 ku mukino wa Tottenham

Ikipe ya Arsenal irabura abakinnyi 7 batazagaragara ku munsi wa kane wa shampiyoa y’u Bwongereza, harimo 6 bavunitse ndetse n’undi umwe ufite ikarita y’umutuku.
11 September 2024 Yasuwe: 800 0

Umuyobozi wa FC Barselona yakuyeho urujijo kuri Nico Williams

Umuyobozi ushinzwe kugura abakinnyi muri FC Barselona Anderson Luis de Souza ’Deco’ yatangaje ko ikipe ya Barca itigeze isinyisha Nico Williams, kuko ifite abandi bakinnyi bakora ibirenze ibyo...
11 September 2024 Yasuwe: 727 0

Umutoza w’Amavubi yatangaje ko atazongera amasezerano

Torsten Frank Spittler utoza ikipe Y’Iguhugu Amavubi yatangaje ko nyuma y’amasezerano afite azarangira mu Ukuboza 2024, azahita asezera ko ntagahunda yo kongera amasezerano...
11 September 2024 Yasuwe: 703 0

Handball: Ikipe y’Igihugu yahuye n’akazi gakomeye mu gikombe cy’Afurika

Mu mikino y’Igikombe cy’Afurika cyirikubera muri Tunisia Ikipe y’igihugu y’u Rwanda ya Handball mu batarengeje imyaka 20, yatsinzwe umukino wa kabiri.
11 September 2024 Yasuwe: 302 0

Ntwari Fiacre yasobanuye impamvu Amavubi akomeje kwitwara neza

Ntwari Fiacre ni umwe mu bakinnyi bitwaye neza mu mukino u Rwanda rwanganyijemo na Nigeria mu gushaka itike y’igikombe cy’Afurika , byatumye yishimirwa n’Abanyarwanda. Nyuma y’umukino Ntwari yagize...
11 September 2024 Yasuwe: 614 0

Abanyarwanda beretse amahanga igihandure muri Taekwondo

Kayitare Benoit yegukanye Umudali wa Zahabu, Iradukunda Mucyo Yvan yegukana umwanya wa kabiri muri Muju Taekwondowon 2024 World Taekwondo Octagon Diamond Game mu cyiciro cyo gukina umuntu ku giti...
11 September 2024 Yasuwe: 534 0

Intumwa z’Igisirikare cya Bangladesh ziyobowe na Gen. Sazadul Islam zasuye RDF

Kuri uyu wa Kabiri, itariki 10 Nzeri, itsinda ry’abarimu 20 n’abanyeshuri bo mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare rya Bangladesh riyobowe na Brig. Gen. Sazedul Islam ryasuye icyicaro gikuru cy’ingabo...
11 September 2024 Yasuwe: 349 0

Amerika yamaze gushyikiriza DRC doze 50,000 z’urukingo rw’ubushita bw’inkende

"Nejejwe no kubamenyesha ko impano y’inkingo 50.000 za monkeypox (mpox) zaturutse muri Amerika zageze uyu munsi (ku wa Kabiri, itariki 10 Nzeri) muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo," uyu ni...
11 September 2024 Yasuwe: 419 0

Ibirayi byongeye kurya umugabo bigasiba undi mu Mujyi wa Kigali

Mu Mujyi wa Kigali, abaguzi n’abacuruzi b’ibirayi baravuga ko ibirayi byongeye kurya umugabo bigasiba undi kubera kubura ku isoko n’ibihageze bikaza bikosha, aho basaba inzego zibishinzwe gufata...
11 September 2024 Yasuwe: 1050 0
0 | ... | 2280 | 2290 | 2300 | 2310 | 2320 | 2330 | 2340 | 2350 | 2360 | ... | 2880