Ikipe ya Arsenal irabura abakinnyi 7 batazagaragara ku munsi wa kane wa shampiyoa y’u Bwongereza, harimo 6 bavunitse ndetse n’undi umwe ufite ikarita y’umutuku.
Umuyobozi ushinzwe kugura abakinnyi muri FC Barselona Anderson Luis de Souza ’Deco’ yatangaje ko ikipe ya Barca itigeze isinyisha Nico Williams, kuko ifite abandi bakinnyi bakora ibirenze ibyo...
Torsten Frank Spittler utoza ikipe Y’Iguhugu Amavubi yatangaje ko nyuma y’amasezerano afite azarangira mu Ukuboza 2024, azahita asezera ko ntagahunda yo kongera amasezerano...
Ntwari Fiacre ni umwe mu bakinnyi bitwaye neza mu mukino u Rwanda rwanganyijemo na Nigeria mu gushaka itike y’igikombe cy’Afurika , byatumye yishimirwa n’Abanyarwanda. Nyuma y’umukino Ntwari yagize...
Kayitare Benoit yegukanye Umudali wa Zahabu, Iradukunda Mucyo Yvan yegukana umwanya wa kabiri muri Muju Taekwondowon 2024 World Taekwondo Octagon Diamond Game mu cyiciro cyo gukina umuntu ku giti...
Kuri uyu wa Kabiri, itariki 10 Nzeri, itsinda ry’abarimu 20 n’abanyeshuri bo mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare rya Bangladesh riyobowe na Brig. Gen. Sazedul Islam ryasuye icyicaro gikuru cy’ingabo...
"Nejejwe no kubamenyesha ko impano y’inkingo 50.000 za monkeypox (mpox) zaturutse muri Amerika zageze uyu munsi (ku wa Kabiri, itariki 10 Nzeri) muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo," uyu ni...