skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Burkina Faso, Mali na Niger birashaka kwitandukanya na CEDEAO; bivuze iki ku hazaza ha Afurika

Mu gihe CEDEAO yananirwa kumvikana n’ibihugu birimo Burkina Faso, Mali na Niger, bizava muri uwo muryango bitarenze Nyakanga 2025. Bamwe babibona nk’ikibazo gikomeye ku muryango wafatwaga...
26 December 2024 Yasuwe: 537 0

Bangladesh yasabye u Buhinde kuyoherereza uwari Minisitiri w’Intebe wayo akajyanwa mu nkiko

Bangladesh yasabye u Buhinde kuyoherereza uwari Minisitiri w’Intebe, Sheikh Hasina, wahungiye muri iki gihugu ku wa 05 Kanama 2024 nyuma y’imyigaragambyo yasize ahiritswe ku butegetsi.
26 December 2024 Yasuwe: 243 0

Syria: Abashinzwe umutekano 14 biciwe mu ‘gico’ cy’abayoboke ba Assad

Abayobozi bashya muri Syria baravuga ko abashinzwe umutekano 14 bishwe abandi 10 barakomereka mu “gico” cy’ingabo z’indahemuka ku wahoze ari perezida, Bashar al-Assad, mu burengerazuba bw’igihugu.
26 December 2024 Yasuwe: 449 0

U Bushinwa bugiye kubaka urugomero rw’amashanyarazi rwa mbere runini ku Isi

Leta y’u Bushinwa yemeje umushinga wo kubaka urugomero rw’amashanyarazi ruzashyirwa ku mugezi wa Yarlung Zangbo rukazaba ari rwo runini rwa mbere ku Isi, kuko ruzajya rutanga umuriro...
26 December 2024 Yasuwe: 534 0

Indege irimo abantu 68 yavaga Azerbaijan ijya mu Burusiya yakoze impanuka ikomeye

Minisiteri ishinzwe kurwanya ibiza n’ubutabazi bwihutirwa yatangaje mu itangazo ryayo ko indege itwara abagenzi yavaga muri Azerbaijan yerekeza mu Burusiya yakoze impanuka hafi y’Umujyi wa Aktau...
25 December 2024 Yasuwe: 1199 0

Mozambike: Nibura abantu 21 bamaze gupfira mu myigaragambyo yoingeye kwaduka

Nibura abantu 21 baguye mu mvururu nyuma y’uko Urukiko rushinzwe Kurinda Itegeko Nshinga rwa Mozambike ku wa Mbere rwemeje ko ishyaka rimaze igihe kirekire riri ku butegetsi Frelimo ryatsinze...
25 December 2024 Yasuwe: 595 0

Diddy yongeye kujyanwa mu nkiko ku byaha by’ubusambanyi

Icyamamare mu muziki, Sean John Combs, uzwi nka Diddy, yongeye kujyanywa mu nkiko kuri iyi nshuro bikozwe n’uwahoze ari umukozi we amushinja kumutegeka gusambana n’abagore benshi mu kivunge,...
25 December 2024 Yasuwe: 566 0

Bill Clinton wayoboye Amerika yasezerewe mu bitaro

Bill Clinton wabaye Perezida wa 42 wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika imyaka umunani kugeza mu 2001 yavuye mu bitaro aho yari amaze iminsi avurirwa ibicurane.
25 December 2024 Yasuwe: 511 0

Haribazwa byinshi ku musore wapfuye agiye gushinja OpenAI kwiba amakuru y’abandi

Urujijo rukomeje kuba rwinshi kuri Suchir Balaji, umusore w’imyaka 26 wakoreraga OpenAI, ikigo kigenzura ikoranabuhanga rya ChatGPT, akaza kuyivamo ayishinja kwiba amakuru y’abandi bantu,...
25 December 2024 Yasuwe: 752 0

Ibihugu icyenda birimo Uganda bigiye kwinjirira rimwe muri BRICS

Perezidansi y’u Burusiya yatangaje ko kuva ku wa 1 Mutarama 2025 hari ibihugu bishya icyenda bizinjira mu muryango w’ubukungu wa BRICS, ariko ntibihabwe ubunyamuryango bwuzuye.
25 December 2024 Yasuwe: 1366 0