skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

M23 yateze iminsi Gen. Masunzu washinzwe FARDC mu bice irwaniramo

Umutwe wa M23 wateze iminsi Lt. Gen. Masunzu Pacifique wagizwe umuyobozi w’Ingabo za RDC mu bice urwaniramo, umuteguza gutuma abamuhaye akazi bamwikiza. Ku wa Kane tariki ya 19 Ukuboza ni bwo...
21 December 2024 Yasuwe: 4954 0

Habababyeyi Pascal wakoreraga TV10 yitabye Imana

Umunyamakuru wakoreraga Radio/Tv10, Pascal Habababyeyi, yitabye Imana. Yakoraga muri weekend nk’umwe mu basesengura amakuru yaranze icyumweru.
21 December 2024 Yasuwe: 2366 0

Amerika yakuyeho igihembo cya miliyoni 10$ ku muntu uzafata umuyobozi wa HTS

Nyuma y’uko Umuyobozi w’umutwe wa Hayat Tahrir al-Sham (HTS), Abu Mohammad al-Julani, ahuye n’itsinda riturutse muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika riherutse muri Syria, iki gihugu cyahise gikuraho...
21 December 2024 Yasuwe: 811 0

Buri segonda umuntu arayandura: Ibyo wamenya kuri Virusi ya Herpes ifata mu myanya y’ibanga

Nibura abantu miliyoni 846 bafite imyaka hagati 15 na 49 banduye indwara yandurira mu mibonano mpuzabitsina yitwa Herpes, nk’uko ubushakashatsi bwashyizwe hanze n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye...
21 December 2024 Yasuwe: 1254 0

Tshisekedi yasubiyemo ko RDC itazagirana ibiganiro na M23

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yasubiyemo ko igihugu cye kidateze kwicarana n’umutwe witwaje intwaro wa M23 mu biganiro binyuze mu nzira zitaziguye
21 December 2024 Yasuwe: 816 0

Ubwiyongere bwa Malariya mu Rwanda buraterwa n’iki?

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC) kivuga ko indwara ya Malariya yikubye inshuro ebyiri ugereranyije kuva mu kwezi kwa cyenda k’umwaka ushize wa 2023 n’ukwezi kwa Nzeri 2024 aho abarwayi...
21 December 2024 Yasuwe: 629 0

Ingabo za Amerika zishe umuyobozi wa ISIS

Igisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika cyatangaje ko kuri uyu wa 19 Ukuboza 2024 cyishe umuyobozi w’umutwe w’iterabwoba wa Islamic State (ISIS), Abu Yusuf alias Mahmud.
20 December 2024 Yasuwe: 1420 0

Nyuma y’imyaka irenga 10 iburiwe irengero Malaysia igiye kongera gushaka indege ya MH370

Nyuma y’imyaka irenga 10 iburiwe irengero mu buryo bw’amayobera akomeye yabaye ku ndege ku Isi, igihugu cya Malaysia cyemeye gusubukura gushakisha ibisigazwa by’indege ya Malaysia Airlines MH370...
20 December 2024 Yasuwe: 569 0

Menya uko ukwiye kwirinda indwara y’umusonga yibasira abato n’abakuze

Umusonga ni indwara ivurwa igakira ariko iyo irangaranywe ishobora guhitana byihuse umuntu uyirwaye, cyane ko imibare yo mu 2021, yagaragaje ko yahitanye abarenga miliyoni 2.5 hirya no hino ku Isi...
20 December 2024 Yasuwe: 786 0

Dore uko warinda umwana muto indwara yo gucukuka amenyo

Gucukuka amenyo ni imwe mu ndwara zo mu kanwa zikunze kwibasira abantu bose, ndetse n’abana bakiri bato by’umwihariko.
20 December 2024 Yasuwe: 1574 0