Umutwe wa M23 wateze iminsi Lt. Gen. Masunzu Pacifique wagizwe umuyobozi w’Ingabo za RDC mu bice urwaniramo, umuteguza gutuma abamuhaye akazi bamwikiza.
Ku wa Kane tariki ya 19 Ukuboza ni bwo...
Nyuma y’uko Umuyobozi w’umutwe wa Hayat Tahrir al-Sham (HTS), Abu Mohammad al-Julani, ahuye n’itsinda riturutse muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika riherutse muri Syria, iki gihugu cyahise gikuraho...
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yasubiyemo ko igihugu cye kidateze kwicarana n’umutwe witwaje intwaro wa M23 mu biganiro binyuze mu nzira zitaziguye
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC) kivuga ko indwara ya Malariya yikubye inshuro ebyiri ugereranyije kuva mu kwezi kwa cyenda k’umwaka ushize wa 2023 n’ukwezi kwa Nzeri 2024 aho abarwayi...
Igisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika cyatangaje ko kuri uyu wa 19 Ukuboza 2024 cyishe umuyobozi w’umutwe w’iterabwoba wa Islamic State (ISIS), Abu Yusuf alias Mahmud.
Nyuma y’imyaka irenga 10 iburiwe irengero mu buryo bw’amayobera akomeye yabaye ku ndege ku Isi, igihugu cya Malaysia cyemeye gusubukura gushakisha ibisigazwa by’indege ya Malaysia Airlines MH370...
Umusonga ni indwara ivurwa igakira ariko iyo irangaranywe ishobora guhitana byihuse umuntu uyirwaye, cyane ko imibare yo mu 2021, yagaragaje ko yahitanye abarenga miliyoni 2.5 hirya no hino ku Isi...