Ikigo cya SpaceX cya Elon Musk, kirateganya kohereza icyogajuru ku Mubumbe wa Mars mu 2026, kizaba gifite umwihariko wo gusuzuma uburyo ibyogajuru bizajya bigwa kuri uwo mubumbe.
Inzobere mu buvuzi hamwe n’Ikigo cy’Igihugu cyita ku Buzima (RBC) zahagurukiye impungenge z’ikoreshwa nabi ry’imiti, ziburira ko ibikorwa nk’ibi bigira uruhare mu kongera ikibazo cyo kuba indwara...
Joseph Kabila Kabange wahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na Moïse Katumbi Chapwe wahoze atavuga rumwe n’ubutegetsi bwe, amakuru aravuga ko mu Cyumweru gishize bahuriye...
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yasubitse uruzinduko yari afite mu ntara eshatu zigize Grand Kasaï bitewe n’imvura nyinshi.
Bamwe mu batuye mu Karere ka Rulindo,baravuga ko muri iyi minsi mikuru kubona akaboga biri kubabera isobe,bitewe n’uko nta mabagiro ari muri kano karere,ibi bakaba bavuga ko iyi minsi mikuru bagiye...