skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Umuntu wa mbere ashobora gukandagira kuri Mars mu 2030

Ikigo cya SpaceX cya Elon Musk, kirateganya kohereza icyogajuru ku Mubumbe wa Mars mu 2026, kizaba gifite umwihariko wo gusuzuma uburyo ibyogajuru bizajya bigwa kuri uwo mubumbe.
25 December 2024 Yasuwe: 436 0

Inzobere mu by’ubuvuzi zagaragaje ingaruka zikomeye zo gukoresha imiti nabi

Inzobere mu buvuzi hamwe n’Ikigo cy’Igihugu cyita ku Buzima (RBC) zahagurukiye impungenge z’ikoreshwa nabi ry’imiti, ziburira ko ibikorwa nk’ibi bigira uruhare mu kongera ikibazo cyo kuba indwara...
24 December 2024 Yasuwe: 1263 0

Neg G The General yapfushije umwana

Umuraperi Neg G The General ari mu gahinda ko kubura umwana witabye Imana afite amezi icyenda gusa, aho yazize uburwayi yari amaranye iminsi.
24 December 2024 Yasuwe: 716 0

Umuhuro wa Kabila na Katumbi wabereye i Addis-Abeba uhatse iki?

Joseph Kabila Kabange wahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na Moïse Katumbi Chapwe wahoze atavuga rumwe n’ubutegetsi bwe, amakuru aravuga ko mu Cyumweru gishize bahuriye...
24 December 2024 Yasuwe: 2499 0

Benjamin Netanyahu yategetse igisirikare kurimbura ibirindiro by’aba-Houtis

Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu yatangaje ko yategetse ingabo z’igihugu gusenya ibirindiro n’ibikorwaremezo byose by’inyeshyamba z’aba-Houti zo muri Yemen zimaze iminsi mike...
24 December 2024 Yasuwe: 663 0

Mozambique: Imyigaragambyo yongeye kubura nyuma y’icyemezo cy’urukiko

Mu gihugu cya Mozambique kuri uyu wa Mbere, itariki 24 Ukuboza 2024, imyigaragambyo yongeye kubura nyuma y’uko urukiko rw’ikirenga rushimangiye intsinzi y’umukandida Daniel Chapo w’ishyaka riri ku...
24 December 2024 Yasuwe: 692 0

Inteko y’u Rwanda yishimiye umusaruro yakuye mu mikino ihuza iya EAC

Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda yishimiye umusaruro yakuye mu mikino mpuzamahanga ihuza Inteko zishinga Amategeko z’ibihugu byo mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC).
24 December 2024 Yasuwe: 259 0

Imvura yahagaritse urugendo rwa Perezida Tshisekedi

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yasubitse uruzinduko yari afite mu ntara eshatu zigize Grand Kasaï bitewe n’imvura nyinshi.
24 December 2024 Yasuwe: 937 0

Rulindo: Hari abavugako bari gusabwa “Ejo Heza” kugirango bazarye inyama kuri Noheli

Bamwe mu batuye mu Karere ka Rulindo,baravuga ko muri iyi minsi mikuru kubona akaboga biri kubabera isobe,bitewe n’uko nta mabagiro ari muri kano karere,ibi bakaba bavuga ko iyi minsi mikuru bagiye...
24 December 2024 Yasuwe: 686 0

Zambia: Hafashwe abantu bashakaga kwica Perezida Hichilema bamuroze

Polisi ya Zambiya yavuze ko yataye muri yombi abagabo babiri bakekwaho gushaka “kugirira nabi” perezida Hakainde Hichilema bakoresheje uburozi. Abapolisi bavuze ko kuwa gatanu umunyamozambike,...
24 December 2024 Yasuwe: 421 0