Umutwe wa M23 urigamba gukwiza imishwaro ihuriro ry’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, nyuma y’imirwano yanagaragayemo indege z’intambara yaraye isakiranyije impande zombi.
Chorale de Kigali iri mu zikunzwe mu Rwanda kuri uyu wa 22 Ukuboza 2024 yaraye ikoreze igitaramo ngarukamwaka cya ‘Christmas Carols Live Concert’ kibanzirizwa umunsi mukuru w’ivuka rya Yezu uzwi...
Donald Trump watorewe kuyobora Amerika yatangaje ko akigera ku butegetsi ku munsi wa mbere azasinya amategeko na politike bihindura ibintu ku buryo abantu bihinduje igitsina azabirukana mu...
Bruce Melodie yatanze umusogongero wa album ye nshya yise “Colorful Generation”, yaguzwe 26.182.400 Frw, n’abarimo Munyakazi Sadate ndetse na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier...
Ingabo za Amerika zirwanira mu mazi zari mu Nyanja Itikura zahanuye indege y’igisirikare cy’igihugu cyabo yo mu bwoko bwa F/A-18 zikanze ko ari iy’ibyihebe by’aba-Houthi muri Yemen.
Kuri uyu wa Gatandatu, itariki ya 21 Ukuboza 2024, nyuma ya saa sita, Ingabo z’Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC) rirwanya ubutegetsi bwa Perezida Felix Tshisekedi, zafashe agace ka...
Kuri uyu wa Gatandatu, itariki 21 Ukuboza 2024, Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, yasinye itegeko ribuza ibikorwa bya leta guhagarara, rigena ingengo y’imali igomba gukoreshwa...
Kuri uyu wa Gatandatu, itariki 21 Ukuboza 2024, nyuma y’iminsi itandatu yo kungurana ibitekerezo, muri Kigali Convention Center, hasojwe inama ya 33 y’inzego za politiki mu Mutwe w’Ingabo za...