skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Umwanzi nyuma yo kuturasaho n’indege z’intambara na kajugujugu yahunze: Col. Willy Ngoma

Umutwe wa M23 urigamba gukwiza imishwaro ihuriro ry’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, nyuma y’imirwano yanagaragayemo indege z’intambara yaraye isakiranyije impande zombi.
23 December 2024 Yasuwe: 804 0

Umunyamakuru Bob Rugurika yashyize hanze imigambi mibisha ya Leta y’u Burundi ku Rwanda

Umunyamakuru w’Umurundi Bob Rugurika yahishuye ko icyemezo cy’igihugu cye cyo gufunga imipaka igihuza n’u Rwanda cyaturutse ku migambi mibisha ubutegetsi bw’igihugu cye bufitiye u Rwanda irimo no...
23 December 2024 Yasuwe: 763 0

Chorale de Kigali yanyuze abakunzi bayo mu gitaramo cyitabiriwe na Madamu Jeannette Kagame

Chorale de Kigali iri mu zikunzwe mu Rwanda kuri uyu wa 22 Ukuboza 2024 yaraye ikoreze igitaramo ngarukamwaka cya ‘Christmas Carols Live Concert’ kibanzirizwa umunsi mukuru w’ivuka rya Yezu uzwi...
23 December 2024 Yasuwe: 306 0

Donald Trump yarahiriye kwirukana mu gisirikare abihinduje igitsina

Donald Trump watorewe kuyobora Amerika yatangaje ko akigera ku butegetsi ku munsi wa mbere azasinya amategeko na politike bihindura ibintu ku buryo abantu bihinduje igitsina azabirukana mu...
23 December 2024 Yasuwe: 268 0

Bruce Melodie yatanze umusogongero wa album ye nshya

Bruce Melodie yatanze umusogongero wa album ye nshya yise “Colorful Generation”, yaguzwe 26.182.400 Frw, n’abarimo Munyakazi Sadate ndetse na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier...
22 December 2024 Yasuwe: 370 0

Amerika yarashe indege yayo y’intambara iyita iy’ibyihebe

Ingabo za Amerika zirwanira mu mazi zari mu Nyanja Itikura zahanuye indege y’igisirikare cy’igihugu cyabo yo mu bwoko bwa F/A-18 zikanze ko ari iy’ibyihebe by’aba-Houthi muri Yemen.
22 December 2024 Yasuwe: 1038 0

Abarenga 17% bagororewe Iwawa basubizwayo

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Igororamuco, NRS cyatangaje ko 17% by’abantu baba baragororewe mu kigo ngororamuco cya Iwawa bongera gusubirayo, nyuma yo gusubira mu bikorwa biba byatumye bajya...
22 December 2024 Yasuwe: 260 0

Lubero: M23 yafashe Kamandi-Lac nyuma yo gufata Kamandi-Gite

Kuri uyu wa Gatandatu, itariki ya 21 Ukuboza 2024, nyuma ya saa sita, Ingabo z’Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC) rirwanya ubutegetsi bwa Perezida Felix Tshisekedi, zafashe agace ka...
22 December 2024 Yasuwe: 921 0

USA: Biden yasinye itegeko ribuza ibikorwa bya leta guhagarara

Kuri uyu wa Gatandatu, itariki 21 Ukuboza 2024, Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, yasinye itegeko ribuza ibikorwa bya leta guhagarara, rigena ingengo y’imali igomba gukoreshwa...
22 December 2024 Yasuwe: 378 0

EASF yasoje inama y’inzego za politiki i Kigali yarimo Ntibantunganya

Kuri uyu wa Gatandatu, itariki 21 Ukuboza 2024, nyuma y’iminsi itandatu yo kungurana ibitekerezo, muri Kigali Convention Center, hasojwe inama ya 33 y’inzego za politiki mu Mutwe w’Ingabo za...
22 December 2024 Yasuwe: 391 0