skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Amavubi :Abakinnyi 11 bashobora kubanza mu kibuga

Mu mukino wa mbere wo gushaka itike y’Igikombe cy’Afurika u Rwanda rurakina na Libya barikumwe mu itsinda rya Kane aho barikumwe na Nigeria ,Benin,na Libya, hari abakinnyi 11 bashobora ku banza mu...
4 September 2024 Yasuwe: 794 0

AFCON2025: Ibivugwa mbere y’umukino w’u Rwanda na Libya imikino iheruka kubahuza

Umunsi wa mbere wo gusahaka itike yo kujya mu gikombe cya Afurika 2025 kizabera muri Morocco ikipe y’Igihugu ya Libya irakira u Rwanda kuri uyu wa Gatatu tariki 4 Nzeri 2024 kuri sitade yitiriwe...
4 September 2024 Yasuwe: 444 0

Ibyo gushinga agatsiko, guhunga igihugu, RIB yavuze ku marira ya Yago

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha rwavuze ko nubwo umuhanzi Nyarwaya Innocent wamenyekanye nka Yago ari hanze agikorwaho iperereza ku byaha ari gukurikiranwaho. Hashize igihe ku mbuga...
4 September 2024 Yasuwe: 917 0

Dr Kiiza Besigye yashenguwe n’iraswa rya Bobi Wine

Umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda, Dr. Kiiza Besigye, yashenguwe n’iraswa rya Robert Kyagulanyi wamenyekanye mu muziki nka Bobi Wine, akaba umuyobozi w’ishyaka rihanganye...
4 September 2024 Yasuwe: 856 0

Cabo Delgado: Ingabo z’u Rwanda zaguye mu gico cy’ibyihebe

Mu ijoro ryo ku wa Gatandatu, ibyihebe byiyitira Isilamu byateze igico abapolisi/ingabo zo mu Rwanda zari mu irondo, mu karere ka Mocimboa da Praia, mu majyaruguru ya Mozambike mu ntara ya Cabo...
4 September 2024 Yasuwe: 2335 0

USA: Abayobozi ba Hamas barimo Sinwar bashinjwe ibyaha 7 bifitanye isano n’igitero kuri Israel

Amerika yashinje umuyobozi wa Hamas, Yahya Sinwar n’abandi bantu benshi bakomeye bo mu mutwe w’Abanyalesitine wa Hamas ku gitero cyagabwe muri Israel ku itariki ya 7 Ukwakira umwaka ushize....
4 September 2024 Yasuwe: 157 0

APR FC yafashijwe n’abanyamahanga gutsinda Mukura VS mu mukino wa gicuti

Ikipe ya APR FC yatsinze Mukura VS ibitego 3-2 mu mukino wa gucuti wabereye kuri Kigali Pele Stadium ibitego byatsinzwe n’abakunnyi b’abanyamahnga.
3 September 2024 Yasuwe: 691 0

Zelensky yemeje ko u Burusiya bwahitanye abasirikare be n’Abaturage mu gitero bwabagabyeho

Kuri uyu wa kabiri tariki 3 Nzeri 2024 Perezida wa Ukraine Zelensky yatangaje ko u Burusiya bwagabye igitero ku kigo cy’imyitozo cya gisirikare ndetse n’ibitaro biherereye mu Burengerazuba bwa...
3 September 2024 Yasuwe: 1156 0

APR FC yashyize hanze imyenda yabafana bayo inatangaza ibiciro ku mukino wayo na Pyramids

Mu mafofo ikipe ya APR FC yashyize hanze imyenda y’abafana baza koresha mu mwaka w’imikino 2024-25 ndetse itangaza ibiciro ku mukino ifitanye na Pyramids muri Caf Champions League tariki 13 Nzeri...
3 September 2024 Yasuwe: 816 0

Ikipe ya Al-Masafi yo muri Iraq yerekanye Usengimana Faustin

Ikipe ya Al- Masafi yatangaje ko yamaze gusinyisha Umunyarwanda Usengimana Faustin ndetse ihita imwerekana nk’umukinyo wayo mushya .
3 September 2024 Yasuwe: 220 0
0 | ... | 2350 | 2360 | 2370 | 2380 | 2390 | 2400 | 2410 | 2420 | 2430 | ... | 2880