Perezida wa Koreya y’Epfo, Yoon Suk Yeol, wamaze guhagarikwa nyuma yo guterwa icyizere n’Inteko Ishinga Amategeko, yagaragaje ko yiteguye kwiregura mu rukiko kandi akabyikorera ku giti cye, aho...
Minisitiri wa Siporo, Ubugeni n’Umuco muri Afurika y’Epfo, Gayton Mckenzie, yatangaje ko iki gihugu gishaka kwakira Grand Orix ya Formula One mu mwaka w’imikino wa 2027, ndetse bishoboka no kuba mu...
Guverinoma y’u Rwanda isobanura ko itsimbaraye ku kuba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yajya mu mishyikirano n’umutwe wa M23, kuko uyu mutwe ari ikibazo ku mutekano warwo.
Irasubiza Alliance, wamenyekanye cyane ubwo yegukanaga ikamba rya Miss Popularity mu irushanwa rya Miss Rwanda 2020, yakoze ubukwe mu birori byabereye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
Imyaka ya Jennifer Lopez yongeye guhagurutsa amarangamutima ya benshi, mu birori byo kumurika filime ye yise ‘Unstoppable,’ ubwo yabwirwaga ko amaze gukura cyane, benshi bagakeka ko iyi mvugo...
Umuririmbyi w’umunya-Uganda, Moses Ssali wamenyekanye mu muziki nka Bebe Cool, yatangiye gushyira hanze ibihangano bigize album ye nshya ifite amahirwe menshi yo kumurikirwa mu Mujyi wa Kigali.