skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Zabyaye amahari hagati ya Gen Muhoozi na Lt Gen Elwelu

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangiye kugaba ibitero kuri Lt Gen Peter Elwelu usanzwe ari umwungiriza we.
19 December 2024 Yasuwe: 2297 0

Syria: Ubuyobozi bwasabye gukurirwaho ibihano by’ubukungu

Ahmed al-Sharaa uherutse kuyobora ibitero by’umutwe wa Hayat Tahrir al-Sham (HTS) uherutse gukura Bashir al-Assad ku butegetsi muri Syria, yatangaje ko igihe kigeze ibihano by’ubukungu byafatiwe...
19 December 2024 Yasuwe: 280 0

Koreya y’Epfo: Perezida Yoon Suk Yeol wahagaritswe yiteguye kwisobanura mu rukiko

Perezida wa Koreya y’Epfo, Yoon Suk Yeol, wamaze guhagarikwa nyuma yo guterwa icyizere n’Inteko Ishinga Amategeko, yagaragaje ko yiteguye kwiregura mu rukiko kandi akabyikorera ku giti cye, aho...
19 December 2024 Yasuwe: 235 0

Formula 1: Afurika y’Epfo mu nzira zo guhangana n’u Rwanda mu kwakira Grand Prix

Minisitiri wa Siporo, Ubugeni n’Umuco muri Afurika y’Epfo, Gayton Mckenzie, yatangaje ko iki gihugu gishaka kwakira Grand Orix ya Formula One mu mwaka w’imikino wa 2027, ndetse bishoboka no kuba mu...
19 December 2024 Yasuwe: 373 0

Tanzania: Tundu Lisu yagaragaje ko hari abashaka guteza umwuka mubi mu ishyaka CHADEMA

Visi Perezida w’ishyaka CHADEMA ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Tanzania, Tundu Lisu, yagaragaje ko hari abashaka guteza umwiryane mu bayobozi bakuru baryo.
19 December 2024 Yasuwe: 187 0

Kuki u Rwanda rushishikajwe no kuba RDC yajya mu mishyikirano na M23?

Guverinoma y’u Rwanda isobanura ko itsimbaraye ku kuba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yajya mu mishyikirano n’umutwe wa M23, kuko uyu mutwe ari ikibazo ku mutekano warwo.
19 December 2024 Yasuwe: 538 0

Miss Irasubiza yakoreye ubukwe muri Amerika (Amafoto)

Irasubiza Alliance, wamenyekanye cyane ubwo yegukanaga ikamba rya Miss Popularity mu irushanwa rya Miss Rwanda 2020, yakoze ubukwe mu birori byabereye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
19 December 2024 Yasuwe: 482 0

Ghana: Urukiko rwemeje itegeko rihana abatinganyi

Urukiko rw’Ikirenga rwa Ghana rwemeje itegeko rihana abatinganyi babarizwa mu muryango wa LGBTQ, nyuma yo gutesha agaciro ubusabe bubiri bwo kurihindura.
19 December 2024 Yasuwe: 218 0

Jennifer Lopez yashimiye abafana be bamaranye imyaka 33

Imyaka ya Jennifer Lopez yongeye guhagurutsa amarangamutima ya benshi, mu birori byo kumurika filime ye yise ‘Unstoppable,’ ubwo yabwirwaga ko amaze gukura cyane, benshi bagakeka ko iyi mvugo...
18 December 2024 Yasuwe: 308 0

Bebe Cool ari mu mushinga wo kumurikira album ye nshya i Kigali

Umuririmbyi w’umunya-Uganda, Moses Ssali wamenyekanye mu muziki nka Bebe Cool, yatangiye gushyira hanze ibihangano bigize album ye nshya ifite amahirwe menshi yo kumurikirwa mu Mujyi wa Kigali.
18 December 2024 Yasuwe: 249 0