Byari biteganyijwe ko Perezida Paul Kagame w’u Rwanda yari guhurira na Félix Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo i Luanda muri Angola tariki ya 15 Ukuboza 2024, kugira ngo...
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko yabonye Imana n’amaso ye ubwo yari mu giterane gisoza umwaka cyabaye tariki ya 31 Ukuboza 2024.
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungirehe, yashimye imigendekere y’igitaramo The Ben yakoreye muri BK Arena mu ijoro ryo ku wa 1 Mutarama 2025.
Abantu bagera ku icumi ni bo bapfuye, abandi benshi barakomereka, ubwo imodoka yo mu bwoko bwa SUV yiraraga mu baturage benshi bari bateraniye mu gace ka Louisiana muri New Orleans, mu birori byo...
Amasezerano y’imyaka itanu yo kohereza gaz y’Abarusiya iciye muri Ukraine igana i Burayi, yarangiye kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 1 Mutarama 2025, nyuma y’uko leta ya Kyiv yanze kuyongera.