Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko guhera mu kwezi gutaha kwa Mutarama ingabo ayoboye zizatangira kugaba ibitero ku bacanshuro b’abazungu bari mu duce two mu...
Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda (IGP), CG Felix Namuhoranye ari mu ruzinduko rw’akazi muri Ethiopia rugamije gushimangira ubufatanye hagati ya Polisi z’ibihugu byombi mu bijyanye no gucunga...
Leta ya Uganda yategetswe n’urukiko muri iki gihugu kwishyura miliyoni 10 z’amashilingi akoreshwa muri icyo gihugu ni ukuvuga amadolari ya Amerika 2,740 kuri buri muntu wahitanywe na Thomas Kwoyelo...
Umutwe wa M23 ku wa Mbere tariki ya 16 Ukuboza wemeje ko wigaruriye utundi duce two muri Teritwari ya Lubero, nyuma yo kutwambura ihuriro ry’Ingabo za Leta ya RDC.
Imitwe y’Ingabo za Koreya ya Ruguru zirwanira u Burusiya yagize igihombo cy’abasirikare nibura 30 bishwe cyangwa bakomerekeye mu Karere ka Kursk mu Burusiya mu mpera z’icyumweru gishize, nkuko...
Umutwe wa M23 wigaruriye Umujyi muto wa Matembe wo muri Teritwari ya Lubero, nyuma y’imirwano ikomeye yawusakiranyije n’ihuriro ry’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
Perezida Yoweri Museveni wa Uganda, kuri iki Cyumweru, itariki 15 Ukuboza 2024, yatangaje imigambi yo gutangira gukurikiranira hafi ibikorwa by’abayobozi b’amadini bavuga ko bakora ibitangaza byo...