skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Chancelier w’u Budage yatakarijwe icyizere

Chancelier w’u Budage, Olaf Scholz, yatakarijwe icyizere n’Inteko Ishinga Amategeko y’icyo gihugu, bituma amatora yo gusimbura Guverinoma azaba muri Gashyantare 2025, mbere y’igihe cyari giteganyijwe.
17 December 2024 Yasuwe: 563 0

Gen Muhoozi yateguje ibitero ku bacanshuro b’abazungu bari muri RDC

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko guhera mu kwezi gutaha kwa Mutarama ingabo ayoboye zizatangira kugaba ibitero ku bacanshuro b’abazungu bari mu duce two mu...
17 December 2024 Yasuwe: 920 0

Polisi ya Ethiopia irashima uruhare rwa RNP mu kurwanya ibyaha byambukiranya imipaka mu karere

Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda (IGP), CG Felix Namuhoranye ari mu ruzinduko rw’akazi muri Ethiopia rugamije gushimangira ubufatanye hagati ya Polisi z’ibihugu byombi mu bijyanye no gucunga...
17 December 2024 Yasuwe: 238 0

Uganda: Leta ni yo izishyura indishyi kuri bamwe mu bahuye n’ubugome bwa LRA

Leta ya Uganda yategetswe n’urukiko muri iki gihugu kwishyura miliyoni 10 z’amashilingi akoreshwa muri icyo gihugu ni ukuvuga amadolari ya Amerika 2,740 kuri buri muntu wahitanywe na Thomas Kwoyelo...
17 December 2024 Yasuwe: 249 0

M23 yabyinnye intsinzi nyuma yo gusatira imijyi ya Lubero na Butembo

Umutwe wa M23 ku wa Mbere tariki ya 16 Ukuboza wemeje ko wigaruriye utundi duce two muri Teritwari ya Lubero, nyuma yo kutwambura ihuriro ry’Ingabo za Leta ya RDC.
17 December 2024 Yasuwe: 902 0

Ukraine irigamba kwica abasirikare nibura 30 ba Koreya ya Ruguru muri Kursk

Imitwe y’Ingabo za Koreya ya Ruguru zirwanira u Burusiya yagize igihombo cy’abasirikare nibura 30 bishwe cyangwa bakomerekeye mu Karere ka Kursk mu Burusiya mu mpera z’icyumweru gishize, nkuko...
16 December 2024 Yasuwe: 884 0

Lubero: M23 yigaruriye Umujyi mushya

Umutwe wa M23 wigaruriye Umujyi muto wa Matembe wo muri Teritwari ya Lubero, nyuma y’imirwano ikomeye yawusakiranyije n’ihuriro ry’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
16 December 2024 Yasuwe: 1623 0

Uganda: Museveni agiye gukurikiranira hafi abanyamadini bavuga ko bakiza indwara

Perezida Yoweri Museveni wa Uganda, kuri iki Cyumweru, itariki 15 Ukuboza 2024, yatangaje imigambi yo gutangira gukurikiranira hafi ibikorwa by’abayobozi b’amadini bavuga ko bakora ibitangaza byo...
16 December 2024 Yasuwe: 550 0

Korea y’Epfo: Urukiko rwatangiye gusuzuma niba Perezida Yoon akwiye kwegura

Urukiko rw’itegeko nshinga rwa Korea y’Epfo rwatangiye kuburanisha urubanza rwo kweguza Perezida Yoon Suk Yeol, wabujijwe gutangaza ibihe bidasanzwe mu gihugu ashyiraho amategeko yo mu bihe...
16 December 2024 Yasuwe: 251 0

Abagore bigaragambije ku biro bya Loni bambaye ubusa batawe muri yombi

Abagore babiri bigaragambije bambaye ubusa biyanditseho amagambo y’ibitutsi imbere y’ibiro bya Loni i Genève banenga ko uyu muryango ntacyo uri gukora ku ntambara y’u Burusiya na Ukraine, batawe...
16 December 2024 Yasuwe: 831 0