Ibirego bishya bimaze iminsi bishikirizwa Gen.Byiringiro huzuyemo ko akwiye kuvana Gen.Omega k’umwanya wa Komanda FOCA,kuko basanze ari igikoresho cy’umwanzi
Ku munsi wa nyuma w’isoko ry’igura n’igurisha mu Gihugu cy’u Bwongereza ikipe ya Arsenal yatijwe Raheem Sterling avuye muri Chelsea mu gihe Victor Osimhen wifuzwaga na Chelsea yagumye muri Napol,...
Ku mugoroba wo ku wa Gatanu, tariki 30 Kanama 2024, ni bwo Minisitiri wa Siporo mushya ari kumwe na Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), Munyantwali Alphonse basuye...