Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 13 Ukuboza 2024 yashyize François Bayrou ku mwanya wa Minisitiri w’Intebe, asimbura Michel Barnier uherutse gutakarizwa icyizere...
Nyuma yo gutorerwa kuyobora manda y’imyaka ine iri imbere, Komite Nyobozi nshya ya Rayon Sports iyobowe na Twagirayezu Thadée n’icyuye igihe yari iyobowe na Ngoga Roger, zakoze Ihererekanyabubasha...
Perezida wa Turikiya, Recep Tayyip Erdogan, yahamagaye kuri telefoni Umugaba Mukuru w’Ingabo za Sudani, Gen. Abdel-Fattah Burhan, amubwira ko yiteguye kugira uruhare mu gufasha iki gihugu kumvikana...
Umuyobozi w’Akarere ka Bugesera, Richard Mutabazi, yagaragaje ko ari ingenzi gufasha urubyiruko kugira ubumenyi ku buzima bw’imyororokere, kuko bituma bagira amahitamo meza abarinda ibishobora...
Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Mathilde Mukantabana yakiriye ibiganiro byahuje Abambasaderi bo ku Mugabane wa Afurika na Sheila Cherfilus-McCormick na Jonathan L. Jackson...