skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Sudani: Umutoza w’Ikipe y’Igihugu yasabye abakinnyi umusanzu mu guhagarika intambara

Umutoza w’Ikipe y’Igihugu ya Sudani, James Kwesi Appiah, yasabye abakinnyi kumva ko ari bo bagomba kugira uruhare mu kugarura amahoro mu gihugu binyuze mu kubona itike y’Igikombe cya Afurika...
1 January 2025 Yasuwe: 448 0

Perezida Kim Jong Un yahishuye umugambi wo guhangana na Amerika

Perezida wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong Un, yarahiriye gushyiraho politiki yo guhangana na Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, mu rwego rwo kongerera igihugu cye umutekano w’igihe kirekire.
1 January 2025 Yasuwe: 903 0

Kenya yaguze Drones z’intambara RDF yigeze kuvugwaho kurambagiza

Igisirikare cya Kenya kirwanira mu kirere cyakiriye drones z’intambara zo mu bwoko bwa Bayraktar TB2 zisanzwe zikorwa n’uruganda rwa Baykar Defence rw’Igisirikare cya Türkiye.
1 January 2025 Yasuwe: 1033 0

Trump yaburiye Hamas mu gihe yatangira akazi itararekura imbohe

Perezida wa Amerika watowe, Donald Trump, yavuze ko Hamas igomba kurekura vuba imbohe zajyanwe mu bunyage muri Gaza, ubwo yaganiraga n’abanyamakuru mu birori bye byo kwizihiza umwaka mushya iwe i...
1 January 2025 Yasuwe: 726 0

Polisi y’u Rwanda yashimye uko Abaturarwanda batangiye umwaka

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, ACP Boniface Rutikanga, yatangaje ko umwaka wa 2025 watangiye neza kuko Abaturarwanda bari batuje kandi byishimye, nta kibahungabanya.
1 January 2025 Yasuwe: 513 0

Otile Brown utegerejwe mu gitaramo cya The Ben yageze i Kigali

Umuhanzi Otile Brown wo muri Kenya unakunzwe mu Karere, yamaze kugera i Kigali, aho yitabiriye igitaramo cya The Ben yise ‘The New Year Groove’.
1 January 2025 Yasuwe: 294 0

2024: Ba Perezida 2 bo muri Afurika mu bantu 5 bahize abandi mu kurangwa na ruswa ku Isi

Ikigo gicukumbura ibyaha bya ruswa, kizwi nka ‘Organized Crime and Corruption Reporting Project (OCCRP)’, cyashyize Perezida William Samoei Ruto wa Kenya na mugenzi we Ahmed Bola Tinubu mu bantu...
1 January 2025 Yasuwe: 1310 0

Cote d’Ivoire nayo yasabye Ingabo z’u Bufaransa kugenda

Kuri uyu wa Kabiri, itariki 31 Ukuboza 2024, Cote d’Ivoire yatangaje ko Ingabo z’Abafaransa zizava muri iki gihugu, bikarangiza imyaka mirongo iki gisirikare cyari kihamaze.
1 January 2025 Yasuwe: 362 0

Gusobanuza bidashira, hafi ya buri kintu ni zimwe mu mpinduka zidutegereje mu busaza bwacu

Buri gihe iyo mbonye umusaza cyangwa umukecuru mpita nibuka ko nawe yabayeho inkumi cyangwa umusore ukomeye cyane. Gusa byose birangira ubuzima butwerekeje ahantu hamwe… Gusaza.
31 December 2024 Yasuwe: 704 0

Lubero: Abasirikare 23 ba FARDC bagejejwe mu rukiko bashinjwa guhunga M23

Abasirikare 23 ba FARDC bitabye urukiko kuva ku wa Mbere, itariki 30 Ukuboza 2024 imbere y’urukiko rwa gisirikare rwimukiye muri Gereza ya Butembo, muri Lubero-Centre, nibura mu bilometero 50 uvuye...
31 December 2024 Yasuwe: 436 0