skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Byahishuwe ko igitutu cyatumye Perezida Macron agira François Bayrou Minisitiri w’Intebe

Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 13 Ukuboza 2024 yashyize François Bayrou ku mwanya wa Minisitiri w’Intebe, asimbura Michel Barnier uherutse gutakarizwa icyizere...
14 December 2024 Yasuwe: 801 0

Komite ya Rayon Sports yakoze ihererekanyabubasha n’icyuye igihe

Nyuma yo gutorerwa kuyobora manda y’imyaka ine iri imbere, Komite Nyobozi nshya ya Rayon Sports iyobowe na Twagirayezu Thadée n’icyuye igihe yari iyobowe na Ngoga Roger, zakoze Ihererekanyabubasha...
14 December 2024 Yasuwe: 772 0

Bahawe gatanya, ndetse bongera gushakana inshuro 12

Muri Australia,umugabo n’umugore we barimo gukorwaho iperereza nyuma yo gukeka ko bari mu mukino wo gusezerana no gutandukana.
14 December 2024 Yasuwe: 2160 0

Cameroun yabaye igihugu cya mbere cyaguze peteroli y’uruganda rwa Dangote

Ikigo cya ’Dangote Petroleum Refinery and Petrochemicals’ gicukura kikanacuruza peteroli muri Nigeria, cyatangiye gucuruza iyi peteroli mu bindi bihugu birimo Cameroun, iyi ikaba n’imwe mu ntego...
14 December 2024 Yasuwe: 532 0

Jose Chameleone utegerejwe i Kigali, yajyanywe mu bitaro igitaraganya

Abakunzi b’umuziki muri Uganda bahangayikishijwe bikomeye n’ubuzima bwa Jose Chameleone uri mu bahanzi bakomeye muri icyo gihugu, ukomeje kugaragaza intege nke z’umubiri cyane ko amaze iminsi...
14 December 2024 Yasuwe: 575 0

Turikiya yagaragaje ubushake bwo kumvikanisha Sudani na Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu

Perezida wa Turikiya, Recep Tayyip Erdogan, yahamagaye kuri telefoni Umugaba Mukuru w’Ingabo za Sudani, Gen. Abdel-Fattah Burhan, amubwira ko yiteguye kugira uruhare mu gufasha iki gihugu kumvikana...
14 December 2024 Yasuwe: 229 0

Taylor Swift yahaye agahimbazamushyi ka miliyari 272 Frw abamufashije mu bitaramo bizenguruka Isi

Taylor Swift yasaranganyije miliyoni 197$ (arenga miliyari 270 Frw) nk’agahimbazamusyi, abamufashije mu bitaramo bizenguruka ibihugu bitandukanye ku Isi yise “Era Tour” aheruka gusoza, byari bimaze...
13 December 2024 Yasuwe: 344 0

Bugesera: Ubuyobozi bwagaragaje ko hakenewe imbaraga mu kwigisha ubuzima bw’imyororokere

Umuyobozi w’Akarere ka Bugesera, Richard Mutabazi, yagaragaje ko ari ingenzi gufasha urubyiruko kugira ubumenyi ku buzima bw’imyororokere, kuko bituma bagira amahitamo meza abarinda ibishobora...
13 December 2024 Yasuwe: 510 0

U Rwanda rwakiriye ibiganiro byahuje abayobozi ba Amerika n’Abambasaderi bo muri Afurika

Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Mathilde Mukantabana yakiriye ibiganiro byahuje Abambasaderi bo ku Mugabane wa Afurika na Sheila Cherfilus-McCormick na Jonathan L. Jackson...
13 December 2024 Yasuwe: 582 0

U Burusiya bwabujije abaturage babwo kujya muri Amerika

Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’u Burusiya yaburiye abaturage bayo ibabuza gukorera ingendo zidakenewe muri Amerika no mu bindi bihugu bifitanye umubano ukomeye na yo kuko bashobora gutabwa muri...
13 December 2024 Yasuwe: 825 0