Anna Kane wahoze ari umugore wa Evander Kane wamamaye mu mukino wa NHL, yabaye uwa mbere wigaragaje mu ruhererekane rw’abari baratanze ibirego bashinja P.Diddy kubahohotera ntibagaragaze amazina yabo.
Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente, yagaragaje amahirwe u Rwanda rwiteze mu nganda zubakwa kuko bizongera umusaruro w’ibikorerwa imbere mu Gihugu.
Perezida Bashar al Assad yahunze umurwa mukuru, Damascus, mu ndege yerekeje ahantu hatazwi, nk’uko byatangajwe n’abasirikare bakuru babiri b’Ingabo za Syria kuri iki Cyumweru bavugana n’Ibiro...
Ubucuti bw’abakundana ni urufunguzo rw’ubuzima bwiza, ariko muri uwo mubano hari byinshi bisaba kwihanganirana no kubabarirana. Abashakashatsi mu mibanire n’imyitwarire bemeza ko hari imyitwarire...
Ikipe ya TP Mazembe yo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) iri mu bibazo by’ingendo nyuma yo gusubikirwa urugendo rwayo rwo kujya gukina na Al Hilal muri Mauritania mu mikino ya CAF...