Umugaba Mukuru w’Ingabo z’igihugu cya Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba, yasabye ko Sudani yasaba imbabazi ku mugaragaro nyuma y’amagambo yatangajwe na Minisiteri y’ububanyi n’amahanga wa Sudani...
Abasirikare bane bo mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) n’umwe wo mu za Uganda (UPDF), bakomerekeye mu mirwano yasakiranyije impande zombi.
Umunyemari Elon Musk akaba n’Umuyobozi w’urwego rushinzwe kugira inama Ibiro by’Umukuru w’Igihugu ku ngingo zimwe na zimwe, yatangaje ko abayobozi mu nzego za Leta, abashoramari n’abandi bakwiye...
Umukinnyi w’amafilime w’icyamamare ku Isi, Denzel Washington, yemeje ukwemera kwe mu buryo bukomeye ubwo yabatizwaga akanahabwa icyangombwa cy’ubupasiteri ku wa Gatandatu, mu rusengero rwa Kelly...
Umutwe wa M23 urigamba gukwiza imishwaro ihuriro ry’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, nyuma y’imirwano yanagaragayemo indege z’intambara yaraye isakiranyije impande zombi.
Chorale de Kigali iri mu zikunzwe mu Rwanda kuri uyu wa 22 Ukuboza 2024 yaraye ikoreze igitaramo ngarukamwaka cya ‘Christmas Carols Live Concert’ kibanzirizwa umunsi mukuru w’ivuka rya Yezu uzwi...
Donald Trump watorewe kuyobora Amerika yatangaje ko akigera ku butegetsi ku munsi wa mbere azasinya amategeko na politike bihindura ibintu ku buryo abantu bihinduje igitsina azabirukana mu...
Bruce Melodie yatanze umusogongero wa album ye nshya yise “Colorful Generation”, yaguzwe 26.182.400 Frw, n’abarimo Munyakazi Sadate ndetse na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier...
Ingabo za Amerika zirwanira mu mazi zari mu Nyanja Itikura zahanuye indege y’igisirikare cy’igihugu cyabo yo mu bwoko bwa F/A-18 zikanze ko ari iy’ibyihebe by’aba-Houthi muri Yemen.