skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Ntabwo dukorera mu itangazamakuru kandi ntitunakoreshwa n’igitutu cyaryo: Meya wa Rulindo

Umuyobozi w’akarere ka Rulindo, Mukanyirigira Judith, yahakanye amakuru avuga ko yategetswe kugira Ndagijimana Froduald wahoze ari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’umurenge wa Mbogo umujyanama we;...
3 December 2024 Yasuwe: 2746 0

Hagiye gutangizwa igerageza mu kwishyuza umugenzi urugendo yakoze

Urwego rw’Igihugu rushinzwe kugenzura imikorere y’inzego zimwe z’imirimo ifitiye igihugu akamaro (RURA) rwatangaje ko guhera ku itariki ya 04 Ukuboza 2024, hazatangizwa igerageza ry’uburyo bushya...
3 December 2024 Yasuwe: 293 0

Perezida Trump yaburiye ibihugu bishaka gukora ifaranga ryabyo ryo guhangana n’Idolari

Perezida watowe wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yakanze Isi yose ahereye ku bihugu by’ibihangange bigize Umuryango wa BRICS, agaragaza ko umuntu wese uzagerageza kuzana irindi faranga...
2 December 2024 Yasuwe: 1174 0

Abafana benshi bapfiriye mu mukino wo gushyigikira kandidatire ya Perezida Mamady Doumbouya

Umubyigano wabereye mu mukino w’umupira w’amaguru muri Guinea wahitanye ubuzima bw’abantu benshi, nk’uko byemejwe na Minisitiri w’Intebe w’iki gihugu. Amashusho yacicikanye ku mbuga nkoranyambaga...
2 December 2024 Yasuwe: 1577 0

Perezida Kagame yasabiye ibihano ibihugu bya EAC birimo RDC n’u Burundi

Perezida Paul Kagame yagaragaje impungenge zo kuba hari bimwe mu bihugu bigize umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) bidatanga imisanzu; asaba ko byajya bifatirwa ibihano.
2 December 2024 Yasuwe: 1876 0

Perezida Biden yababariye umuhungu we wari warahamijwe ibyaha

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, yababariye umuhungu we, Robert Hunter Biden, wari warahamijwe ibyaha bifitanye isano n’imbunda yaguze mu buryo bunyuranyije n’amategeko n’icyo...
2 December 2024 Yasuwe: 786 0

Meghan Trainor aricuza kwitera imiti yongera ubwiza

Umuhanzikazi Meghan Trainor, wamamaye mu muziki yagaragaje ko kubera kwitera imiti ituma uruhu rusa neza, byamugizeho ingaruka zikomeye ku buryo guseka kuri we byabaye amateka.
2 December 2024 Yasuwe: 576 0

Ruhango: Abantu bane batawe muri yombi bakekwaho gusenya imva no kugura ibyuma byari bizubakishije

Inzego zishinzwe umutekano mu karere ka Nyanza ,zataye muri yombi abantu bakekwaho gusenya imva mu irimbi no kugura ibyuma byari byubakishije izo mva zashyinguwemo riherereye mu Murenge wa Ruhango .
1 December 2024 Yasuwe: 959 0

Kigali yaje ku mwanya wa 2 mu mijyi ikurura abantu muri Afurika

Ku wa 28 Ugushyingo, Kigali yashyizwe ku mwanya wa kabiri mu mijyi yoroshye kubamo no gushoramo imari muri Afurika ku rutonde rwa Africa Report, urubuga rw’itangazamakuru rwo muri Afurika, na Jeune...
1 December 2024 Yasuwe: 615 0

Perezida Biden ategerejwe mu ruzinduko azagirira muri Angola

Uruzinduko rwa Perezida Joe Biden muri Angola urwa mbere umuperezida w’Amerika agiriye muri iki gihugu cyo mu majyepfo ashyira uburengerazuba bw’Afurika ruribanda ku mushinga w’iyubakwa ry’umuhanda...
1 December 2024 Yasuwe: 358 0