Minisiteri Ishinzwe Ubutabazi, Minema, yatangaje ko hari gutegurwa impinduka mu buvuzi buhabwa impunzi zose ziri mu Rwanda, ku buryo umwaka wa 2025 zose zizajya zivuza zikoresheje Ubwisungane mu...
Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron yamaganywe na benshi nyuma yo kugaragara mu ruhame atuka abanya-Haiti ko ari ibicucu, kuko birukanye Garry Conille wari Minisitiri w’Intebe.
Imikino ya UEFA Champions League yakomeje gukinwa, ndetse Bayern Munich ifatirana Paris Saint-Germain iyitsinda igitego 1-0, mu gihe Manchester City yasuwe na Feyenoord ikananirwa kuyikuraho...
Harmonize yagaragaje ko Diamond Platnumz bamaze igihe batajya imbizi, atari umuhanzi uri ku rwego rwo kujya muri Grammy Awards yasabye guhatanamo uyu mwaka ntibimuhire.
Guhagarika imirwano hagati ya Israel n’umutwe w’abarwanyi bo muri Libani wa Hezbollah byatangiye gukurikizwa ku mugaragaro guhera saa kumi za mugitondo (0200 GMT) ku isaha yaho.