skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

DJ Dizzo yitabye Imana

DJ Dizzo wari umaze igihe ahanganye n’uburwayi bwa kanseri, yitabye Imana, nyuma y’imyaka igera kuri ibiri abwiwe n’abaganga ko atari kurenza muri Nyakanga 2022.
19 December 2024 Yasuwe: 808 0

Ndayishimiye yagaragaje ‘Coups d’État’ nk’impamvu Banki Nkuru y’u Burundi itiyubatse nk’iy’u Rwanda

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yatangaje ko Banki Nkuru y’igihugu cyabo yagowe no gutera imbere bitewe n’ihirikwa ry’ubutegetsi (Coups d’État) ryabaye inshuro eshanu.
19 December 2024 Yasuwe: 980 0

Huye: Kuganiriza abana ku buzima bw’imyororokere byagabanyije abaterwa inda

N’ubwo mu Karere ka Huye hakiboneka abangavu batwara inda, umubare wabo ugenda ugabanuka kandi kimwe mu byatumye bigenda bigerwaho, ngo ni ukuba ababyeyi baragiye batozwa kuganiriza abana ku buzima...
19 December 2024 Yasuwe: 183 0

Rubavu: Guverineri Ntibitura yasabye abaturage kwirinda gutiza FDLR umurindi

Guverineri w’Intara y’Uburengerazuba, Ntibitura Jean Bosco, yasabye abatuye akarere ka Rubavu kwirinda gutiza umurindi imitwe irimo FDLR igambiriye guhungabanya umutekano w’u Rwanda; ahubwo...
19 December 2024 Yasuwe: 629 0

Zabyaye amahari hagati ya Gen Muhoozi na Lt Gen Elwelu

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangiye kugaba ibitero kuri Lt Gen Peter Elwelu usanzwe ari umwungiriza we.
19 December 2024 Yasuwe: 2300 0

Syria: Ubuyobozi bwasabye gukurirwaho ibihano by’ubukungu

Ahmed al-Sharaa uherutse kuyobora ibitero by’umutwe wa Hayat Tahrir al-Sham (HTS) uherutse gukura Bashir al-Assad ku butegetsi muri Syria, yatangaje ko igihe kigeze ibihano by’ubukungu byafatiwe...
19 December 2024 Yasuwe: 282 0

Koreya y’Epfo: Perezida Yoon Suk Yeol wahagaritswe yiteguye kwisobanura mu rukiko

Perezida wa Koreya y’Epfo, Yoon Suk Yeol, wamaze guhagarikwa nyuma yo guterwa icyizere n’Inteko Ishinga Amategeko, yagaragaje ko yiteguye kwiregura mu rukiko kandi akabyikorera ku giti cye, aho...
19 December 2024 Yasuwe: 236 0

Formula 1: Afurika y’Epfo mu nzira zo guhangana n’u Rwanda mu kwakira Grand Prix

Minisitiri wa Siporo, Ubugeni n’Umuco muri Afurika y’Epfo, Gayton Mckenzie, yatangaje ko iki gihugu gishaka kwakira Grand Orix ya Formula One mu mwaka w’imikino wa 2027, ndetse bishoboka no kuba mu...
19 December 2024 Yasuwe: 376 0

Tanzania: Tundu Lisu yagaragaje ko hari abashaka guteza umwuka mubi mu ishyaka CHADEMA

Visi Perezida w’ishyaka CHADEMA ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Tanzania, Tundu Lisu, yagaragaje ko hari abashaka guteza umwiryane mu bayobozi bakuru baryo.
19 December 2024 Yasuwe: 197 0

Kuki u Rwanda rushishikajwe no kuba RDC yajya mu mishyikirano na M23?

Guverinoma y’u Rwanda isobanura ko itsimbaraye ku kuba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yajya mu mishyikirano n’umutwe wa M23, kuko uyu mutwe ari ikibazo ku mutekano warwo.
19 December 2024 Yasuwe: 539 0