U Burusiya bwakoze igisasu kidasanzwe, gishobora kurasa mu ntera ndende ariko idakabije, kikagenda ku muvuduko ukubye uw’ijwi nshuro 10, ni ukuvuga ko kigenda ibilometero ibihumbi 12 ku isaha.
Umutoza wa Manchester City, Pep Guardiola, yavuze ko adateganya gutererana iyi kipe nubwo yaba yahawe ibihano ikamanurwa mu Cyiciro cya Kabiri mu gihe yahamwa n’ibyaha byo kurenga ku mategeko yo...
Robot yo mu bitaro by’Ishami rya Kaminuza ya New York rishinzwe ubuvuzi, yabaze umugore w’imyaka 57 y’amavuko witwa Cheryl Mehrkar, imushyiramo ibindi bihaha.
Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda (IGP), CG Felix Namuhoranye, ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 21 Ugushyingo 2024, yakiriye ku cyicaro gikuru cya Polisi ku Kacyiru, itsinda...