Abaraperi biganjemo abazagaragara mu gitaramo ‘Icyumba cya Rap’ ndetse n’abanyamakuru b’imyidagaduro bagiye gusakirana mu mukino wa gicuti n’ikipe y’abanyamakuru ba siporo mu Rwanda (AJSPOR).
Bruce Melodie yavuze ko nta kibazo afitanye na The Ben, nyuma y’uko hari amakuru yakunze gucicikana agaragaza ko aba bahanzi bombi bafite amazina akomeye mu Rwanda badacana uwaka, uretse ko ibi uyu...
Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 13 Ukuboza 2024 yashyize François Bayrou ku mwanya wa Minisitiri w’Intebe, asimbura Michel Barnier uherutse gutakarizwa icyizere...
Nyuma yo gutorerwa kuyobora manda y’imyaka ine iri imbere, Komite Nyobozi nshya ya Rayon Sports iyobowe na Twagirayezu Thadée n’icyuye igihe yari iyobowe na Ngoga Roger, zakoze Ihererekanyabubasha...
Perezida wa Turikiya, Recep Tayyip Erdogan, yahamagaye kuri telefoni Umugaba Mukuru w’Ingabo za Sudani, Gen. Abdel-Fattah Burhan, amubwira ko yiteguye kugira uruhare mu gufasha iki gihugu kumvikana...