skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Ukraine yagabye igitero mu mujyi wa Taganrog w’u Burusiya, gisenya inganda

Guverineri w’Umujyi wa Taganrog uri mu Majyepfo y’u Burusiya, Yuri Slyusar yatangaje ko ingabo za Ukraine zarashe ibisasu mu cyanya cy’inganda cyo muri uyu mujyi hangirika byinshi ariko nta muntu...
11 December 2024 Yasuwe: 893 0

Amerika yatangiye guhigisha uruhindu abahoze mu butegetsi bwa Bashar al-Assad

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko zashyizeho impapuro zo guta muri yombi abatasi babiri bo ku rwego rwo hejuru bahoze mu butegetsi bwa Syria kubera ibikorwa by’iyicarubozo bakoreye...
10 December 2024 Yasuwe: 1063 0

Umusifuzi watutse Liverpool na Jürgen Kloop yahagaritswe burundu

Ishyirahamwe ry’Abasifuzi muri Shampiyona y’u Bwongereza (PGMOL), ryahagaritse burundu umusifuzi David Coote nyuma yo kugaragara mu mashusho yibasira ikipe ya Liverpool ndetse na Jürgen Klopp...
10 December 2024 Yasuwe: 584 0

Ibice M23 yafashe byarenze kure ibyo yagenzuraga mu 2012

Umuyobozi w’ubutumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Bintou Keita, yatangaje ko ibice umutwe witwaje intwaro wa M23 ugenzura ubu bikubye kabiri...
10 December 2024 Yasuwe: 860 0

Autriche yahagaritse kwakira impunzi zo muri Syria

Igihugu cya Autriche cyahagaritse kongera kwakira impunzi zo muri Syria ndetse gitangaza ko n’izihari zigiye gusubizwa iwabo, nyuma y’umunsi umwe ubutegetsi bwa Bashar al Assad bukuweho.
10 December 2024 Yasuwe: 328 0

Loni yemeje ko ingabo z’u Burundi zirenga 35 ziciwe muri Kivu y’Amajyepfo

Raporo y’impuguke z’Umuryango w’Abibumbye yemeje ko hagati ya tariki ya 25 Nzeri n’iya 26 Ukwakira 2024, ingabo z’u Burundi zirenga 35 zikorera mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika...
10 December 2024 Yasuwe: 836 0

Zelensky yamaganye Donald Trump wasabye Ukraine n’u Burusiya guhagarika intambara

Perezida wa Ukraine, Vlodymir Zelensky yamaganiye kure igiteketezo cya Donald Trump wamusabye guhagarika intambara n’u Burusiya byihuse, hagashakwa igisubizo mu buryo bw’ibiganiro hagati y’impande...
10 December 2024 Yasuwe: 849 0

Horaţiu Potra woherereje RDC abacanshuro bo kiyifasha M23 yatawe muri yombi

Horaţiu Potra ukuriye abacanshuro b’Abanyaburayi Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yitabaje ngo bayifashe guhangana n’umutwe wa M23, yatawe muri yombi na Polisi ya Romania.
9 December 2024 Yasuwe: 2561 0

U Rwanda rushobora kwakira CHAN 2024

U Rwanda rushobora kwiyongera kuri Uganda na Tanzania mu kwakira irushanwa rya CHAN 2024 mu gihe Kenya itarangije ibikorwa byo gusana Ikibuga cya Moi International Sports Centre, Kasarani, mbere...
9 December 2024 Yasuwe: 919 0

Abakinnyi ba USM Alger bakubiswe n’abafana bagirwa intere

Ku Cyumweru, tariki ya 8 Ukuboza 2024, mu mukino wahuje ASC Jaraaf yo muri Senegal na USM Alger yo muri Algeria, habaye amakimbirane akomeye. Amakuru avuga ko bamwe mu bafana ba ASC Jaraaf bateye...
9 December 2024 Yasuwe: 1386 0