skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Ubwizigame bw’amadovize y’igihugu bwariyongereye bugera ku yakoreshwa amezi 4,7

Banki Nkuru y’u Rwanda, BNR yatangaje ko ubwizigame bw’igihugu mu madovize bwavuye kuri miliyari 1.827 $ muri Kamena 2023 bugera kuri miliyoni 2.039 $ muri Kamena 2024, byanatumye ubu igihugu...
20 November 2024 Yasuwe: 284 0

Zelensky yasabye abategereje amatora ya Perezida vuba, gusubiza amerwe mu isaho

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yatangaje ko igihugu cye kigomba kubanza kubona amahoro, mbere y’uko haba amatora y’Umukuru w’Igihugu.
20 November 2024 Yasuwe: 662 0

Kitoko agiye gusohora igitabo kivuga ku iterambere ry’umuziki Nyarwanda

Kitoko Bibarwa yatangaje ko ageze kure umushinga wo kwandika igitabo kivuga ku muziki, akaba ateganya kugishyira hanze mu minsi iri imbere.
20 November 2024 Yasuwe: 284 0

MINISPORTS yijeje gukomeza gushyigikira ibikorwa bizamura Handball y’u Rwanda

Minisiteri ya Siporo yijeje ko izakomeza gushyigikira ibikorwa by’Ishyirahamwe ry’Umukino wa Handball mu Rwanda birimo n’ikipe z’Igihugu zimaze iminsi zifite umusaruro mwiza.
20 November 2024 Yasuwe: 150 0

Ibitaravuzwe ku ifatwa ry’amashusho y’indirimbo ya Bwiza na The Ben

Bwiza yamaze gushyira hanze amashusho y’indirimbo ye nshya yise ‘Best friend’ aho yayifatanyije na The Ben, gusa umushinga wo kuyikora ntabwo wari woroshye kuko byinshi mu byari byateguwe mu ifatwa...
20 November 2024 Yasuwe: 733 0

U Budage bwihanangirije u Bushinwa bushinjwa gufasha u Burusiya mu ntambara na Ukraine

Mu nama y’abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga bo mu muryango w’Ubumwe bw’Uburayi (EU) yabereye mu Bubiligi kuri uyu wa 18 Ugushyingo 2024, u Budage bwateguje u Bushinwa ko bushobora gufatirwa...
19 November 2024 Yasuwe: 742 0

Muzungu Boda wamamaye muri Uganda yahambirijwe, asubizwa iwabo

Minisiteri y’Umutekano imbere mu gihugu muri Uganda, yatangaje ko Reid Samuel James wamamaye ku mbuga nkoranyambaga nka Muzungu Boda yirukanywe asubizwa mu gihugu cye, kubera gukorera mu gihugu mu...
19 November 2024 Yasuwe: 1597 0

Minicom yahawe ukwezi kumwe ko gukemura ikibazo cy’umuceri uhombera abaturage

Abadepite bagaragaje ko urwego rw’ubuhinzi rwugarijwe n’ibibazo bitandukanye birimo ikibazo cy’ibiciro by’umuceri uhingwa mu Rwanda kikiri hejuru, isaba Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda kugikemura...
19 November 2024 Yasuwe: 393 0

Polisi y’u Rwanda yahakanye iby’itabwa muri yombi rya Miss Muheto

Polisi y’u Rwanda yanyomoje amakuru y’itabwa muri yombi rya Miss Muheto Divine, nyuma y’amasaha bihwihwiswa ku mbuga nkoranyambaga.
19 November 2024 Yasuwe: 5006 0

U Budage bugiye guha Ukraine drones z’intambara zikoresha AI

U Budage bwemeye gutanga drones 4000 z’intambara zikoresha ikoranabuhanga ry’Ubwenge Bukorano (AI), mu rwego rwo kuzifashisha mu ntambara icyo gihugu gihanganyemo n’u Burusiya.
19 November 2024 Yasuwe: 923 0