skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Lubero: M23 yigaruriye Umujyi mushya

Umutwe wa M23 wigaruriye Umujyi muto wa Matembe wo muri Teritwari ya Lubero, nyuma y’imirwano ikomeye yawusakiranyije n’ihuriro ry’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
16 December 2024 Yasuwe: 1629 0

Uganda: Museveni agiye gukurikiranira hafi abanyamadini bavuga ko bakiza indwara

Perezida Yoweri Museveni wa Uganda, kuri iki Cyumweru, itariki 15 Ukuboza 2024, yatangaje imigambi yo gutangira gukurikiranira hafi ibikorwa by’abayobozi b’amadini bavuga ko bakora ibitangaza byo...
16 December 2024 Yasuwe: 552 0

Korea y’Epfo: Urukiko rwatangiye gusuzuma niba Perezida Yoon akwiye kwegura

Urukiko rw’itegeko nshinga rwa Korea y’Epfo rwatangiye kuburanisha urubanza rwo kweguza Perezida Yoon Suk Yeol, wabujijwe gutangaza ibihe bidasanzwe mu gihugu ashyiraho amategeko yo mu bihe...
16 December 2024 Yasuwe: 255 0

Abagore bigaragambije ku biro bya Loni bambaye ubusa batawe muri yombi

Abagore babiri bigaragambije bambaye ubusa biyanditseho amagambo y’ibitutsi imbere y’ibiro bya Loni i Genève banenga ko uyu muryango ntacyo uri gukora ku ntambara y’u Burusiya na Ukraine, batawe...
16 December 2024 Yasuwe: 833 0

Chriss Eazy yishimiwe mu gitaramo yakoreye mu Bubiligi

Chriss Eazy uri mu bahanzi bagezweho muri iki gihe, yishimiwe mu gitaramo yakoreye mu Mujyi wa Bruxelles mu Bubiligi.
16 December 2024 Yasuwe: 262 0

Afurika y’Epfo: Chris Brown yacanye umucyo mu gitaramo cyabanjirijwe n’induru

Chris Brown yashimishije abafana basaga ibihumbi 94 kuri Stade ya ‘FNB Stadium’ iri muri Johannesburg muri Afurika y’Epfo.
16 December 2024 Yasuwe: 349 0

Meddy yakoreye igitaramo cya mbere muri Canada

Meddy yakoreye igitaramo cye cya mbere muri Canada mu ruhererekane rw’ibyo azahakorera.
16 December 2024 Yasuwe: 331 0

Ibyerekezo 24 muri Kigali byongewemo uburyo bwo kwishyura amafaranga ahwanye n’urugendo

RURA yatangaje ko guhera kuri uyu wa Mbere tariki 16 Ukuboza, ibyerekezo (lignes) 24 bikoreramo imodoka zitwara abagenzi mu mujyi wa Kigali, bizongerwa mu buryo bushya bwo kwishyura amafaranga...
16 December 2024 Yasuwe: 536 0

Manchester United yatsinze Manchester City ikomeza kwicuma muri Premier League

Manchester United yavuye inyuma yishyura igitego yari yatsinzwe na Manchester City ndetse yongeraho ikindi, yicumaho umwanya umwe ku rutonde rwa Shampiyona y’u Bwongereza.
16 December 2024 Yasuwe: 388 0

ABC News igiye kwishyura miliyoni 15$ Donald Trump yatangajeho ibinyoma

Ikinyamakuru ABC News kiri mu bikomeye muri Amerika, cyemeye kwishyura Donald Trump miliyoni 15$ nyuma y’aho akijyanye mu nkiko agishinja kumutangazaho amakuru y’ibinyoma.
15 December 2024 Yasuwe: 575 0