Umuhanzi Khalid Donnel Robinson [Khalid] wamamaye mu njyana zirimo ’R&B’ na ‘Pop’ muri Amerika no ku isi yose, yatunguranye atangaza ko aryamana n’abagabo bagenzi be.
Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda ya Basketball yatsinze iya Gabon amanota 90-63 iba intsinzi ya mbere rubonye mu mukino yo gushaka itike y’Igikombe cya Afurika.
Ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika zirwanira mu kirere (USAF) zatangaje ko hejuru y’ibigo bitatu bikoreramo izo ngabo mu Bwongereza, hagaragaye indege zitagira abapilote (Drones), abazibonye...
Inzego z’umutekano muri Norvege zatangaje ko umuzamu wakoreraga kuri Ambasade ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri Norvege yatawe muri yombi akekwaho gukorera ubutasi ibihugu by’u Burusiya na Irani.
Muru iki gitondo, mu nzira iva mu karere ka gicumbi werekeza i Musanze habereye impanuka ikomeye y’imodoka yari itwaye abantu bivugwa ko bari bitabiriye inama yaberaga mu karere ka amusanze.
Colorado Springs Switchbacks FC yatsinze Rhode Island FC ikinamo Kwizera Jojea ibitego 3-0 yegukana Igikombe cya Shampiyona cy’Icyiciro cya Kabiri muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
Umunyarwanda Jason Havuga Nshimye usanzwe ari umusirikare mu ngabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika zirwanira mu kirere, yazamuwe mu ntera ahabwa ipeti rya Lieutenant.