skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

FDNB yateye utwatsi ibivugwa na RED-Tabara ko yishe Ingabo zayo zirimo colonel

Mu itangazo yanyujije kuri X, Umuvugizi w’Igisirikare cy’u Burundi yavuze ko ibivugwa n’umutwe wa RED-Tabara “nta ukwiye kubiha agaciro”, yongeraho ko igisirikare cy’u Burundi “vuba kirabereka...
27 November 2024 Yasuwe: 212 0

Ed Sheeran yasabye imbabazi umutoza wa Manchester United

Umuhanzi Ed Sheeran, yasabye imbabazi umutoza wa Manchester United, Ruben Amorim nyuma y’uko amurogoye bigatuma ikiganiro yagiranaga n’itangazamakuru gihagarara.
26 November 2024 Yasuwe: 691 0

Ukuntu Hip Hop yahinduye ubuzima bwa Rider Man akiyumva nk’uvutse bwa kabiri

Umuraperi Riderman, umwe mu bahanzi bakomeye mu njyana ya Hip Hop mu Rwanda, yagaragaje uko iyi njyana yatumye ahindura imitekerereze ndetse n’ubuzima. Abinyujije ku rubuga rwe rwa Instagram,...
26 November 2024 Yasuwe: 276 0

Misiri: Imirambo 3 muri 17 niyo imaze kuboneka nyuma y’irohama ry’ubwato

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri,tariki ya 26 Ugushyingo 2024, imibiri itatu yarohowe nyuma y’uko ubwato bw’ubukerarugendo bwarohamye mu nyanja Itukura mu Misiri.
26 November 2024 Yasuwe: 278 0

Koreya y’Epfo: Yakatiwe igifungo cy’umwaka usubitse azira kubyibuha ngo atajya mu gisirikare

Umusore w’imyaka 26 wo muri Koreya y’Epfo yakatiwe igihano cy’igifungo cy’umwaka umwe usubitswe mu gihe cy’imyaka ibiri, kubera ko yagize umubyibuho ukabije agamije gushaka impamvu yatuma adakora...
26 November 2024 Yasuwe: 354 0

Uganda: Element EléeeH agiye gutaramira muri ‘Comedy store’ ya Alex Muhangi

Element EléeeH umaze iminsi muri Uganda aho yakoreye igitaramo mu kabari kitwa ‘Nomad’ mu ijoro ryo ku Cyumweru tariki 24 Ugushyingo 2024, yamaze gutumirwa mu gitaramo cy’urwenya cyitwa ‘Comedy...
26 November 2024 Yasuwe: 223 0

Amerika yashimangiye ko yemereye Ukraine kurasa mu Burusiya ikoresheje intwaro zayo

Ibiro by’Umukuru w’Igihugu muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, byatangaje ko koko iki gihugu cyemereye Ukraine kurasa mu Burusiya ikoresheje ibisasu byacyo.
26 November 2024 Yasuwe: 627 0

U Bufaransa n’u Bwongereza mu biganiro bigamije kohereza ingabo muri Ukraine

Ibihugu by’u Bufaransa n’u Bwongereza byabyukije ibiganiro bigamije kohereza muri Ukraine ingabo, mu ntambara iki gihugu kimazemo imyaka irenga ibiri gihanganye n’u Burusiya.
26 November 2024 Yasuwe: 763 0

Cardinal Ambongo yasabye u Rwanda, RDC n’u Burundi gukemura amakimbirane bafitanye

Arikiyepisikopi wa Kinshasa akaba na Perezida w’Ihuriro ry’Inama y’Abepisikopi muri Afurika na Madagascar (SECAM), Cardinal Fridolin Ambongo, yasabye abayobozi b’u Rwanda, Repubulika Iharanira...
26 November 2024 Yasuwe: 612 0

Besigye azaburanirwa n’abanyamategeko 50 barimo n’uwabaye Minisitiri muri Kenya

Kizza Besigye uherutse gutabwa muri yombi ashinjwa umugambi wo guhungabanya umutekano wa Uganda, azunganirwa n’itsinda ry’abanyamategeko 50, riyobowe na Martha Karua wabaye Minisitiri w’Ubutabera...
26 November 2024 Yasuwe: 548 0