Bibiliya, nk’igitabo cy’umurongo ngenderwaho ku myitwarire y’abakirisitu, igaragaza ko gushaka umugore umwe ari gahunda Imana yashyizeho kuva kera. Mu Itangiriro 2:24, haranditse ngo: "Ni cyo...
Zeo Trap yagaragaje ko yashyize akadomo ku ntambara y’ubutuita ye n’abahanzi bagenzi be, nyuma y’iyo yagiranye na Ish Kevin ikaza no gutuma ahamagazwa n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha [RIB].
Perezida William Samoei Ruto wa Kenya na Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda biyemeje kunga Ethiopia na Somalia, ibihugu bimaze igihe bidacana uwaka bitewe n’ubwumvikane buke bushingiye ku mutekano.
Ikipe ya Vision binyuze ku mutoza wayo Abdu Mbarushimana yatangaje ko igiye kwandika amateka iba ikipe ya mbere itsinze Rayon Sports mu mwaka mushya wa shampiyona wa 2024-2025.
Umugaba Mukuru wungirije w’ingabo za Kenya, Lt Gen John Omenda, yatangaje ko nta Munyakenya wakwemera gupfira abaturage bo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, mu gihe na bo ubwabo...