Kuri uyu wa Gatandatu, itariki ya 21 Ukuboza 2024, nyuma ya saa sita, Ingabo z’Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC) rirwanya ubutegetsi bwa Perezida Felix Tshisekedi, zafashe agace ka...
Kuri uyu wa Gatandatu, itariki 21 Ukuboza 2024, Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, yasinye itegeko ribuza ibikorwa bya leta guhagarara, rigena ingengo y’imali igomba gukoreshwa...
Kuri uyu wa Gatandatu, itariki 21 Ukuboza 2024, nyuma y’iminsi itandatu yo kungurana ibitekerezo, muri Kigali Convention Center, hasojwe inama ya 33 y’inzego za politiki mu Mutwe w’Ingabo za...
Umutwe wa M23 wateze iminsi Lt. Gen. Masunzu Pacifique wagizwe umuyobozi w’Ingabo za RDC mu bice urwaniramo, umuteguza gutuma abamuhaye akazi bamwikiza.
Ku wa Kane tariki ya 19 Ukuboza ni bwo...
Nyuma y’uko Umuyobozi w’umutwe wa Hayat Tahrir al-Sham (HTS), Abu Mohammad al-Julani, ahuye n’itsinda riturutse muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika riherutse muri Syria, iki gihugu cyahise gikuraho...
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yasubiyemo ko igihugu cye kidateze kwicarana n’umutwe witwaje intwaro wa M23 mu biganiro binyuze mu nzira zitaziguye
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC) kivuga ko indwara ya Malariya yikubye inshuro ebyiri ugereranyije kuva mu kwezi kwa cyenda k’umwaka ushize wa 2023 n’ukwezi kwa Nzeri 2024 aho abarwayi...