skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Abarenga 17% bagororewe Iwawa basubizwayo

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Igororamuco, NRS cyatangaje ko 17% by’abantu baba baragororewe mu kigo ngororamuco cya Iwawa bongera gusubirayo, nyuma yo gusubira mu bikorwa biba byatumye bajya...
22 December 2024 Yasuwe: 262 0

Lubero: M23 yafashe Kamandi-Lac nyuma yo gufata Kamandi-Gite

Kuri uyu wa Gatandatu, itariki ya 21 Ukuboza 2024, nyuma ya saa sita, Ingabo z’Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC) rirwanya ubutegetsi bwa Perezida Felix Tshisekedi, zafashe agace ka...
22 December 2024 Yasuwe: 923 0

USA: Biden yasinye itegeko ribuza ibikorwa bya leta guhagarara

Kuri uyu wa Gatandatu, itariki 21 Ukuboza 2024, Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, yasinye itegeko ribuza ibikorwa bya leta guhagarara, rigena ingengo y’imali igomba gukoreshwa...
22 December 2024 Yasuwe: 378 0

EASF yasoje inama y’inzego za politiki i Kigali yarimo Ntibantunganya

Kuri uyu wa Gatandatu, itariki 21 Ukuboza 2024, nyuma y’iminsi itandatu yo kungurana ibitekerezo, muri Kigali Convention Center, hasojwe inama ya 33 y’inzego za politiki mu Mutwe w’Ingabo za...
22 December 2024 Yasuwe: 394 0

M23 yateze iminsi Gen. Masunzu washinzwe FARDC mu bice irwaniramo

Umutwe wa M23 wateze iminsi Lt. Gen. Masunzu Pacifique wagizwe umuyobozi w’Ingabo za RDC mu bice urwaniramo, umuteguza gutuma abamuhaye akazi bamwikiza. Ku wa Kane tariki ya 19 Ukuboza ni bwo...
21 December 2024 Yasuwe: 4955 0

Habababyeyi Pascal wakoreraga TV10 yitabye Imana

Umunyamakuru wakoreraga Radio/Tv10, Pascal Habababyeyi, yitabye Imana. Yakoraga muri weekend nk’umwe mu basesengura amakuru yaranze icyumweru.
21 December 2024 Yasuwe: 2372 0

Amerika yakuyeho igihembo cya miliyoni 10$ ku muntu uzafata umuyobozi wa HTS

Nyuma y’uko Umuyobozi w’umutwe wa Hayat Tahrir al-Sham (HTS), Abu Mohammad al-Julani, ahuye n’itsinda riturutse muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika riherutse muri Syria, iki gihugu cyahise gikuraho...
21 December 2024 Yasuwe: 811 0

Buri segonda umuntu arayandura: Ibyo wamenya kuri Virusi ya Herpes ifata mu myanya y’ibanga

Nibura abantu miliyoni 846 bafite imyaka hagati 15 na 49 banduye indwara yandurira mu mibonano mpuzabitsina yitwa Herpes, nk’uko ubushakashatsi bwashyizwe hanze n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye...
21 December 2024 Yasuwe: 1266 0

Tshisekedi yasubiyemo ko RDC itazagirana ibiganiro na M23

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yasubiyemo ko igihugu cye kidateze kwicarana n’umutwe witwaje intwaro wa M23 mu biganiro binyuze mu nzira zitaziguye
21 December 2024 Yasuwe: 823 0

Ubwiyongere bwa Malariya mu Rwanda buraterwa n’iki?

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC) kivuga ko indwara ya Malariya yikubye inshuro ebyiri ugereranyije kuva mu kwezi kwa cyenda k’umwaka ushize wa 2023 n’ukwezi kwa Nzeri 2024 aho abarwayi...
21 December 2024 Yasuwe: 631 0