skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Gushaka abagore benshi ku mukirisitu ni icyaha?

Bibiliya, nk’igitabo cy’umurongo ngenderwaho ku myitwarire y’abakirisitu, igaragaza ko gushaka umugore umwe ari gahunda Imana yashyizeho kuva kera. Mu Itangiriro 2:24, haranditse ngo: "Ni cyo...
1 December 2024 Yasuwe: 1298 0

Inshuti y’akadasohoka ya Trump yagizwe Umuyobozi wa FBI

Perezida Donald Trump watorewe kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yahisemo inshuti ye Kash Patel ngo ayobore Urwego rushinzwe Iperereza (FBI).
1 December 2024 Yasuwe: 475 0

Zeotrap yavuze icyashyize iherezo ku ntambara y’ubutita hagati ye na Ish Kevin

Zeo Trap yagaragaje ko yashyize akadomo ku ntambara y’ubutuita ye n’abahanzi bagenzi be, nyuma y’iyo yagiranye na Ish Kevin ikaza no gutuma ahamagazwa n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha [RIB].
1 December 2024 Yasuwe: 276 0

Amashusho ya Elvis Presley asangira Noheli n’umuryango we bwa nyuma ari mu cyamunara

Amashusho agaragaza Elvis Presley wamamaye mu muziki mu myaka yashize, ari kumwe n’umuryango we basangira ‘Noheli’ bwa nyuma, yashyizwe mu cyamunara.
1 December 2024 Yasuwe: 345 0

Kenya na Uganda mu ngamba zo kunga Ethiopia na Somalia

Perezida William Samoei Ruto wa Kenya na Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda biyemeje kunga Ethiopia na Somalia, ibihugu bimaze igihe bidacana uwaka bitewe n’ubwumvikane buke bushingiye ku mutekano.
1 December 2024 Yasuwe: 187 0

Vision yahize kubabaza Rayon Sports ikandikisha amateka mashya

Ikipe ya Vision binyuze ku mutoza wayo Abdu Mbarushimana yatangaje ko igiye kwandika amateka iba ikipe ya mbere itsinze Rayon Sports mu mwaka mushya wa shampiyona wa 2024-2025.
30 November 2024 Yasuwe: 1048 0

Tuzajya kuzisura tureba ko zujuje ibisabwa - Dr Uwicyeza avuga ku gufungura insengero zafunzwe

Umuyobozi Mukuru w’Urwego rw’Imiyoborere RGB, Dr Doris Uwicyeza Picard, yatangaje ko nubwo hari insengero zafunzwe kubera kutuzuza ibisabwa ubu bivugwa ko zabyujuje, bizafata umwanya wo kuzisura no...
30 November 2024 Yasuwe: 1155 0

Abasirikare b’u Burundi banze kurwana na M23 basabiwe igihano gisumba icyo bari barakatiwe

Ubushinjacyaha bw’Igisirikare cy’u Burundi bwasabiye abasirikare 272 banze kurwana n’umutwe witwaje intwaro wa M23 muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, igifungo cya burundu.
30 November 2024 Yasuwe: 961 0

Umugaba wungirije w’Ingabo za Kenya yagaragaje ko ingabo ze zititeguye gupfira Abanye-Congo

Umugaba Mukuru wungirije w’ingabo za Kenya, Lt Gen John Omenda, yatangaje ko nta Munyakenya wakwemera gupfira abaturage bo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, mu gihe na bo ubwabo...
30 November 2024 Yasuwe: 1180 0

Ingabo z’u Rwanda n’iza Uganda zahaye icyubahiro abishwe muri jenoside

Abofisiye mu ngabo z’u Rwanda n’iza Uganda bahaye icyubahiro abishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 baruhukiye mu Rwibutso rwa Kigali ruherereye ku Gisozi.
30 November 2024 Yasuwe: 295 0