skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Inteko y’u Rwanda yishimiye umusaruro yakuye mu mikino ihuza iya EAC

Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda yishimiye umusaruro yakuye mu mikino mpuzamahanga ihuza Inteko zishinga Amategeko z’ibihugu byo mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC).
24 December 2024 Yasuwe: 262 0

Imvura yahagaritse urugendo rwa Perezida Tshisekedi

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yasubitse uruzinduko yari afite mu ntara eshatu zigize Grand Kasaï bitewe n’imvura nyinshi.
24 December 2024 Yasuwe: 938 0

Rulindo: Hari abavugako bari gusabwa “Ejo Heza” kugirango bazarye inyama kuri Noheli

Bamwe mu batuye mu Karere ka Rulindo,baravuga ko muri iyi minsi mikuru kubona akaboga biri kubabera isobe,bitewe n’uko nta mabagiro ari muri kano karere,ibi bakaba bavuga ko iyi minsi mikuru bagiye...
24 December 2024 Yasuwe: 687 0

Zambia: Hafashwe abantu bashakaga kwica Perezida Hichilema bamuroze

Polisi ya Zambiya yavuze ko yataye muri yombi abagabo babiri bakekwaho gushaka “kugirira nabi” perezida Hakainde Hichilema bakoresheje uburozi. Abapolisi bavuze ko kuwa gatanu umunyamozambike,...
24 December 2024 Yasuwe: 422 0

M23 yambuye FARDC igifaru

Umutwe wa M23 wungutse igifaru nyuma yo kucyambura ihuriro ry’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bahanganye mu mirwano.
24 December 2024 Yasuwe: 1646 0

Ingabo zirenga 1.000 za Koreya ya Ruguru zimaze kwicwa cyangwa gukomerekera mu Burusiya

Kuri uyu wa Mbere, ubuyobozi bw’ingabo za Koreya y’Epfo bwatangaje ko ingabo zirenga 1.000 za Koreya ya Ruguru zishwe cyangwa zigakomereka kuva zinjira mu Ntambara y’u Burusiya na Ukraine.
24 December 2024 Yasuwe: 349 0

Umuhanzi Harmonize aravugwaho kwiba indirimbo

Umuhanzi Stevo Simple Boy wa Kenya, yatangaje ko ashaka guhura na Harmonize wa Tanzania, bakaganira ku ndirimbo yamwibye, ariko yanaramuka abyemeye bagakorana umushinga w’indirimbo bahuriyeho...
23 December 2024 Yasuwe: 293 0

Qatar ishobora guhagarika kugurisha gaz mu Burayi

Leta ya Qatar yatangaje ko mu gihe ibihugu byo mu Muryango w’Ubumwe bw’u Burayi byatangira gushyira mu bikorwa ibihano byo kwishyuza 5% y’igicuruzo rusange ku bigo bitubahiriza amabwiriza yo...
23 December 2024 Yasuwe: 459 0

Perezida Putin yahigiye kwihorera ku bitero bya ’drone’ bya Ukraine

Perezida w’u Burusiya Vladimir Putin yatangaje ko biteguye kwihorera mu buryo bukomeye ku bagize uruhare mu gutegura igitero cya drone cyagabwe ku mujyi wa Kazan ku wa Gatandatu.
23 December 2024 Yasuwe: 727 0

Tshisekedi yongeye guhura na Ndayishimiye w’u Burundi

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, kuri uyu wa 22 Ukuboza 2024 yahuye na mugenzi we uyobora u Burundi, Evariste Ndayishimiye, nyuma y’amezi atatu bahuriye i...
23 December 2024 Yasuwe: 524 0