Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yasubitse uruzinduko yari afite mu ntara eshatu zigize Grand Kasaï bitewe n’imvura nyinshi.
Bamwe mu batuye mu Karere ka Rulindo,baravuga ko muri iyi minsi mikuru kubona akaboga biri kubabera isobe,bitewe n’uko nta mabagiro ari muri kano karere,ibi bakaba bavuga ko iyi minsi mikuru bagiye...
Kuri uyu wa Mbere, ubuyobozi bw’ingabo za Koreya y’Epfo bwatangaje ko ingabo zirenga 1.000 za Koreya ya Ruguru zishwe cyangwa zigakomereka kuva zinjira mu Ntambara y’u Burusiya na Ukraine.
Umuhanzi Stevo Simple Boy wa Kenya, yatangaje ko ashaka guhura na Harmonize wa Tanzania, bakaganira ku ndirimbo yamwibye, ariko yanaramuka abyemeye bagakorana umushinga w’indirimbo bahuriyeho...
Leta ya Qatar yatangaje ko mu gihe ibihugu byo mu Muryango w’Ubumwe bw’u Burayi byatangira gushyira mu bikorwa ibihano byo kwishyuza 5% y’igicuruzo rusange ku bigo bitubahiriza amabwiriza yo...
Perezida w’u Burusiya Vladimir Putin yatangaje ko biteguye kwihorera mu buryo bukomeye ku bagize uruhare mu gutegura igitero cya drone cyagabwe ku mujyi wa Kazan ku wa Gatandatu.
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix
Tshisekedi, kuri uyu wa 22 Ukuboza 2024 yahuye na mugenzi we uyobora u Burundi, Evariste Ndayishimiye, nyuma y’amezi atatu bahuriye i...