Abadepite bo muri Koreya y’Epfo batangiye inzira yo kweguza Perezida Yoon Suk Yeol nyuma yo kuburizamo icyemezo cye cyo gutangaza ibihe bidasanzwe mu gihugu.
Perezida Paul Kagame yafashe mu mugongo mugenzi we Gén Mamadi Doumbouya wa Guinée-Conakry, nyuma y’imvururu zabereye muri imwe muri Stade yo muri iki gihugu zikagwamo abarenga 50.
Perezida Paul Kagame na mugenzi we uyobora Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, bateganya guhurira i Luanda muri Angola tariki ya 15 Ukuboza 2024.
Safi Madiba wageze i Kigali mu ijoro rishyira kuri uyu wa 4 Ukuboza 2024 avuye muri Canada aho amaze imyaka ine atuye, yemeje ko ari gushaka umukunzi kuko kugeza ubu abaye mu buzima bwa wenyine.
Guverinoma ya Sudani yashinje Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu (UAE) na Tchad gutanga ubufasha ku nyeshyamba za RSF zimaze umwaka n’igice zihanganye n’iza Leta mu bice byinshi by’igihugu.
Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda (IGP), CG Felix Namuhoranye, yakiriye ku cyicaro gikuru cya Polisi ku Kacyiru, Umuyobozi mukuru wa Polisi ya Gambia; Gen Seedy Muctar Touray n’itsinda ayoboye...
Urukiko rwo muri Vietnam rwemeje igihano cy’urupfu kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 3 Ukuboza 2024, ku munyemari Truong My Lan mu rubanza rw’ubuhemu rwari rukomeye aho yashinjwaga kwiba miliyari...
Filime nshya mabarankuru yitwa The Bibi Files yinjira mu buzima bwa politiki bwa Benjamin Netanyahu, Minisitiri w’Intebe wa Isiraheli, ahanini izirikana ibirego bya ruswa no gukoresha nabi ububasha...