Igisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika cyatangaje ko kuri uyu wa 19 Ukuboza 2024 cyishe umuyobozi w’umutwe w’iterabwoba wa Islamic State (ISIS), Abu Yusuf alias Mahmud.
Nyuma y’imyaka irenga 10 iburiwe irengero mu buryo bw’amayobera akomeye yabaye ku ndege ku Isi, igihugu cya Malaysia cyemeye gusubukura gushakisha ibisigazwa by’indege ya Malaysia Airlines MH370...
Umusonga ni indwara ivurwa igakira ariko iyo irangaranywe ishobora guhitana byihuse umuntu uyirwaye, cyane ko imibare yo mu 2021, yagaragaje ko yahitanye abarenga miliyoni 2.5 hirya no hino ku Isi...
Sonia Kayitesi uzwi cyane nka DJ Sonia umwe mu ba-DJ bagezweho mu Rwanda, yahaye gasopo umunyamakuru Irene Murindahabi ukorera kuri MIE ku muyoboro wa YouTube wagiye umuvugaho ibintu...
Perezida Vladimir Putin yavuze ko atigeze aganira na Donald Trump uherutse gutorerwa kongera kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu gihe cy’imyaka ine yari amaze atari muri izi nshingano,...