skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

M23 yitandukanyije n’amasezerano y’u Rwanda na RDC, yiyemeza gusanga FARDC mu birindiro byayo

Umutwe wa M23 kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 30 Ugushyingo, wongeye gushimangira ko utarebwa n’amasezerano y’agahenge u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byasinyanye, wiyemeza...
30 November 2024 Yasuwe: 1955 0

Nyabihu: Mpano wari umaze icyumweru kirenga yarabuze yabonetse

Polisi y’Igihugu yemeje ko umwana w’umukobwa wo mu karere ka Nyabihu witwa Mpano Becky Belle Patient wari umaze icyumweru kirenga yarabuze yamaze kuboneka.
30 November 2024 Yasuwe: 3060 0

U Burusiya bwashyikirije Ukraine imirambo y’abasirikare 502 bayo

Ukraine kuri uyu wa Gatanu yatangaje ko yashyikirijwe n’u Burusiya imirambo 502 biciwe mu ntambara ibihugu byombi bihanganyemo.
30 November 2024 Yasuwe: 959 0

RDC yarunze inyeshyamba za FLN ya Rusesabagina hafi y’umupaka w’u Rwanda

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo imaze igihe yararunze inyeshyamba zo mu mutwe wa FLN hafi y’umupaka w’u Rwanda; ibyo igaragaza nk’imwe mu mpamvu zerekana...
30 November 2024 Yasuwe: 1754 0

Lionel Messi ku rutonde rw’abahataniye ibihembo by’umwaka bya FIFA

Rutahizamu w’Ikipe y’Igihugu ya Argentine na Inter Miami, Lionel Messi, ari mu bakinnyi 11 bari ku rutonde rw’abazavamo uhabwa igihembo cy’uwitwaye neza kurusha abandi mu mwaka wa 2024, mu bihembo...
29 November 2024 Yasuwe: 514 0

Putin yatabarije Trump

Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin yatabarije Donald Trump watorewe kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika, avuga ko umutekano we utizewe akurikije uburyo yahushijwe kabiri mu gihe cyo kwiyamamaza.
29 November 2024 Yasuwe: 2666 0

Australia: Abana bakumiriwe ku mbuga nkoranyambaga

Inteko Ishinga Amategeko ya Australia yemeje umushinga w’itegeko ribuza abana bari munsi y’imyaka 16, gukoresha imbuga nkoranyambaga.
29 November 2024 Yasuwe: 230 0

Pastor Robert Kayanja ari mu Rwanda

Mu gitondo cya kare cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki 29 Ugushyingo 2024, Pastor Robert Kayanja yageze i Kigali, yakirwa ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali n’itsinda rirangajwe imbere na...
29 November 2024 Yasuwe: 975 0

Perezida Faye yasabye ingabo z’u Bufaransa kumuvira mu gihugu

Perezida Bassirou Diomadaye Faye wa Sénégal, yasabye ingabo z’u Bufaransa zimaze igihe ziba mu gihugu cye kuhava zigasubira iwabo
29 November 2024 Yasuwe: 1056 0

Burundi:65% by’imfungwa zahawe imbabazi na Perezida Ndayishimiye ziracyari mu buroko mu buryo budasobanutse

Umuyobozi w’Ishyirahamwe Aluchoto Burundi mu kiganiro yagiranye n’itangamakuru yatangaje ko mu mfungwa zahawe imbabazi na Perezida Evariste Ndayishimiye abagera kuri 35 % nibo bonyine bamaze...
29 November 2024 Yasuwe: 250 0