skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Byinshi kuri Potasiyumu, aho iboneka akamaro kayo ndetse n’ingaruka igihe ibaye nke cyangwa nyinshi

Potassium (soma potasiyumu) nayo ni umwe mu myunyu ngugu y’ingenzi mu mubiri wacu. Buri munsi hagati ya 2500mg na 4700mg zayo ziba zigomba kuboneka mu byo turya. Gusa burya guteka ibiryo ukabitinza...
20 December 2024 Yasuwe: 764 0

Zari yahishuye ko atigeze aca inyuma Diamond Platnumz

Umunyamafaranga Zari Hassan yasobanuye ko atigeze aca inyuma Zari Hassan ubwo babanaga nk’umugore n’umugabo.
20 December 2024 Yasuwe: 756 0

Umuvandimwe wa Paul Pogba wamugambaniye yakatiwe gufungwa imyaka itatu

Mukuru wa Paul Pogba, Mathias Pogba, yakatiwe igifungo cy’imyaka itatu harimo ibiri isubitse nyuma y’uko agaragaye mu itsinda ry’abashatse kwambura uyu mukinnyi amafaranga agera kuri miliyoni 13$.
20 December 2024 Yasuwe: 652 0

Ubwiru buri mu koga amazi akonje

Abantu benshi bakunda kwiyuhagira amazi ashyushye kuruta kwiyuhagira akonje. Nyamara, ubushakashatsi butandukanye bwerekanye ko yaba amazi akonje cyangwa ashyushye ashobora kugirira akamaro ubuzima...
20 December 2024 Yasuwe: 1389 0

Amerika imaze gukoresha arenga miliyari 100$ mu ntambara ya Ukraine

Leta Zunze Ubumwe za Amerika imaze gutanga inkunga y’amafaranga n’intwaro ifite agaciro karenga miliyari 100$, mu gufasha Ukraine guhangana n’u Burusiya mu ntambara imaze imyaka irenga ibiri iri...
20 December 2024 Yasuwe: 246 0

Nkurunziza uyobora Kiyovu Sports yifuza ko Mvukiyehe Juvénal yemera amakosa mu ruhame

Nkurunziza David uyobora Kiyovu Sports ntateganya kugirana ibiganiro na Mvukiyehe Juvénal, mu gihe ataremerera mu ruhame ko ari we wahemukiye iyi kipe.
20 December 2024 Yasuwe: 316 0

Uhuru Kenyatta yiyemeje guhuza RDC na M23

Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika wungirije ushinzwe umubano na Afurika, Molly Phee, yatangaje ko Uhuru Kenyatta wayoboye Kenya yiyemeje guhuza ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira...
20 December 2024 Yasuwe: 522 0

Zelensky yatutse Putin

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yatutse uw’u Burusiya, Vladimir Putin amwita ikigoryi, nyuma y’amagambo uyu uyoboye igihugu kinini ku Isi yavuze agakomeretsa ab’i Kyiv.
20 December 2024 Yasuwe: 612 0

Tshisekedi yahinduriye imirimo Gen Tshiwewe wari Umugaba Mukuru wa FARDC

Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yambuye inshingano Gen Christian Tshiwewe Songesa wari Umugaba Mukuru w’Ingabo za FARDC, amugira umujyanama we mu bya...
20 December 2024 Yasuwe: 519 0

Perezida Putin yagaragaje ibyatuma yemera kuganira na Zelensky

Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yatangaje ko igihugu cye kizagirana ibiganiro na Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, mu gihe uyu mugabo azaba yongeye gutorwa, kuko umwanya ubu ariho u...
19 December 2024 Yasuwe: 853 0