Icyamamare mu muziki, Sean John Combs, uzwi nka Diddy, yongeye kujyanywa mu nkiko kuri iyi nshuro bikozwe n’uwahoze ari umukozi we amushinja kumutegeka gusambana n’abagore benshi mu kivunge,...
Bill Clinton wabaye Perezida wa 42 wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika imyaka umunani kugeza mu 2001 yavuye mu bitaro aho yari amaze iminsi avurirwa ibicurane.
Perezidansi y’u Burusiya yatangaje ko kuva ku wa 1 Mutarama 2025 hari ibihugu bishya icyenda bizinjira mu muryango w’ubukungu wa BRICS, ariko ntibihabwe ubunyamuryango bwuzuye.
Ikigo cya SpaceX cya Elon Musk, kirateganya kohereza icyogajuru ku Mubumbe wa Mars mu 2026, kizaba gifite umwihariko wo gusuzuma uburyo ibyogajuru bizajya bigwa kuri uwo mubumbe.
Inzobere mu buvuzi hamwe n’Ikigo cy’Igihugu cyita ku Buzima (RBC) zahagurukiye impungenge z’ikoreshwa nabi ry’imiti, ziburira ko ibikorwa nk’ibi bigira uruhare mu kongera ikibazo cyo kuba indwara...
Joseph Kabila Kabange wahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na Moïse Katumbi Chapwe wahoze atavuga rumwe n’ubutegetsi bwe, amakuru aravuga ko mu Cyumweru gishize bahuriye...