skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Diddy yongeye kujyanwa mu nkiko ku byaha by’ubusambanyi

Icyamamare mu muziki, Sean John Combs, uzwi nka Diddy, yongeye kujyanywa mu nkiko kuri iyi nshuro bikozwe n’uwahoze ari umukozi we amushinja kumutegeka gusambana n’abagore benshi mu kivunge,...
25 December 2024 Yasuwe: 569 0

Bill Clinton wayoboye Amerika yasezerewe mu bitaro

Bill Clinton wabaye Perezida wa 42 wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika imyaka umunani kugeza mu 2001 yavuye mu bitaro aho yari amaze iminsi avurirwa ibicurane.
25 December 2024 Yasuwe: 512 0

Haribazwa byinshi ku musore wapfuye agiye gushinja OpenAI kwiba amakuru y’abandi

Urujijo rukomeje kuba rwinshi kuri Suchir Balaji, umusore w’imyaka 26 wakoreraga OpenAI, ikigo kigenzura ikoranabuhanga rya ChatGPT, akaza kuyivamo ayishinja kwiba amakuru y’abandi bantu,...
25 December 2024 Yasuwe: 753 0

Ibihugu icyenda birimo Uganda bigiye kwinjirira rimwe muri BRICS

Perezidansi y’u Burusiya yatangaje ko kuva ku wa 1 Mutarama 2025 hari ibihugu bishya icyenda bizinjira mu muryango w’ubukungu wa BRICS, ariko ntibihabwe ubunyamuryango bwuzuye.
25 December 2024 Yasuwe: 1367 0

Umuntu wa mbere ashobora gukandagira kuri Mars mu 2030

Ikigo cya SpaceX cya Elon Musk, kirateganya kohereza icyogajuru ku Mubumbe wa Mars mu 2026, kizaba gifite umwihariko wo gusuzuma uburyo ibyogajuru bizajya bigwa kuri uwo mubumbe.
25 December 2024 Yasuwe: 444 0

Inzobere mu by’ubuvuzi zagaragaje ingaruka zikomeye zo gukoresha imiti nabi

Inzobere mu buvuzi hamwe n’Ikigo cy’Igihugu cyita ku Buzima (RBC) zahagurukiye impungenge z’ikoreshwa nabi ry’imiti, ziburira ko ibikorwa nk’ibi bigira uruhare mu kongera ikibazo cyo kuba indwara...
24 December 2024 Yasuwe: 2257 0

Neg G The General yapfushije umwana

Umuraperi Neg G The General ari mu gahinda ko kubura umwana witabye Imana afite amezi icyenda gusa, aho yazize uburwayi yari amaranye iminsi.
24 December 2024 Yasuwe: 724 0

Umuhuro wa Kabila na Katumbi wabereye i Addis-Abeba uhatse iki?

Joseph Kabila Kabange wahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na Moïse Katumbi Chapwe wahoze atavuga rumwe n’ubutegetsi bwe, amakuru aravuga ko mu Cyumweru gishize bahuriye...
24 December 2024 Yasuwe: 2500 0

Benjamin Netanyahu yategetse igisirikare kurimbura ibirindiro by’aba-Houtis

Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu yatangaje ko yategetse ingabo z’igihugu gusenya ibirindiro n’ibikorwaremezo byose by’inyeshyamba z’aba-Houti zo muri Yemen zimaze iminsi mike...
24 December 2024 Yasuwe: 668 0

Mozambique: Imyigaragambyo yongeye kubura nyuma y’icyemezo cy’urukiko

Mu gihugu cya Mozambique kuri uyu wa Mbere, itariki 24 Ukuboza 2024, imyigaragambyo yongeye kubura nyuma y’uko urukiko rw’ikirenga rushimangiye intsinzi y’umukandida Daniel Chapo w’ishyaka riri ku...
24 December 2024 Yasuwe: 693 0