skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Amakuru Umuti mushya ufasha uwunyoye kutandura SIDA ugiye gutangira gukoreshwa mu Rwanda

Ikigo cy’Ubuzima (RBC) guhera mu mpera z’uku kwezi kizatangira gukoresha umuti mushya ufasha uwunyoye kutandura agakoko ka Virusi itera SIDA.
6 December 2024 Yasuwe: 1333 0

Iyo hataba RDF, Bangui iba yarafashwe: Brig Gen Rwivanga

Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, Brig Gen Ronald Rwivanga, yatangaje ko iyo hatabaho umusada wa RDF kuri ubu imitwe y’inyeshyamba ishyigikiye François Bozizé wahoze ari Perezida wa Repubulika ya...
6 December 2024 Yasuwe: 616 0

Umufana wo muri Uganda yishwe arashwe arimo kwishimira ko Arsenal yatsinze Manchester United

Umufana w’ikipe y’umupira w’amaguru ya Arsenal yo mu Bwongereza, wari urimo kwishimira ko iyo kipe yatsinze Manchester United, bivugwa ko yishwe arashwe n’umurinzi (umu ’sécurité’) wo muri Uganda.
6 December 2024 Yasuwe: 538 0

Amakuru Minisitiri w’Intebe w’u Bufaransa wari umazeho amezi 3 yegujwe

Kuri uyu wa Kane, itariki ya 05 Ukuboza 2024, Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yagejeje ijambo ku gihugu, nyuma y’amasaha make Minisitiri w’intebe Michel Barnier yeguye ku mirimo ye nyuma...
6 December 2024 Yasuwe: 216 0

Rubavu: Umwana na nyina bafatanywe amabaro 8 y’imyenda bayakuye muri DRC

Polisi y’u Rwanda, Ishami rishinzwe kurwanya magendu n’ibindi byaha (ASOC), yafatiye mu Karere ka Rubavu abagore babiri bari bafite amabaro umunani y’imyenda ya caguwa bacuruzaga mu buryo bwa magendu.
5 December 2024 Yasuwe: 930 0

Paris: Umuhango wo kongera gufungura Kiliziya ya Notre-Dame uzitabirwa n’abaperezida 50

Donald Trump, Perezida watowe wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yemeje ko azajya mu mihango yo gufungura Kiliziya yitwa “Notre-Dame” y’i Paris mu Bufaransa izaba mu mpera z’iki cyumweru .
5 December 2024 Yasuwe: 843 0

RDC: Indwara itaramenyekana imaze guhitana abantu 79

Minisiteri y’Ubuzima muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yatangaje ko indwara itaramenyekana ariko ikaba ifite ibimenyetso nk’iby’ibicurane imaze guhitana abantu 79 muri iki gihugu.
5 December 2024 Yasuwe: 418 0

Guverinoma ya Kenya yafunze amashuri 348 acumbikira abanyeshuri

Minisiteri ishinzwe Uburezi muri Kenya yafunze amashuri 348 yacumbikiraga abanyeshuri kubera impamvu z’umutekano.
5 December 2024 Yasuwe: 282 0

Icyihishe inyuma y’ubufatanye bw’ingabo za Uganda n’iza RDC muri Operation Shujaa

Kuva tariki ya 30 Ugushyingo 2021, Ingabo za Uganda (UPDF) ziri kwifatanya n’iza Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) mu bikorwa byo gutsinsura umutwe w’iterabwoba wa ADF ukorera mu...
5 December 2024 Yasuwe: 1038 0

Perezida Joe Biden yagaragaye ahondobera mu nama

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, yagaragaye asinziriye mu nama yiga ku mushinga wa gari ya moshi muri Angola.
5 December 2024 Yasuwe: 650 0