Umutwe wa M23 ku wa Gatanu watangaje ko ihuriro ry’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryakajije ibitero ku birindiro byawo ndetse no mu duce dutuwe n’abaturage benshi twa za...
Minisitiri w’Intebe, Dr. Edouard Ngirente, yatangaje ko mu gihe ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi bufite umugambi wo guhungabanya u Rwanda, Leta yarwo izakomeza kurinda umutekano...
Kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 7 Ukuboza 2024, hateganyijwe umukino w’amateka hagati y’abakeba bo mu rw’imisozi igihumbi, uhuza Rayon Sports na APR FC kuri Stade Amahoro i Remera guhera Saa Kumi...
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yemeje ko azitabira ibiganiro bya Luanda bizamuhuza, Paul Kagame w’u Rwanda na João Lourenço wa Angola...
Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare cyatangaje ko icyuho kiri hagati y’ibyo u Rwanda rutumiza hanze n’ibyo rwoherezayo, cyazamutseho 11,8% mu Ukwakira 2024 ugereranyije n’ukwezi nk’uko mu 2023.
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burusiya, Sergey Lavrov, yavuze ko raporo z’Igihugu cye zigaragaza ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’u Bwongereza bashobora kuba batera inkunga ibikorwa...
Mu rukerera rwo ku wa 05 Ukuboza 2024, mu Karere ka Nyanza mu Murenge wa Kibirizi , mu midugudu itandukanye y’akagari ka Mututu, hakozwe umukwabu wafatiwe abantu 19 bakekwaho guhungabanya umutekano...
Inyeshyamba zafashe umujyi wa Hama uherereye mu Majyaruguru ashyira Uburengerazuba bwa Syria, nyuma yo kwirukanamo ingabo za Leta zahise zijya gushinga ibirindiro hanze y’umujyi.
Ikipe ya Rayon Sports yatangarije itangazamakuru n’abanyarwanda muri rusange ko bageze kure imyiteguro y’umukino ukomeye bafitanye na mukeba APR FC, aho kimwe mu byo bishimira ari amafaranga bakuye...
Amakipe 32 yabonye itike yo kuzakina Igikombe cy’Isi cy’Amakipe kizaba mu 2025, yamaze kumenya amatsinda aherereyemo, aho Manchester City ifite igikombe giheruka iri kumwe na Juventus, Waydad AC na...