skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Papa Fransisko yasabiye amahoro Ukraine, Sudani na Gaza

Kuri uyu wa Gatatu, itariki 25 Ukuboza hirya no hino ku Isi abakirisitu bizihije umunsi mukuru wa Noheri aho bishimira ivuka rya Yezu Kirisitu,aho i Vatikani, mu muhango wo gutura igitambo cya misa...
26 December 2024 Yasuwe: 345 0

Sosiyete ya Japan Airlines iravuga ko yagabweho igitero cy’ikoranabuhanga

Kuri uyu wa Kane, itariki 26 Ukuboza 2024, Sosiyete y’indege Japan Airlines (JAL) yavuze ko yagabweho igitero cy’ikoranabuhanga cyashoboraga kugira ingaruka ku ndege, ariko ntiyemeje niba hari...
26 December 2024 Yasuwe: 375 0

U Rwanda rwasinyanye amasezerano na Huawei yo kubakira ubushobozi urubyiruko

Minisiteri y’Ikoranabuhanga na Inovasiyo yasinyanye amasezerano n’Ikigo gikora ibikoresho by’ikoranabuhanga cya Huawei Technologies, Ishami ry’u Rwanda agamije guteza imbere urubyiruko ruri mu...
26 December 2024 Yasuwe: 337 0

Ese koko Israel Mbonyi yateye inda umukobwa imburagihe?

Umuhanzi w’indirimbo zihimbaza Imana, Israel Mbonyi yagaragaje ubunararibonye mu guhangana n’ibibazo ashyirwa mu majwi, yemeza ko ibi bitamuca intege mu rugendo rwe rw’imyaka 10 mu muziki.
26 December 2024 Yasuwe: 2314 0

Burkina Faso, Mali na Niger birashaka kwitandukanya na CEDEAO; bivuze iki ku hazaza ha Afurika

Mu gihe CEDEAO yananirwa kumvikana n’ibihugu birimo Burkina Faso, Mali na Niger, bizava muri uwo muryango bitarenze Nyakanga 2025. Bamwe babibona nk’ikibazo gikomeye ku muryango wafatwaga...
26 December 2024 Yasuwe: 538 0

Bangladesh yasabye u Buhinde kuyoherereza uwari Minisitiri w’Intebe wayo akajyanwa mu nkiko

Bangladesh yasabye u Buhinde kuyoherereza uwari Minisitiri w’Intebe, Sheikh Hasina, wahungiye muri iki gihugu ku wa 05 Kanama 2024 nyuma y’imyigaragambyo yasize ahiritswe ku butegetsi.
26 December 2024 Yasuwe: 244 0

Syria: Abashinzwe umutekano 14 biciwe mu ‘gico’ cy’abayoboke ba Assad

Abayobozi bashya muri Syria baravuga ko abashinzwe umutekano 14 bishwe abandi 10 barakomereka mu “gico” cy’ingabo z’indahemuka ku wahoze ari perezida, Bashar al-Assad, mu burengerazuba bw’igihugu.
26 December 2024 Yasuwe: 452 0

U Bushinwa bugiye kubaka urugomero rw’amashanyarazi rwa mbere runini ku Isi

Leta y’u Bushinwa yemeje umushinga wo kubaka urugomero rw’amashanyarazi ruzashyirwa ku mugezi wa Yarlung Zangbo rukazaba ari rwo runini rwa mbere ku Isi, kuko ruzajya rutanga umuriro...
26 December 2024 Yasuwe: 536 0

Indege irimo abantu 68 yavaga Azerbaijan ijya mu Burusiya yakoze impanuka ikomeye

Minisiteri ishinzwe kurwanya ibiza n’ubutabazi bwihutirwa yatangaje mu itangazo ryayo ko indege itwara abagenzi yavaga muri Azerbaijan yerekeza mu Burusiya yakoze impanuka hafi y’Umujyi wa Aktau...
25 December 2024 Yasuwe: 1202 0

Mozambike: Nibura abantu 21 bamaze gupfira mu myigaragambyo yoingeye kwaduka

Nibura abantu 21 baguye mu mvururu nyuma y’uko Urukiko rushinzwe Kurinda Itegeko Nshinga rwa Mozambike ku wa Mbere rwemeje ko ishyaka rimaze igihe kirekire riri ku butegetsi Frelimo ryatsinze...
25 December 2024 Yasuwe: 598 0