skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Koreya y’Epfo: Polisi yasatse ibiro bya Perezida, uwahoze ari Minisitiri w’Ingabo ashaka kwiyahura

Polisi yo muri Koreya y’Epfo kuri uyu wa Gatatu yasatse ibiro bya Perezida Yoon Suk Yeol, nyuma y’amakuru y’uko uwahoze ari Minisitiri w’Ingabo Kim Yong-hyun yashatse kwiyahurira muri kasho...
11 December 2024 Yasuwe: 862 0

Indege z’intambara z’u Bufaransa zatangiye kuva muri Tchad

Indege z’intambara z’u Bufaransa zatangiye kuva muri Tchad, nyuma yo gusesa amasezerano mu by’ubufatanye yari hagati y’ibihugu byombi.
11 December 2024 Yasuwe: 481 0

Perezida wa Tchad yahawe ipeti rya Maréchal

Akanama kayobora Inzibacyuho ya Tchad kuri uyu wa 10 Ukuboza 2024 kazamuye mu ntera Perezida wako, Général Mahamat Déby Itno, kamuha ipeti rya Maréchal.
11 December 2024 Yasuwe: 861 0

Utubari, utubyiniro na hoteli byemerewe gukora bigakesha mu minsi mikuru

Leta y’u Rwanda yemereye hoteli, utubari, restaurants n’utubyiniro gukora kugeza Saa Munani zo mu rukerera, kuva ku wa Mbere kugeza ku wa Kane, na ho kuva ku wa Gatanu kugera ku Cyumweru, bikaba...
11 December 2024 Yasuwe: 488 0

Ikibazo cy’Abanyarwanda batandatu bari muri Niger cyongeye kugaragazwa muri Loni

Perezida w’Urwego Mpuzamahanga Rwashyiriweho Gukora Imirimo y’Insigarira y’Inkiko Mpanabyaha (IRMCT), Graciela Gatti Santana, yasabye ibihugu ubufatanye mu gushakira igisubizo kirambye ibibazo...
11 December 2024 Yasuwe: 951 0

Syria: Abahiritse Perezida Assad bari mu nzira zo gushyiraho undi muyobozi

Abarwanyi baherutse guhirika ubutegetsi bwa Perezida Bashar al-Assad muri Syria binjiye mu biganiro bigamije gushyiraho ubuyobozi bushya muri iki gihugu.
11 December 2024 Yasuwe: 359 0

Ukraine yagabye igitero mu mujyi wa Taganrog w’u Burusiya, gisenya inganda

Guverineri w’Umujyi wa Taganrog uri mu Majyepfo y’u Burusiya, Yuri Slyusar yatangaje ko ingabo za Ukraine zarashe ibisasu mu cyanya cy’inganda cyo muri uyu mujyi hangirika byinshi ariko nta muntu...
11 December 2024 Yasuwe: 889 0

Amerika yatangiye guhigisha uruhindu abahoze mu butegetsi bwa Bashar al-Assad

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko zashyizeho impapuro zo guta muri yombi abatasi babiri bo ku rwego rwo hejuru bahoze mu butegetsi bwa Syria kubera ibikorwa by’iyicarubozo bakoreye...
10 December 2024 Yasuwe: 1059 0

Umusifuzi watutse Liverpool na Jürgen Kloop yahagaritswe burundu

Ishyirahamwe ry’Abasifuzi muri Shampiyona y’u Bwongereza (PGMOL), ryahagaritse burundu umusifuzi David Coote nyuma yo kugaragara mu mashusho yibasira ikipe ya Liverpool ndetse na Jürgen Klopp...
10 December 2024 Yasuwe: 582 0

Ibice M23 yafashe byarenze kure ibyo yagenzuraga mu 2012

Umuyobozi w’ubutumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Bintou Keita, yatangaje ko ibice umutwe witwaje intwaro wa M23 ugenzura ubu bikubye kabiri...
10 December 2024 Yasuwe: 855 0