U Rwanda rushobora kwiyongera kuri Uganda na Tanzania mu kwakira irushanwa rya CHAN 2024 mu gihe Kenya itarangije ibikorwa byo gusana Ikibuga cya Moi International Sports Centre, Kasarani, mbere...
Ku Cyumweru, tariki ya 8 Ukuboza 2024, mu mukino wahuje ASC Jaraaf yo muri Senegal na USM Alger yo muri Algeria, habaye amakimbirane akomeye. Amakuru avuga ko bamwe mu bafana ba ASC Jaraaf bateye...
Abagize Inteko Ishinga Amategeko ya Koreya y’Epfo babarizwa mu ishyaka rya People Power riri ku butegetsi batambamiye iyeguzwa rya Perezida Yoon Suk Yeol, nyuma y’aho atangarije ibihe bidasanzwe,...
Perezida wa Syria, Bashar Assad n’umuryango birakekwa ko bari i Moscow, aho bahawe ubuhungiro n’u Burusiya, nyuma yo guhirikwa ku butegetsi n’imitwe yitwaje intwaro iyobowe na Tahrir al-Sham (HTS).
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko umufana wa Rayon Sports wagaragaye ku mukino wayihuje na APR FC yambitswe amapingu, yaziraga kwanga guhaguruka mu myanya y’abafite ubumuga muri Stade Amahoro.