skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Si njya ntekereza kuba umutoza-Cristiano Ronaldo

Rutahizamu w’Umunya-Portigal,Cristiano Ronalido yatangaje ko nyuma yo guhagarika gukina umupira w’amaguru ateganya kujya mubindi bikorwa bidahuye nawo.
27 August 2024 Yasuwe: 420 0

Sven-Goran Eriksson watoje u Bwongereza yitabye imana

Sven-Goran Eriksson wabaye umutoza y’Igihugu cy’u Bwongereza hamwe n’amakipe akomeye arimo Manchester City, Leicester City, Roma na Lazio, yitabye Imana ku myaka 76 azize...
27 August 2024 Yasuwe: 440 0

Uburyo Riderman na Bull Dogg babaze inkuru yabo y’ibinyacumi bagatanga ishusho y’uruhererekane rw’abaraperi

Gatsinzi Emery [Riderman] na Ndayishimiye Malik Bertrand [Bull Dogg] bakomeje kunyeganyeza inshundura z’umuziki binyuze mu kuba barafatanyije nyuma yo kubirota mu gihe kirekire bagashyira hanze...
27 August 2024 Yasuwe: 752 0

Perezida Macron yigaramye ibyo gufunga Umuyobozi wa Telegram kubera impamvu za politike

Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yavuze ko ifungwa ry’uwashinze urubuga Telegram akaba n’Umuyobozi warwo, Pavel Durov, ridashingiye ku mpamvu za...
27 August 2024 Yasuwe: 386 0

Nshimirimana Ismaël ’Pitchou’ yatandukanye na APR FC

Umukinnyi w’Intamba mu Rugamba Nshimirimana Ismaël ’Pitchou’ yamaze gutandukana n’ikipe ya APR FC nyuma y’uko umwanya wo gukina muri iy’ikipe y’Ingabo z’Igihugu abona...
27 August 2024 Yasuwe: 754 0

Bujumbura: Ibura ry’amazi ririgushyira abaturage mu kaga

Ibura ry’amazi i Bujumbura riravuza ubuhuha, ndetse havuzwe ibyo abaturage bari gukoresha byo kwangiriza ubuzima bwabo. Abaturiye umujyi wa Bujumbura mu gihugu cy’u Burundi bahangayikishijwe...
27 August 2024 Yasuwe: 347 0

Tanzania: Perezida yise Intare ‘Tundu Lissu’ izina ry’uwo batavuga rumwe

Perezida wa Tanzania Samia Suluhu Hassan yise intare “iruhanya” (“igorana”) izina ry’umwe mu banyapolitike bakomeye batavuga rumwe n’ubutegetsi. Perezida Samia yari yasuye ikigo cya Tanzania cyita ku...
27 August 2024 Yasuwe: 615 0

Ikipe ya Musanze FC yandikiye FERWAFA isaba kurenganurwa

Musanze FC yamaze kwandikira ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA , isabira ibihano abasifuzi basifuye umukino wabahuje na AS Kigali.
27 August 2024 Yasuwe: 366 0

AS Kigali yabonye amanota atatu ya mbere

Ikipe ya AS Kigali yatsinze Musanze FC igitego 1-0 mu mukino w’umunsi wa kabiri wa shampiyona ,cyatsinzwe na Didier Ndayishimiye.
26 August 2024 Yasuwe: 669 0

CAN 2025: Amavubi yatangiye umwiherero

Ikipe y’Igihugu “Amavubi’’ yatangiye umwiherero yitegura imikino ibiri yo gusha itike y’igikombe cy’Afurika 2025 mu itsinda rya D, harimo uzayihuza na Libya tariki 4 Nzeri 2024 mbere yo kwakira...
26 August 2024 Yasuwe: 565 0
0 | ... | 2400 | 2410 | 2420 | 2430 | 2440 | 2450 | 2460 | 2470 | 2480 | ... | 2860