Ambasade y’u Burusiya muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yamaganye inkunga ya miliyari 2,47 z’Amadolari Perezida Joe Biden yemereye igisirikare cya Ukraine.
Kuri uyu wa mbere ku itariki 30 Ukuboza, abaturage biraye mu mihanda mu Murwa Mukuru wa Kenya, Nairobi, bongera kwigaragambya bashinja Polisi y’icyo gihugu n’inzego z’ubutasi gufata abantu mu buryo...
Urukiko rwo muri Koreya y’Epfo kuri uyu wa 31 Ukuboza 2024 rwemeje ko Yoon Suk-yeol uherutse kweguzwa by’agateganyo ku mwanya wa Perezida w’iki gihugu, atabwa muri yombi n’abagenzacyaha.
Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yagaragaje ko ibabazwa n’uko abakozi b’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) bagenzura imirima yayo y’ikawa na cacao baba mu Rwanda, Kenya na...
Nuganira n’abasore n’inkumi hirya no hino mu gihugu, bamwe batangiye gukirigita ifaranga, kimwe mu byo batazabura kukubwira ni uko bifuza gutunga ikibanza, ndetse bakazubaka mu Karere ka Bugesera.
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burusiya, Sergey Lavrov, yavuze ko kuba Amerika yarigaruriye tumwe mu duce dukungahaye kuri peteroli n’ibihano bikomeye by’ubukungu yafatiye Syria mu myaka...
Umunyamakuru Mutesi Scovia washinze akanaba Umuyobozi Mukuru w’ikinyamakuru cyandika cyitwa Mama Urwagasabo gifite na shene ya YouTube, yatangaje ko guhera mu mwaka utaha wa 2025 azatangiza...
Mu gihe benshi bibaza ku mikorere y’imibonano mu bagore bakuze, ubushakashatsi bushya bwagaragaje ko 70% by’abagore bari hejuru y’imyaka 50 bishimira imibonano mpuzabitsina.