skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Ibihugu bitandatu by’i Burayi byashyigikiye umugambi wa Ukraine wo kwinjira muri OTAN

Ibihugu bitandatu byo mu Muryango w’Ubutabarane w’ibihugu by’i Burayi na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, OTAN byasohoye itangazo rihuriweho byemeza ko bishyikigiye umugambi wa Ukraine wo kwinjira...
13 December 2024 Yasuwe: 863 0

U Rwanda rwafungurira Afurika amarembo rwakiriye ‘Grand Prix’ ya Formula One

Abayobozi batandukanye bo mu mashyirahamwe y’umukino wo gusiganwa mu modoka muri Afurika, babona u Rwanda rufite ubushobozi bwo kwakira isiganwa rya Formula One ndetse rubigezeho byaba amahirwe...
13 December 2024 Yasuwe: 479 0

USA: Umuyobozi wa FBI agiye kwegura

Umuyobozi Mukuru w’Urwego rw’Iperereza imbere muri Amerika, FBI, Christopher Wray, yatangaje ko azakora inshingano ze kugeza muri Mutarama 2025, akegura mbere y’uko Perezida Donald Trump atangira...
12 December 2024 Yasuwe: 597 0

Uzatsinda hagati ya Tyson Fury na Oleksandr Usyk azegukana umukandara wakozwe n’Abanyarwanda

Tyson Fury na Oleksandr Usyk bari mu bahanga mu mukino w’iteramakofe bagiye kongera guhurira mu murwano, aho uzitwara neza azegukana umukandara wakozwe n’Abanyarwanda.
12 December 2024 Yasuwe: 695 0

U Rwanda rwafashe umwanya wa kabiri muri ‘ILT20 Continent Cup’

Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda ya Cricket yafashe umwanya wa kabiri mu Irushanwa rya ‘ILT20 Continent Cup’ riri kubera kuri Stade Mpuzamahanga ya Gahanga, nyuma yo gutsinda Botswana.
12 December 2024 Yasuwe: 237 0

Vampino na Butera Knowless baririmbanye indirimbo bakoranye mu myaka 13 ishize

Vampino na Butera Knowless baherukanaga mu myaka 13 ishize ubwo bakoranaga indirimbo ‘Byemere’, ku nshuro ya mbere bahuriye ku rubyiniro bafatanya kuyiririmbira abakunzi babo mu ijoro ryo kuri uyu...
12 December 2024 Yasuwe: 544 0

Mu masaha 48, Israel yagabye ibitero 480 muri Syria

Igisirikare cya Israel, IDF, cyatangaje ko mu masaha 48 ashize cyagabye ibitero birenga 480 ku bikorwaremezo n’imitungo by’igisirikare cya Syria hagamijwe kugira ngo bitazajya mu maboko y’imitwe...
12 December 2024 Yasuwe: 950 0

Iran yashinje Amerika na Israel guhirika ubutegetsi bwa Assad muri Syria

Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran, Ayatollah Ali Khamenei, yavuze ko Leta Zunze Ubumwe z’Amerika na Israel ari byo bihugu biri inyuma y’ihirikwa rya Bashar Assad wahoze ari Perezida wa Syria.
12 December 2024 Yasuwe: 687 0

Donald Trump yagennye ku mwanya wa Ambasaderi ushobora kumubera umukazana

Donald Trump witegura kuba Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri Mutarama 2025, yagennye umukunzi w’umuhungu we, Kimberly Guilfoyle, ku mwanya wa Ambasaderi w’iki gihugu mu Bugiriki.
11 December 2024 Yasuwe: 821 0

Minisitiri w’Intebe wa Israel yagejejwe mu rukiko

Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, kuri uyu wa 10 Ukuboza 2024 yageze mu rukiko rwa Tel Aviv kugira ngo yiregure ku byaha amaze igihe kinini akurikiranyweho, birimo kwakira ruswa.
11 December 2024 Yasuwe: 1875 0