Ibihugu bitandatu byo mu Muryango w’Ubutabarane w’ibihugu by’i Burayi na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, OTAN byasohoye itangazo rihuriweho byemeza ko bishyikigiye umugambi wa Ukraine wo kwinjira...
Abayobozi batandukanye bo mu mashyirahamwe y’umukino wo gusiganwa mu modoka muri Afurika, babona u Rwanda rufite ubushobozi bwo kwakira isiganwa rya Formula One ndetse rubigezeho byaba amahirwe...
Tyson Fury na Oleksandr Usyk bari mu bahanga mu mukino w’iteramakofe bagiye kongera guhurira mu murwano, aho uzitwara neza azegukana umukandara wakozwe n’Abanyarwanda.
Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda ya Cricket yafashe umwanya wa kabiri mu Irushanwa rya ‘ILT20 Continent Cup’ riri kubera kuri Stade Mpuzamahanga ya Gahanga, nyuma yo gutsinda Botswana.
Vampino na Butera Knowless baherukanaga mu myaka 13 ishize ubwo bakoranaga indirimbo ‘Byemere’, ku nshuro ya mbere bahuriye ku rubyiniro bafatanya kuyiririmbira abakunzi babo mu ijoro ryo kuri uyu...
Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran, Ayatollah Ali Khamenei, yavuze ko Leta Zunze Ubumwe z’Amerika na Israel ari byo bihugu biri inyuma y’ihirikwa rya Bashar Assad wahoze ari Perezida wa Syria.
Donald Trump witegura kuba Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri Mutarama 2025, yagennye umukunzi w’umuhungu we, Kimberly Guilfoyle, ku mwanya wa Ambasaderi w’iki gihugu mu Bugiriki.
Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, kuri uyu wa 10 Ukuboza 2024 yageze mu rukiko rwa Tel Aviv kugira ngo yiregure ku byaha amaze igihe kinini akurikiranyweho, birimo kwakira ruswa.