skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

U Burusiya bwamaganye inkunga nshya Amerika yemereye Ukraine

Ambasade y’u Burusiya muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yamaganye inkunga ya miliyari 2,47 z’Amadolari Perezida Joe Biden yemereye igisirikare cya Ukraine.
31 December 2024 Yasuwe: 686 0

Uyu mwaka umaze kubamo impanuka 9,000 zahitanye nibura 350

Kuva muri Mutarama kugeza muri uku kwezi k’Ukuboza 2024, mu Rwanda habaye impanuka zo mu muhanda zisaga ibihumbi 9 zirimo izahitanye ubuzima bw’abantu 350.
31 December 2024 Yasuwe: 409 0

Kenya: Imyigaragambyo yongeye kubura

Kuri uyu wa mbere ku itariki 30 Ukuboza, abaturage biraye mu mihanda mu Murwa Mukuru wa Kenya, Nairobi, bongera kwigaragambya bashinja Polisi y’icyo gihugu n’inzego z’ubutasi gufata abantu mu buryo...
31 December 2024 Yasuwe: 351 0

Urukiko rwemeje ko Yoon Suk-yeol wabaye Perezida wa Koreya y’Epfo afungwa

Urukiko rwo muri Koreya y’Epfo kuri uyu wa 31 Ukuboza 2024 rwemeje ko Yoon Suk-yeol uherutse kweguzwa by’agateganyo ku mwanya wa Perezida w’iki gihugu, atabwa muri yombi n’abagenzacyaha.
31 December 2024 Yasuwe: 263 0

DRC yababajwe n’uko abakozi ba EU bagenzura ikawa na cacao byayo baba mu bihugu birimo Rwanda

Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yagaragaje ko ibabazwa n’uko abakozi b’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) bagenzura imirima yayo y’ikawa na cacao baba mu Rwanda, Kenya na...
31 December 2024 Yasuwe: 398 0

Nuganira n’abasore n’inkumi hirya no hino mu...

Nuganira n’abasore n’inkumi hirya no hino mu gihugu, bamwe batangiye gukirigita ifaranga, kimwe mu byo batazabura kukubwira ni uko bifuza gutunga ikibanza, ndetse bakazubaka mu Karere ka Bugesera.
31 December 2024 Yasuwe: 344 0

U Burusiya bwashinje Amerika kuba inyuma y’umugambi w’ihirikwa rya Assad

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burusiya, Sergey Lavrov, yavuze ko kuba Amerika yarigaruriye tumwe mu duce dukungahaye kuri peteroli n’ibihano bikomeye by’ubukungu yafatiye Syria mu myaka...
31 December 2024 Yasuwe: 212 0

Umunyamakuru Mutesi Scovia agiye gushinga Televiziyo

Umunyamakuru Mutesi Scovia washinze akanaba Umuyobozi Mukuru w’ikinyamakuru cyandika cyitwa Mama Urwagasabo gifite na shene ya YouTube, yatangaje ko guhera mu mwaka utaha wa 2025 azatangiza...
31 December 2024 Yasuwe: 542 0

70% by’abagore bari hejuru y’imyaka 50 bakunda imibonano mpuzabitsina

Mu gihe benshi bibaza ku mikorere y’imibonano mu bagore bakuze, ubushakashatsi bushya bwagaragaje ko 70% by’abagore bari hejuru y’imyaka 50 bishimira imibonano mpuzabitsina.
30 December 2024 Yasuwe: 1858 0

Ibihumbi n’ibihumbi bamaze guhunga Mozambike berekeza muri Malawi

Mu cyumweru gishize, ibihumbi n’ibihumbi by’abaturage ba Mozambike bahungiye mu gihugu cy’abaturanyi cya Malawi bashaka ubuhungiro kubera imyigaragambyo ikomeje kugwamo abantu nyuma y’amatora...
30 December 2024 Yasuwe: 938 0