skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Amerika yemeye ko yahaye Ukraine inkunga y’intwaro mbere y’uko itangira intambara n’u Burusiya

Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga, Antony Blinken, yemeye ko Amerika yamenye amakuru yemezaga ko u Burusiya bushobora kugaba ibitero muri Ukraine, igahitamo...
5 January 2025 Yasuwe: 549 0

Kivu y’Amajyepfo: Abandi Bashinwa batatu bafunzwe

Abashinzwe umutekano n’ubuyobozi bw’intara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bafunze abandi Bashinwa batatu bakekwaho gusahura umutungo w’iki gihugu, ingingo bamwe...
5 January 2025 Yasuwe: 686 0

M23 yigaruriye Masisi Centre, FDLR irahunga

Umutwe wa M23 kuri uyu wa Gatandatu watangaje ko wigaruriye Centre ya Masisi, nyuma yo kuyirukanamo ihuriro ry’ingabo za Leta ya Congo ririmo FARDC na FDLR.
5 January 2025 Yasuwe: 1250 0

Umugore wari ukuze cyane ku isi yapfuye

Umugore w’Ubuyapani, Tomiko Itooka wari ufite imyaka 116 n’agahigo ko kuba umuntu ukuze kurusha abandi ku Isi, yapfuye ku wa 29 Ukuboza 2024.
5 January 2025 Yasuwe: 492 0

Hagaragajwe impano Perezida Biden n’umugore we bahawe n’abayobozi batandukanye

Ibiro bya Leta Zunze Ubumwe za Amerika bishinzwe ububanyi n’amahanga byagaragaje ko Perezida Joe Biden n’umugore we, Dr Jill Biden, mu 2023 bahawe impano n’abayobozi batandukanye hirya no hino ku Isi.
5 January 2025 Yasuwe: 492 0

Mu Bushinwa hadutse icyorezo cyandura cyane kurusha Covid-19

Itangazamakuru ry’Ubushinwa ryatangaje ko hari ubwiyongere bw’ubwandu bwa virusi yitwa Human Metapneumovirus (HMPV) cyane cyane mu bana bari munsi y’imyaka 14 bo mu bice by’amajyaruguru.
4 January 2025 Yasuwe: 3045 0

Ibyagucira amarenga ko umukunzi wawe ashaka ko mutandukana

“Iyo muhamagaye ambwira ko ankunda ariko ahuze, tuza kuvugana ahugutse, umunsi ugaca igihu ngitegereje. Iyo duhuye ntiyemera ko nkora kuri telefoni ye ngo harimo amabanga y’akazi. Twishimana iyo...
4 January 2025 Yasuwe: 1465 0

Kugemurira abarwayi ku bitaro bishobora gukurwaho mu Rwanda

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda yatangaje ko iri gukora inyigo yo guca burundu uburyo bwo kugemurira abarwayi bari ku bitaro ibiribwa bikuwe hanze yabyo kuko bituma hari abagaburirwa ibitujuje...
4 January 2025 Yasuwe: 1625 0

U Burundi bwabwiye u Rwanda ko kuba bwaba bukorana na FDLR bitarureba

Leta y’u Burundi biciye muri Reverien Ndikuriyo usanzwe ari Umunyamabanga w’ishyaka CNDD-FDD riri ku butegetsi, yatangaje ko u Rwanda rudakwiye kugaragaza impungenge zo kuba yaba ikorana n’umutwe...
4 January 2025 Yasuwe: 1411 0

Abasirikare ba Israel bakomeje kwiyahura ku rwego bitigeze bibaho mu myaka 13

Intambara hagati ya Israel na Hamas ikomeje gutera ihungabana mu basirikare, aho raporo nshya yerekanye ko kuva iyi ntambara yatangira, umubare w’abasirikare b’Ingabo za Israel [IDF] biyahuye umaze...
4 January 2025 Yasuwe: 1489 0