Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga, Antony Blinken, yemeye ko Amerika yamenye amakuru yemezaga ko u Burusiya bushobora kugaba ibitero muri Ukraine, igahitamo...
Umutwe wa M23 kuri uyu wa Gatandatu watangaje ko wigaruriye Centre ya Masisi, nyuma yo kuyirukanamo ihuriro ry’ingabo za Leta ya Congo ririmo FARDC na FDLR.
Ibiro bya Leta Zunze Ubumwe za Amerika bishinzwe ububanyi n’amahanga byagaragaje ko Perezida Joe Biden n’umugore we, Dr Jill Biden, mu 2023 bahawe impano n’abayobozi batandukanye hirya no hino ku Isi.
Itangazamakuru ry’Ubushinwa ryatangaje ko hari ubwiyongere bw’ubwandu bwa virusi yitwa Human Metapneumovirus (HMPV) cyane cyane mu bana bari munsi y’imyaka 14 bo mu bice by’amajyaruguru.
Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda yatangaje ko iri gukora inyigo yo guca burundu uburyo bwo kugemurira abarwayi bari ku bitaro ibiribwa bikuwe hanze yabyo kuko bituma hari abagaburirwa ibitujuje...
Leta y’u Burundi biciye muri Reverien Ndikuriyo usanzwe ari Umunyamabanga w’ishyaka CNDD-FDD riri ku butegetsi, yatangaje ko u Rwanda rudakwiye kugaragaza impungenge zo kuba yaba ikorana n’umutwe...
Intambara hagati ya Israel na Hamas ikomeje gutera ihungabana mu basirikare, aho raporo nshya yerekanye ko kuva iyi ntambara yatangira, umubare w’abasirikare b’Ingabo za Israel [IDF] biyahuye umaze...