Umugore witwa Towana Looney w’imyaka 53 yabaye umuntu wa gatanu ku Isi ushyizwemo impyiko z’ingurube kuva mu 2022 ubwo ibyo bikorwa bishya mu buvuzi bugezweho byatangiraga muri Leta Zunze Ubumwe...
Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Gatatu yakiriye muri Village Urugwiro Amb. Tete Antonio, Minisitiri w’Intebe wa Angola akanaba intumwa yihariye ya Perezida w’iki gihugu, João Lourenço.
Kuri uyu wa Gatatu, abategetsi b’u Burusiya bavuze ko bafunze umuturage wa Uzbekistan nyuma y’uko umujenerali mukuru yishwe na bombe yari ihishe mu kamoto (scooter) gakoreshwa n’amashanyarazi.
Umuryango w’Abarasta bo mu karere ka Rubavu, basabye ubuyobozi bw’aka karere kubaha uburenganzira bwo gukora urugendo rw’amahoro rwo kwamagana Apôtre Dr Paul Gitwaza uyobora itorero Zion Temple.