skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

DJ Sonia yahaye gasopo Irené Murindahabi

Sonia Kayitesi uzwi cyane nka DJ Sonia umwe mu ba-DJ bagezweho mu Rwanda, yahaye gasopo umunyamakuru Irene Murindahabi ukorera kuri MIE ku muyoboro wa YouTube wagiye umuvugaho ibintu...
20 December 2024 Yasuwe: 2450 0

Burkina Faso yarekuye intasi z’u Bufaransa yari yarafashe bigizwemo uruhare na Maroc

Kuri uyu wa Kane, itariki 19 Ukuboza 2024, abenegihugu bane b’Abafaransa bari bafungiwe muri Burkina Faso barekuwe bigizwemo uruhare na Maroc, nk’uko byatangajwe n’u Bufaransa na Maroc bakemura...
20 December 2024 Yasuwe: 437 0

Perezida Macron yavugirijwe induru muri Mayotte

Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa yavugirijwe induru n’abaturage ubwo yasuraga ikirwa cya Mayotte giherutse kwibasirwa bikomeye n’imvura ivanze n’umuyaga uremereye yahawe izina rya ‘Chido’.
20 December 2024 Yasuwe: 827 0

Perezida Putin yahakanye ibyo kuganira na Trump

Perezida Vladimir Putin yavuze ko atigeze aganira na Donald Trump uherutse gutorerwa kongera kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu gihe cy’imyaka ine yari amaze atari muri izi nshingano,...
20 December 2024 Yasuwe: 397 0

FIFA yashimye Iran yemereye abagore kujya ku bibuga

Perezida w’Ishyirahamwe rya Ruhago ku Isi (FIFA), Gianni Infantino, yashimye intambwe yatewe na Iran yemereye abafana b’abagore kugera ku kibuga cy’umupira w’amaguru.
20 December 2024 Yasuwe: 391 0

Annie Hawkins-Turner Niwe mugore ufite amabere manini kw’isi

Uyu mugore witwa Annie Hawkins-Turner uzwi kw’izina rya Norma Stitz ukomoka mu gihugu cya Amerika, niwe waciye agahigo ko kugira amabere manini kw’isi kurusha abandi bagore. Nkuko tubikesha...
20 December 2024 Yasuwe: 1971 0

Byinshi kuri Potasiyumu, aho iboneka akamaro kayo ndetse n’ingaruka igihe ibaye nke cyangwa nyinshi

Potassium (soma potasiyumu) nayo ni umwe mu myunyu ngugu y’ingenzi mu mubiri wacu. Buri munsi hagati ya 2500mg na 4700mg zayo ziba zigomba kuboneka mu byo turya. Gusa burya guteka ibiryo ukabitinza...
20 December 2024 Yasuwe: 743 0

Zari yahishuye ko atigeze aca inyuma Diamond Platnumz

Umunyamafaranga Zari Hassan yasobanuye ko atigeze aca inyuma Zari Hassan ubwo babanaga nk’umugore n’umugabo.
20 December 2024 Yasuwe: 753 0

Umuvandimwe wa Paul Pogba wamugambaniye yakatiwe gufungwa imyaka itatu

Mukuru wa Paul Pogba, Mathias Pogba, yakatiwe igifungo cy’imyaka itatu harimo ibiri isubitse nyuma y’uko agaragaye mu itsinda ry’abashatse kwambura uyu mukinnyi amafaranga agera kuri miliyoni 13$.
20 December 2024 Yasuwe: 651 0

Ubwiru buri mu koga amazi akonje

Abantu benshi bakunda kwiyuhagira amazi ashyushye kuruta kwiyuhagira akonje. Nyamara, ubushakashatsi butandukanye bwerekanye ko yaba amazi akonje cyangwa ashyushye ashobora kugirira akamaro ubuzima...
20 December 2024 Yasuwe: 1272 0