skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

M23 yambuye FARDC igifaru

Umutwe wa M23 wungutse igifaru nyuma yo kucyambura ihuriro ry’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bahanganye mu mirwano.
24 December 2024 Yasuwe: 1642 0

Ingabo zirenga 1.000 za Koreya ya Ruguru zimaze kwicwa cyangwa gukomerekera mu Burusiya

Kuri uyu wa Mbere, ubuyobozi bw’ingabo za Koreya y’Epfo bwatangaje ko ingabo zirenga 1.000 za Koreya ya Ruguru zishwe cyangwa zigakomereka kuva zinjira mu Ntambara y’u Burusiya na Ukraine.
24 December 2024 Yasuwe: 347 0

Umuhanzi Harmonize aravugwaho kwiba indirimbo

Umuhanzi Stevo Simple Boy wa Kenya, yatangaje ko ashaka guhura na Harmonize wa Tanzania, bakaganira ku ndirimbo yamwibye, ariko yanaramuka abyemeye bagakorana umushinga w’indirimbo bahuriyeho...
23 December 2024 Yasuwe: 288 0

Qatar ishobora guhagarika kugurisha gaz mu Burayi

Leta ya Qatar yatangaje ko mu gihe ibihugu byo mu Muryango w’Ubumwe bw’u Burayi byatangira gushyira mu bikorwa ibihano byo kwishyuza 5% y’igicuruzo rusange ku bigo bitubahiriza amabwiriza yo...
23 December 2024 Yasuwe: 458 0

Perezida Putin yahigiye kwihorera ku bitero bya ’drone’ bya Ukraine

Perezida w’u Burusiya Vladimir Putin yatangaje ko biteguye kwihorera mu buryo bukomeye ku bagize uruhare mu gutegura igitero cya drone cyagabwe ku mujyi wa Kazan ku wa Gatandatu.
23 December 2024 Yasuwe: 726 0

Tshisekedi yongeye guhura na Ndayishimiye w’u Burundi

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, kuri uyu wa 22 Ukuboza 2024 yahuye na mugenzi we uyobora u Burundi, Evariste Ndayishimiye, nyuma y’amezi atatu bahuriye i...
23 December 2024 Yasuwe: 519 0

Gen. Muhoozi Kainerugaba yasabye Sudani kumusaba imbabazi

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’igihugu cya Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba, yasabye ko Sudani yasaba imbabazi ku mugaragaro nyuma y’amagambo yatangajwe na Minisiteri y’ububanyi n’amahanga wa Sudani...
23 December 2024 Yasuwe: 681 0

Ituri: FARDC yarasanye na UPDF

Abasirikare bane bo mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) n’umwe wo mu za Uganda (UPDF), bakomerekeye mu mirwano yasakiranyije impande zombi.
23 December 2024 Yasuwe: 711 0

Elon Musk yasabye ko abayobozi ba Amerika bajya bakorerwa isuzuma ryo mu mutwe rihoraho

Umunyemari Elon Musk akaba n’Umuyobozi w’urwego rushinzwe kugira inama Ibiro by’Umukuru w’Igihugu ku ngingo zimwe na zimwe, yatangaje ko abayobozi mu nzego za Leta, abashoramari n’abandi bakwiye...
23 December 2024 Yasuwe: 362 0

Denzel Washington yabatijwe ahita anagirwa Umupasiteri

Umukinnyi w’amafilime w’icyamamare ku Isi, Denzel Washington, yemeje ukwemera kwe mu buryo bukomeye ubwo yabatizwaga akanahabwa icyangombwa cy’ubupasiteri ku wa Gatandatu, mu rusengero rwa Kelly...
23 December 2024 Yasuwe: 282 0