skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Taylor Swift yahaye agahimbazamushyi ka miliyari 272 Frw abamufashije mu bitaramo bizenguruka Isi

Taylor Swift yasaranganyije miliyoni 197$ (arenga miliyari 270 Frw) nk’agahimbazamusyi, abamufashije mu bitaramo bizenguruka ibihugu bitandukanye ku Isi yise “Era Tour” aheruka gusoza, byari bimaze...
13 December 2024 Yasuwe: 346 0

Bugesera: Ubuyobozi bwagaragaje ko hakenewe imbaraga mu kwigisha ubuzima bw’imyororokere

Umuyobozi w’Akarere ka Bugesera, Richard Mutabazi, yagaragaje ko ari ingenzi gufasha urubyiruko kugira ubumenyi ku buzima bw’imyororokere, kuko bituma bagira amahitamo meza abarinda ibishobora...
13 December 2024 Yasuwe: 511 0

U Rwanda rwakiriye ibiganiro byahuje abayobozi ba Amerika n’Abambasaderi bo muri Afurika

Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Mathilde Mukantabana yakiriye ibiganiro byahuje Abambasaderi bo ku Mugabane wa Afurika na Sheila Cherfilus-McCormick na Jonathan L. Jackson...
13 December 2024 Yasuwe: 586 0

U Burusiya bwabujije abaturage babwo kujya muri Amerika

Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’u Burusiya yaburiye abaturage bayo ibabuza gukorera ingendo zidakenewe muri Amerika no mu bindi bihugu bifitanye umubano ukomeye na yo kuko bashobora gutabwa muri...
13 December 2024 Yasuwe: 830 0

Ibihugu bitandatu by’i Burayi byashyigikiye umugambi wa Ukraine wo kwinjira muri OTAN

Ibihugu bitandatu byo mu Muryango w’Ubutabarane w’ibihugu by’i Burayi na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, OTAN byasohoye itangazo rihuriweho byemeza ko bishyikigiye umugambi wa Ukraine wo kwinjira...
13 December 2024 Yasuwe: 868 0

U Rwanda rwafungurira Afurika amarembo rwakiriye ‘Grand Prix’ ya Formula One

Abayobozi batandukanye bo mu mashyirahamwe y’umukino wo gusiganwa mu modoka muri Afurika, babona u Rwanda rufite ubushobozi bwo kwakira isiganwa rya Formula One ndetse rubigezeho byaba amahirwe...
13 December 2024 Yasuwe: 482 0

USA: Umuyobozi wa FBI agiye kwegura

Umuyobozi Mukuru w’Urwego rw’Iperereza imbere muri Amerika, FBI, Christopher Wray, yatangaje ko azakora inshingano ze kugeza muri Mutarama 2025, akegura mbere y’uko Perezida Donald Trump atangira...
12 December 2024 Yasuwe: 598 0

Uzatsinda hagati ya Tyson Fury na Oleksandr Usyk azegukana umukandara wakozwe n’Abanyarwanda

Tyson Fury na Oleksandr Usyk bari mu bahanga mu mukino w’iteramakofe bagiye kongera guhurira mu murwano, aho uzitwara neza azegukana umukandara wakozwe n’Abanyarwanda.
12 December 2024 Yasuwe: 696 0

U Rwanda rwafashe umwanya wa kabiri muri ‘ILT20 Continent Cup’

Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda ya Cricket yafashe umwanya wa kabiri mu Irushanwa rya ‘ILT20 Continent Cup’ riri kubera kuri Stade Mpuzamahanga ya Gahanga, nyuma yo gutsinda Botswana.
12 December 2024 Yasuwe: 239 0

Vampino na Butera Knowless baririmbanye indirimbo bakoranye mu myaka 13 ishize

Vampino na Butera Knowless baherukanaga mu myaka 13 ishize ubwo bakoranaga indirimbo ‘Byemere’, ku nshuro ya mbere bahuriye ku rubyiniro bafatanya kuyiririmbira abakunzi babo mu ijoro ryo kuri uyu...
12 December 2024 Yasuwe: 546 0