Perezida Vladimir Putin w’u Burusiya, yatanze umuburo w’uko na we ashobora kurasa ku bihugu biri guha Ukraine intwaro iri kwifashisha irasa ku gihugu cye.
Mu Karere ka Rusizi,umurenge wa Kamembe haravugwa inkuru y’umugabo wari watawe muri yombi,akaba yari afungiye muri kasho ya Polisi aho yasanzwe yiyahuriryemo agapfa.
Ikipe y’Igihugu ya Tanzania ishobora guterwa mpaga ku mukino iheruka gutsindamo Guinée 1-0, ibi bikaba byatuma ibura itike iyerekeza mu irushanwa riruta ayandi ku Mugabane wa Afurika rizabera muri...
Nduwamungu Pauline uherutse kwicwa aciwe umutwe, yashyinguwe mu kuri uyu wa Kane mu muhango abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi, bahumurijwe, bakabwirwa ko umutekano wabo ari nta makemwa.
The Ben na Bwiza baherutse gusohora indirimbo nshya bise ‘Best friend’ yakiranywe yombi n’abakunzi b’umuziki, aho Danny Vumbi yagize uruhare runini mu kuyandika ndetse no kuyigurisha.
Perezida wa Kenya, Dr William Samoei Ruto, kuri uyu wa 21 Ugushyingo 2024 yafashe icyemezo cyo guhagarika amasezerano Guverinoma yagiranye n’ikigo Adani Group cy’umuherwe Gautam Adani wo mu Buhinde.
Kuri uyu wa Kane, itariki 21 Ugushyingo 2024, Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC) rwasohoye impapuro zo guta muri yombi Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu n’uwahoze ari Minisitiri...