skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Mu masaha 48, Israel yagabye ibitero 480 muri Syria

Igisirikare cya Israel, IDF, cyatangaje ko mu masaha 48 ashize cyagabye ibitero birenga 480 ku bikorwaremezo n’imitungo by’igisirikare cya Syria hagamijwe kugira ngo bitazajya mu maboko y’imitwe...
12 December 2024 Yasuwe: 952 0

Iran yashinje Amerika na Israel guhirika ubutegetsi bwa Assad muri Syria

Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran, Ayatollah Ali Khamenei, yavuze ko Leta Zunze Ubumwe z’Amerika na Israel ari byo bihugu biri inyuma y’ihirikwa rya Bashar Assad wahoze ari Perezida wa Syria.
12 December 2024 Yasuwe: 691 0

Donald Trump yagennye ku mwanya wa Ambasaderi ushobora kumubera umukazana

Donald Trump witegura kuba Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri Mutarama 2025, yagennye umukunzi w’umuhungu we, Kimberly Guilfoyle, ku mwanya wa Ambasaderi w’iki gihugu mu Bugiriki.
11 December 2024 Yasuwe: 824 0

Minisitiri w’Intebe wa Israel yagejejwe mu rukiko

Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, kuri uyu wa 10 Ukuboza 2024 yageze mu rukiko rwa Tel Aviv kugira ngo yiregure ku byaha amaze igihe kinini akurikiranyweho, birimo kwakira ruswa.
11 December 2024 Yasuwe: 1879 0

Koreya y’Epfo: Polisi yasatse ibiro bya Perezida, uwahoze ari Minisitiri w’Ingabo ashaka kwiyahura

Polisi yo muri Koreya y’Epfo kuri uyu wa Gatatu yasatse ibiro bya Perezida Yoon Suk Yeol, nyuma y’amakuru y’uko uwahoze ari Minisitiri w’Ingabo Kim Yong-hyun yashatse kwiyahurira muri kasho...
11 December 2024 Yasuwe: 873 0

Indege z’intambara z’u Bufaransa zatangiye kuva muri Tchad

Indege z’intambara z’u Bufaransa zatangiye kuva muri Tchad, nyuma yo gusesa amasezerano mu by’ubufatanye yari hagati y’ibihugu byombi.
11 December 2024 Yasuwe: 484 0

Perezida wa Tchad yahawe ipeti rya Maréchal

Akanama kayobora Inzibacyuho ya Tchad kuri uyu wa 10 Ukuboza 2024 kazamuye mu ntera Perezida wako, Général Mahamat Déby Itno, kamuha ipeti rya Maréchal.
11 December 2024 Yasuwe: 861 0

Utubari, utubyiniro na hoteli byemerewe gukora bigakesha mu minsi mikuru

Leta y’u Rwanda yemereye hoteli, utubari, restaurants n’utubyiniro gukora kugeza Saa Munani zo mu rukerera, kuva ku wa Mbere kugeza ku wa Kane, na ho kuva ku wa Gatanu kugera ku Cyumweru, bikaba...
11 December 2024 Yasuwe: 496 0

Ikibazo cy’Abanyarwanda batandatu bari muri Niger cyongeye kugaragazwa muri Loni

Perezida w’Urwego Mpuzamahanga Rwashyiriweho Gukora Imirimo y’Insigarira y’Inkiko Mpanabyaha (IRMCT), Graciela Gatti Santana, yasabye ibihugu ubufatanye mu gushakira igisubizo kirambye ibibazo...
11 December 2024 Yasuwe: 955 0

Syria: Abahiritse Perezida Assad bari mu nzira zo gushyiraho undi muyobozi

Abarwanyi baherutse guhirika ubutegetsi bwa Perezida Bashar al-Assad muri Syria binjiye mu biganiro bigamije gushyiraho ubuyobozi bushya muri iki gihugu.
11 December 2024 Yasuwe: 363 0