John Prescott ni umunyapolitiki w’Umwongereza yavutse tariki 31 Gicurasi 1938, yabaye Visi Minisitiri w’u Bwongereza kuva mu 1997 kugeza mu 2007 muri guverinoma iyobowe na Minisitiri w’Intebe Tony...
Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Mike Johnson, yafashe icyemezo cyo gukumira umudepite Sarah Elizabeth McBride mu bwiherero bw’abagore.
Ikipe y’ingabo z’u Rwanda binyuze muri Diviziyo ya 5 ibarizwa mu Ntara y’Iburasirazuba, yatsinze ingabo za Tanzania zibarizwa muri Brigade ya 202 ihana imbibi n’u Rwanda ibitego 2-0, mu mukino...
Umuryango wa SADC ku wa Kane wafashe icyemezo cyo kongera mu gihe cy’umwaka ubutumwa bwa gisirikare ingabo zawo zirimo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
Bwa mbere, Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko Edmundo Gonzalez watsinzwe na Nicolas Maduro mu matora y’Umukuru w’Igihugu, ari we ifata nka Perezida watowe.