Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran, Ayatollah Ali Khamenei, yavuze ko Leta Zunze Ubumwe z’Amerika na Israel ari byo bihugu biri inyuma y’ihirikwa rya Bashar Assad wahoze ari Perezida wa Syria.
Donald Trump witegura kuba Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri Mutarama 2025, yagennye umukunzi w’umuhungu we, Kimberly Guilfoyle, ku mwanya wa Ambasaderi w’iki gihugu mu Bugiriki.
Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, kuri uyu wa 10 Ukuboza 2024 yageze mu rukiko rwa Tel Aviv kugira ngo yiregure ku byaha amaze igihe kinini akurikiranyweho, birimo kwakira ruswa.
Polisi yo muri Koreya y’Epfo kuri uyu wa Gatatu yasatse ibiro bya Perezida Yoon Suk Yeol, nyuma y’amakuru y’uko uwahoze ari Minisitiri w’Ingabo Kim Yong-hyun yashatse kwiyahurira muri kasho...
Akanama kayobora Inzibacyuho ya Tchad kuri uyu wa 10 Ukuboza 2024 kazamuye mu ntera Perezida wako, Général Mahamat Déby Itno, kamuha ipeti rya Maréchal.
Leta y’u Rwanda yemereye hoteli, utubari, restaurants n’utubyiniro gukora kugeza Saa Munani zo mu rukerera, kuva ku wa Mbere kugeza ku wa Kane, na ho kuva ku wa Gatanu kugera ku Cyumweru, bikaba...