skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

John Prescott inshuti y’akadasohoka ya Tony Blair yatabarutse ku myaka 86

John Prescott ni umunyapolitiki w’Umwongereza yavutse tariki 31 Gicurasi 1938, yabaye Visi Minisitiri w’u Bwongereza kuva mu 1997 kugeza mu 2007 muri guverinoma iyobowe na Minisitiri w’Intebe Tony...
21 November 2024 Yasuwe: 299 0

Ukraine yanakoresheje missiles z’u Bwongereza mu kurasa mu Burusiya nyuma y’iza Amerika

Kuri uyu wa Gatatu, itariki 20 Ugushyingo 2024, Ukraine yarashe mu Burusiya ibisasu bya misile byakozwe n’u Bwongereza byo mu bwoko bwa Storm Shadow.
21 November 2024 Yasuwe: 1234 0

Amerika: Umudepite wihinduje igitsina yakumiriwe mu bwiherero bw’abagore

Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Mike Johnson, yafashe icyemezo cyo gukumira umudepite Sarah Elizabeth McBride mu bwiherero bw’abagore.
21 November 2024 Yasuwe: 943 0

Ingabo z’u Rwanda zatsinze iza Tanzania mu mukino wa gicuti

Ikipe y’ingabo z’u Rwanda binyuze muri Diviziyo ya 5 ibarizwa mu Ntara y’Iburasirazuba, yatsinze ingabo za Tanzania zibarizwa muri Brigade ya 202 ihana imbibi n’u Rwanda ibitego 2-0, mu mukino...
21 November 2024 Yasuwe: 371 0

SADC yamaganye FARDC na M23, yongera igihe ingabo zayo zizamara muri RDC

Umuryango wa SADC ku wa Kane wafashe icyemezo cyo kongera mu gihe cy’umwaka ubutumwa bwa gisirikare ingabo zawo zirimo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
21 November 2024 Yasuwe: 950 0

Amerika yatangaje ko uwatsinzwe amatora muri Venezuela ari we ifata nka Perezida

Bwa mbere, Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko Edmundo Gonzalez watsinzwe na Nicolas Maduro mu matora y’Umukuru w’Igihugu, ari we ifata nka Perezida watowe.
21 November 2024 Yasuwe: 449 0

P. Diddy yongeye gukozanyaho n’Ubushinjacyaha

Ubucamanza bwasabye Ubashinjacyaha kudakoresha inyandiko zakuwe mu cyumba Diddy afungiwemo ubwo Urwego rw’Iperereza muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (FBI), rwagisakaga rukazitwara.
21 November 2024 Yasuwe: 444 0

Mali: Perezida yirukanye Minisitiri w’Intebe n’abagize guverinoma

Perezida w’Inzibacyuho wa Mali, Général Assimi Goïta, yirukanye Minisitiri w’Intebe w’icyo gihugu, Choguel Kokalla Maiga ndetse n’abandi bari bagize guverinoma y’icyo gihugu.
21 November 2024 Yasuwe: 655 0

Ubujurire bwa Tumukunde wari ufite akabyiniro k’abambaye ubusa bwatewe utwatsi

Urukiko rw’Ibanze rwa Gasabo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 20 Ukwakira rwateye utwatsi ubujurire bwa Tumukunde Epiphanie uzwi nka Kabebe wahoze afite akabyiniro k’abambaye ubusa na bagenzi be.
20 November 2024 Yasuwe: 1609 0

RwandAir yaguriye ubwikorezi bw’imizigo muri Zimbabwe

RwandAir yatangije ingendo zerekeza i Harare muri Zimbabwe yifashishije indege yayo itwara imizigo.
20 November 2024 Yasuwe: 598 0