Mu rukerera rwo ku wa 05 Ukuboza 2024, mu Karere ka Nyanza mu Murenge wa Kibirizi , mu midugudu itandukanye y’akagari ka Mututu, hakozwe umukwabu wafatiwe abantu 19 bakekwaho guhungabanya umutekano...
Inyeshyamba zafashe umujyi wa Hama uherereye mu Majyaruguru ashyira Uburengerazuba bwa Syria, nyuma yo kwirukanamo ingabo za Leta zahise zijya gushinga ibirindiro hanze y’umujyi.
Ikipe ya Rayon Sports yatangarije itangazamakuru n’abanyarwanda muri rusange ko bageze kure imyiteguro y’umukino ukomeye bafitanye na mukeba APR FC, aho kimwe mu byo bishimira ari amafaranga bakuye...
Amakipe 32 yabonye itike yo kuzakina Igikombe cy’Isi cy’Amakipe kizaba mu 2025, yamaze kumenya amatsinda aherereyemo, aho Manchester City ifite igikombe giheruka iri kumwe na Juventus, Waydad AC na...
Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, Brig Gen Ronald Rwivanga, yatangaje ko iyo hatabaho umusada wa RDF kuri ubu imitwe y’inyeshyamba ishyigikiye François Bozizé wahoze ari Perezida wa Repubulika ya...
Umufana w’ikipe y’umupira w’amaguru ya Arsenal yo mu Bwongereza, wari urimo kwishimira ko iyo kipe yatsinze Manchester United, bivugwa ko yishwe arashwe n’umurinzi (umu ’sécurité’) wo muri Uganda.
Kuri uyu wa Kane, itariki ya 05 Ukuboza 2024, Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yagejeje ijambo ku gihugu, nyuma y’amasaha make Minisitiri w’intebe Michel Barnier yeguye ku mirimo ye nyuma...
Donald Trump, Perezida watowe wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yemeje ko azajya mu mihango yo gufungura Kiliziya yitwa “Notre-Dame” y’i Paris mu Bufaransa izaba mu mpera z’iki cyumweru .