skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Ruhango: Barakekwaho kwiba umugore bagasiga bamusambanyije ku gahato

Polisi mu Karere ka Ruhango, yataye muri yombi abasore batatu bakekwaho kwiba umugore w’imyaka 58 bakanamusambanya ku gahato. Aba basore bakekwaho umugore w’imyaka 58 bakanamusambanya ku gahato...
13 November 2024 Yasuwe: 869 0

Abanyarwanda baba muri Canada bateguye urugendo rwo gusabira ubutabera Erixon Kabera warashwe na polisi

Abanyarwanda baba muri Canada bateguye urugendo rwo mu mahoro rugamije gusabira ubutabera Erixon Kabera uherutse kwitaba Imana nyuma yo kuraswa na polisi muri icyo gihugu.
13 November 2024 Yasuwe: 782 0

Gicumbi: Umukozi w’umurenge akurikiranweho kunyereza ifumbire yari igenewe abahinzi

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Gicumbi, kuwa Mbere, itariki 11 Ugushyingo 2024, bwagejeje imbere y’ Urukiko Rwisumbuye rwa Gicumbi dosiye y’ umukozi ushinzwe ubuhinzi muri umwe mu mirenge...
13 November 2024 Yasuwe: 652 0

Umunyarwanda n’Umurundi batawe muri yombi bazira gutunga intwaro

Polisi ya Malawi yataye muri yombi impunzi ebyiri zirimo iy’Umunyarwanda ndetse n’Umurundi ikurikiranyeho gutunga intwaro mu buryo bunyuranyije n’amategeko.
13 November 2024 Yasuwe: 1308 0

Trump yahisemo umunyamakuru nka Minisitiri mushya w’Ingabo, anaha Elon Musk imirimo

Donald Trump watorewe kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yatangaje ko umunyamakuru Pete Hegseth ari we agomba kugira Minisitiri mushya w’ingabo za kiriya gihugu.
13 November 2024 Yasuwe: 1008 0

Hateranye Inama Nkuru ya Polisi y’u Rwanda yiga ku mutekano n’imikorere ya kinyamwuga

Kuri uyu wa Kabiri tariki 12 Ugushyingo 2024, ku cyicaro gikuru cya Polisi ku Kacyiru hateraniye Inama Nkuru ya Polisi y’u Rwanda .
13 November 2024 Yasuwe: 554 0

Amavubi yijeje gutanga byose ku mukino wa Libya

Kapiteni w’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, Bizimana Djihad, yasabye Abanyarwanda kuzitabira ari benshi umukino uzahuza u Rwanda na Libya ku wa Kane mu gushaka itike ya CAN 2025, yizeza ko nk’abakinnyi...
13 November 2024 Yasuwe: 508 0

Yale University igiye gutangiza isomo rigaruka ku bigwi bya Beyoncé

Yale University yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yafashe umwanzuro wo gushyira mu masomo yayo azatangirana n’umwaka utaha, ibigwi by’umuhanzikazi Beyoncé Giselle Knowles-Carter wamamaye nka...
13 November 2024 Yasuwe: 263 0

Intanga zibikwa imyaka 10 no gutwitira undi: Byinshi ku kororoka hifashishijwe ikoranabuhanga mu Rwanda

Ingingo yo kororoka hakoreshejwe ikoranabuhanga imaze iminsi ivugisha benshi bagaragaza ko ari igisubizo ku babuze urubyaro, hakaba n’ababibona ukundi bibaza niba uwatwitiye undi azatanga umwana...
13 November 2024 Yasuwe: 522 0

NBA Cup: Warriors yatangiye neza, Celtics iratungurwa

Golden State Warriors yatsinze Dallas Mavericks amanota 120-117, Atlanta Hawks itungura Boston Celtics iyitsinda amanota 117-116, mu mikino ya mbere ya NBA Cup 2024.
13 November 2024 Yasuwe: 130 0