Donald Trump watorewe kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yatangaje ko umunyamakuru Pete Hegseth ari we agomba kugira Minisitiri mushya w’ingabo za kiriya gihugu.
Kapiteni w’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, Bizimana Djihad, yasabye Abanyarwanda kuzitabira ari benshi umukino uzahuza u Rwanda na Libya ku wa Kane mu gushaka itike ya CAN 2025, yizeza ko nk’abakinnyi...
Yale University yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yafashe umwanzuro wo gushyira mu masomo yayo azatangirana n’umwaka utaha, ibigwi by’umuhanzikazi Beyoncé Giselle Knowles-Carter wamamaye nka...
Golden State Warriors yatsinze Dallas Mavericks amanota 120-117, Atlanta Hawks itungura Boston Celtics iyitsinda amanota 117-116, mu mikino ya mbere ya NBA Cup 2024.