Umuhanzikazi Meghan Trainor, wamamaye mu muziki yagaragaje ko kubera kwitera imiti ituma uruhu rusa neza, byamugizeho ingaruka zikomeye ku buryo guseka kuri we byabaye amateka.
Inzego zishinzwe umutekano mu karere ka Nyanza ,zataye muri yombi abantu bakekwaho gusenya imva mu irimbi no kugura ibyuma byari byubakishije izo mva zashyinguwemo riherereye mu Murenge wa Ruhango .
Ku wa 28 Ugushyingo, Kigali yashyizwe ku mwanya wa kabiri mu mijyi yoroshye kubamo no gushoramo imari muri Afurika ku rutonde rwa Africa Report, urubuga rw’itangazamakuru rwo muri Afurika, na Jeune...
Bibiliya, nk’igitabo cy’umurongo ngenderwaho ku myitwarire y’abakirisitu, igaragaza ko gushaka umugore umwe ari gahunda Imana yashyizeho kuva kera. Mu Itangiriro 2:24, haranditse ngo: "Ni cyo...
Zeo Trap yagaragaje ko yashyize akadomo ku ntambara y’ubutuita ye n’abahanzi bagenzi be, nyuma y’iyo yagiranye na Ish Kevin ikaza no gutuma ahamagazwa n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha [RIB].
Perezida William Samoei Ruto wa Kenya na Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda biyemeje kunga Ethiopia na Somalia, ibihugu bimaze igihe bidacana uwaka bitewe n’ubwumvikane buke bushingiye ku mutekano.
Ikipe ya Vision binyuze ku mutoza wayo Abdu Mbarushimana yatangaje ko igiye kwandika amateka iba ikipe ya mbere itsinze Rayon Sports mu mwaka mushya wa shampiyona wa 2024-2025.