Itangazo ribuza abasirikari b’abanya Isiraheli kujya mu buhorandi, ryasohowe kuri uyu wa gatanu nyuma y’umukino w’umupira w’amaguru wabaye ku munsi w’ejo ugahuza ikipe ya Ajax yo mu mujyi wa...
Abahanzi barangajwe imbere na Beyoncé uri mu byiciro byinshi kurusha abandi, bahatanye muri Grammy Awards itegurwa na ‘Recording Academy Awards’ igiye kuba ku nshuro ya 67.
Umuhanzikazi w’Umunyamerika, akaba n’umukinnyi wa Filimi, Halle bailey; yagaragaje ko atishimiye kubona umwana we mu kiganiro cyatambutse imbonankubone kuri Televiziyo, ubwo yari kumwe n’umugabo we...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi mu mashuri, NESA, cyatangaje ko amanota y’Ibizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye mu mwaka w’amashuri wa 2023/2024, azatangazwa ku wa Gatanu...
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, kuri uyu wa Gatanu, itariki 8 Ugushyingo 2024, yitabiriye Inama ya 7 y’Ihuriro ry’Urubyiruko muri Afurika, Youth Connekt Africa 2024. Ni inama ibera muri Kigali...
Umunyarwenya Anne Kansiime wo muri Uganda na Mammito wo muri Kenya bagiye gutaramira i Kigali mu gitaramo cya Gen-Z Comedy Night, gitegerejwe ku wa 9 Ugushyingo 2024.