Ubwato bw’imizigo bw’Abashinwa, Yi Peng 3, bwabaye igikoresho gikekwaho gukoresha icyaha nyuma y’uko insinga ebyiri za fibre optic zigemurira Sweden internet zangijwe mu Nyanja ya Baltique.
Kuri uyu wa Gatatu, itariki 27 Ugushyingo 2024, u Bufaransa bwatangaje ko Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, afite ubudahangarwa ku cyemezo cyo kumuta muri yombi cyatanzwe n’Urukiko...
Polisi yo mu Mujyi wa Kampala yongereye ibikorwa byo kurwanya ibyaha mu murwa mukuru mu gihe hitegurwa iminsi mikuru. Ku wa 26 Ugushyingo 2024, ibikorwa byayobowe n’inzego z’ubutasi,byakozwe mu...
Minisiteri Ishinzwe Ubutabazi, Minema, yatangaje ko hari gutegurwa impinduka mu buvuzi buhabwa impunzi zose ziri mu Rwanda, ku buryo umwaka wa 2025 zose zizajya zivuza zikoresheje Ubwisungane mu...
Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron yamaganywe na benshi nyuma yo kugaragara mu ruhame atuka abanya-Haiti ko ari ibicucu, kuko birukanye Garry Conille wari Minisitiri w’Intebe.
Imikino ya UEFA Champions League yakomeje gukinwa, ndetse Bayern Munich ifatirana Paris Saint-Germain iyitsinda igitego 1-0, mu gihe Manchester City yasuwe na Feyenoord ikananirwa kuyikuraho...