Colorado Springs Switchbacks FC yatsinze Rhode Island FC ikinamo Kwizera Jojea ibitego 3-0 yegukana Igikombe cya Shampiyona cy’Icyiciro cya Kabiri muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
Umunyarwanda Jason Havuga Nshimye usanzwe ari umusirikare mu ngabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika zirwanira mu kirere, yazamuwe mu ntera ahabwa ipeti rya Lieutenant.
U Burusiya bwakoze igisasu kidasanzwe, gishobora kurasa mu ntera ndende ariko idakabije, kikagenda ku muvuduko ukubye uw’ijwi nshuro 10, ni ukuvuga ko kigenda ibilometero ibihumbi 12 ku isaha.
Umutoza wa Manchester City, Pep Guardiola, yavuze ko adateganya gutererana iyi kipe nubwo yaba yahawe ibihano ikamanurwa mu Cyiciro cya Kabiri mu gihe yahamwa n’ibyaha byo kurenga ku mategeko yo...
Robot yo mu bitaro by’Ishami rya Kaminuza ya New York rishinzwe ubuvuzi, yabaze umugore w’imyaka 57 y’amavuko witwa Cheryl Mehrkar, imushyiramo ibindi bihaha.