Intumwa za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zaciriye amarenga akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe umutekano, ko Leta y’iki gihugu ishobora kudashyira mu bikorwa igihano cy’urupfu.
Bwiza na Bushali nibo bahanzi bagiye gutangirana n’ibitaramo bya ‘Isango na Muzika Awards’ bigiye kuzenguruka mu duce dutandukanye tw’Igihugu bamenyekanisha gahunda z’ibi bihembo.
MONUSCO yatangije, kuri uyu wa Mbere, itariki ya 4 Ugushyingo i Goma muri Kivu y’Amajyaruguru, amahugurwa ya ba ofisiye mirongo ine bo mu Ngabo za SADC muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo...
Mu gicuku cyo mu ijoro ryo ku cyumweru Tariki ya 3 rishyira kuwa Mbere tariki ya 4 Ugushyingo 2024 , abaturage bari barinze intoryi zo mu mirima yabo kugira ngo zitibwa, batabaje inzego z’ibanze...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyamasheke bwongeye gushimangira ko abatuye mu isantere ya Mugonero yo mu Murenge wa Mahembe bagomba kwimurwa kuko aho batuye ari mu gishanga.
Abakozi barenga ibihumbi 30 ba Boeing bemeye guhagarika imyigaragambyo no gusubira mu kazi nyuma y’uko iki kigo cyemeye kongera 38% ku mushahara wabo mu myaka ine iri imbere, ndetse bakazahabwa...