skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Perezida Putin yaburiye ibihugu biri gutanga intwaro ngo u Burusiya buterwe

Perezida w’u Burusiya, Vladimir putin, yihanangirije ibihugu biha intwaro Ukraine kugira ngo iirwanya u Burusiya, avuga ko u Burusiya bushobora kuzaba ari bwo butera ibyo bihugu.
23 November 2024 Yasuwe: 569 0

Abakinnyi b’Amavubi bashimiye Umunyamabanga wa FERWAFA ‘bakesha’ kwitwara neza mu majonjora ya CAN

Bamwe mu bakinnyi b’ikipe y’igihugu batangaje ko impinduka mu buryo bategurwaga ziri mu byabongereye imbaraga ndetse bituma bitwara neza kurusha imyaka yabanje kuko habuze gato ngo bakatishe itike...
22 November 2024 Yasuwe: 895 0

IGP Namuhoranye yakiriye intumwa z’u Bushinwa

Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda (IGP), CG Felix Namuhoranye, ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 21 Ugushyingo 2024, yakiriye ku cyicaro gikuru cya Polisi ku Kacyiru, itsinda...
22 November 2024 Yasuwe: 340 0

Stade Amahoro igiye kwakira imikino ya mbere ya Athlètisme kuva ivuguruwe

Abakinnyi bagera kuri 1117 bazitabira Shampiyona y’Igihugu y’Imikino Ngororamubiri izabera muri Amahoro Stadium ku wa Gatandatu, tariki ya 23 Ugushyingo 2024.
22 November 2024 Yasuwe: 274 0

Putin yaburiye Amerika n’u Bwongereza

Perezida Vladimir Putin w’u Burusiya, yatanze umuburo w’uko na we ashobora kurasa ku bihugu biri guha Ukraine intwaro iri kwifashisha irasa ku gihugu cye.
22 November 2024 Yasuwe: 1291 0

Rusizi: Umugabo yasanzwe muri Kasho ya Polisi yapfuye

Mu Karere ka Rusizi,umurenge wa Kamembe haravugwa inkuru y’umugabo wari watawe muri yombi,akaba yari afungiye muri kasho ya Polisi aho yasanzwe yiyahuriryemo agapfa.
22 November 2024 Yasuwe: 1323 0

Tanzania ishobora gukurwa mu Gikombe cya Afurika cya 2025

Ikipe y’Igihugu ya Tanzania ishobora guterwa mpaga ku mukino iheruka gutsindamo Guinée 1-0, ibi bikaba byatuma ibura itike iyerekeza mu irushanwa riruta ayandi ku Mugabane wa Afurika rizabera muri...
22 November 2024 Yasuwe: 1067 0

Ngoma: Guverineri Rubingisa yahumurije abarokotse Jenoside mu gushyingura Nduwamungu

Nduwamungu Pauline uherutse kwicwa aciwe umutwe, yashyinguwe mu kuri uyu wa Kane mu muhango abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi, bahumurijwe, bakabwirwa ko umutekano wabo ari nta makemwa.
22 November 2024 Yasuwe: 767 0

Icukumbura ku buryo Danny Vumbi yagurishije ’Best Friend’ yashakishwaga na benshi

The Ben na Bwiza baherutse gusohora indirimbo nshya bise ‘Best friend’ yakiranywe yombi n’abakunzi b’umuziki, aho Danny Vumbi yagize uruhare runini mu kuyandika ndetse no kuyigurisha.
22 November 2024 Yasuwe: 786 0

Perezida Ruto yahagaritse amasezerano n’ikigo cy’umuherwe Adani

Perezida wa Kenya, Dr William Samoei Ruto, kuri uyu wa 21 Ugushyingo 2024 yafashe icyemezo cyo guhagarika amasezerano Guverinoma yagiranye n’ikigo Adani Group cy’umuherwe Gautam Adani wo mu Buhinde.
21 November 2024 Yasuwe: 460 0