skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

P. Diddy yongeye gukozanyaho n’Ubushinjacyaha

Ubucamanza bwasabye Ubashinjacyaha kudakoresha inyandiko zakuwe mu cyumba Diddy afungiwemo ubwo Urwego rw’Iperereza muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (FBI), rwagisakaga rukazitwara.
21 November 2024 Yasuwe: 446 0

Mali: Perezida yirukanye Minisitiri w’Intebe n’abagize guverinoma

Perezida w’Inzibacyuho wa Mali, Général Assimi Goïta, yirukanye Minisitiri w’Intebe w’icyo gihugu, Choguel Kokalla Maiga ndetse n’abandi bari bagize guverinoma y’icyo gihugu.
21 November 2024 Yasuwe: 665 0

Ubujurire bwa Tumukunde wari ufite akabyiniro k’abambaye ubusa bwatewe utwatsi

Urukiko rw’Ibanze rwa Gasabo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 20 Ukwakira rwateye utwatsi ubujurire bwa Tumukunde Epiphanie uzwi nka Kabebe wahoze afite akabyiniro k’abambaye ubusa na bagenzi be.
20 November 2024 Yasuwe: 1618 0

RwandAir yaguriye ubwikorezi bw’imizigo muri Zimbabwe

RwandAir yatangije ingendo zerekeza i Harare muri Zimbabwe yifashishije indege yayo itwara imizigo.
20 November 2024 Yasuwe: 599 0

Ubwizigame bw’amadovize y’igihugu bwariyongereye bugera ku yakoreshwa amezi 4,7

Banki Nkuru y’u Rwanda, BNR yatangaje ko ubwizigame bw’igihugu mu madovize bwavuye kuri miliyari 1.827 $ muri Kamena 2023 bugera kuri miliyoni 2.039 $ muri Kamena 2024, byanatumye ubu igihugu...
20 November 2024 Yasuwe: 286 0

Zelensky yasabye abategereje amatora ya Perezida vuba, gusubiza amerwe mu isaho

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yatangaje ko igihugu cye kigomba kubanza kubona amahoro, mbere y’uko haba amatora y’Umukuru w’Igihugu.
20 November 2024 Yasuwe: 666 0

Kitoko agiye gusohora igitabo kivuga ku iterambere ry’umuziki Nyarwanda

Kitoko Bibarwa yatangaje ko ageze kure umushinga wo kwandika igitabo kivuga ku muziki, akaba ateganya kugishyira hanze mu minsi iri imbere.
20 November 2024 Yasuwe: 285 0

MINISPORTS yijeje gukomeza gushyigikira ibikorwa bizamura Handball y’u Rwanda

Minisiteri ya Siporo yijeje ko izakomeza gushyigikira ibikorwa by’Ishyirahamwe ry’Umukino wa Handball mu Rwanda birimo n’ikipe z’Igihugu zimaze iminsi zifite umusaruro mwiza.
20 November 2024 Yasuwe: 151 0

Ibitaravuzwe ku ifatwa ry’amashusho y’indirimbo ya Bwiza na The Ben

Bwiza yamaze gushyira hanze amashusho y’indirimbo ye nshya yise ‘Best friend’ aho yayifatanyije na The Ben, gusa umushinga wo kuyikora ntabwo wari woroshye kuko byinshi mu byari byateguwe mu ifatwa...
20 November 2024 Yasuwe: 736 0

U Budage bwihanangirije u Bushinwa bushinjwa gufasha u Burusiya mu ntambara na Ukraine

Mu nama y’abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga bo mu muryango w’Ubumwe bw’Uburayi (EU) yabereye mu Bubiligi kuri uyu wa 18 Ugushyingo 2024, u Budage bwateguje u Bushinwa ko bushobora gufatirwa...
19 November 2024 Yasuwe: 747 0