Mu ijoro ryo kuri iki Cyumweru tariki ya 21 Nyakanga 2024, Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za America, Joe Biden wari umaze iminsi asabwa guhagarika gukomeza urugendo rwo guhatanira indi manda...
Pelezida wa Ukraine Volodymyr Zelenskyy kuri iyi nshuro noneho niwe uvuga ko asanga Uburusiya bukwiriye gutumirwa mu biganiro bya kabiri by’intumwa z’ibihugu byinshi ku byakorwa ngo intambara...
Raila Odinga yatangaje ko yiteguye guhagarika kandidatire ye ku mwanya w’Umuyobozi wa Komisiyo y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, kubera imyigaragambyo yo kwamagana ubutegetsi bwa Perezida...
Urubyiruko rw’abakorerabushake rw’i Beni mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru rwiyemeje gufata intwaro rukagana ku mirongo y’urugamba guhangana n’umutwe wa M23 ukomeje gukinagiza ingabo za Leta ya Congo...
Igitero gikomeye cy’indege cyahungabanyije umujyi wa Hodeidah ku cyambu cyo ku Nyanja Itukura nyuma y’umunsi umwe abayobozi ba Israel bahize ko bazihorera igitero cya drone kibasiye Tel...
Umudepite wari umaze igihe kinini muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Sheila Jackson Lee wo muri Texas, wafashije kuyobora ingamba za leta zo kurinda abagore ihohoterwa rikorerwa mu ngo no...