skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

The Ben yahishuye impamvu yafashe icyemezo cyo gutorokera muri Amerika

The Ben yasabye imbabazi Abanyarwanda bafashe kuguma kwe na Meddy muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika nko kubatenguha, ahamya ko cyari icyemezo batigeze bajyana ubwo berekezagayo mu 2010.
18 November 2024 Yasuwe: 1341 0

Riderman na Bull Dogg bongeye gukumbuza abantu ‘Icyumba cya Hip Hop’

Abaraperi Riderman na Bull Dogg bari bategerejwe na benshi mu gitaramo "Keep It 100 Experience" cyatewe inkunga n’uruganda rwa Skol binyuze mu cyikonyobwa Skol Malt, bongeye gukumbuza abakunzi...
17 November 2024 Yasuwe: 368 0

Mu gitaramo cya Hip Hop, Fireman yunamiye abaraperi bitabye Imana

Umuraperi Uwimana Francis wamamaye nka Fireman wari mu baraperi 11 bataramiye abitabiriye igitaramo "Keep It 100 Experience" cyabereye muri Kigali Universe, yagisoje yunamira abaraperi bose bitabye...
17 November 2024 Yasuwe: 282 0

Tanzania: Inyubako yagwiriye abantu yica batanu abandi basaga 40 barakomereka

Muri Tanzania, abantu batanu (5) bapfuye abandi basaga 40 barakomereka nyuma y’uko inyubako y’umuturirwa ibagwiriye mu gace k’ubucuruzi ka Kariakoo mu Murwa wa Dar es Salaam.
17 November 2024 Yasuwe: 478 0

Yanga yabonye umutoza mushya

Nyuma yo kwirukana Gamondi wari umutoza mukuru, Yanga SC yahise itangaza Umudage, Sead Ramovic nk’umutoza mukuru. Nyuma gutakaza imikino ibiri iheruka, Yanga SC, yasezereye Umutoza mukuru Angel...
16 November 2024 Yasuwe: 943 0

Minisante yemeje ko iminsi yo gukurikirana abahuye n’abanduye Marburg yarangiye

Minisiteri y’Ubuzima (Minisante) yatangaje ko iminsi yo gukurikirana abahuye n’abanduye indwara ya Marburg yarangiye.
16 November 2024 Yasuwe: 429 0

Alexei Zimin wanenze intambara Putin yashoje muri Ukraine yasanzwe yapfiriye mu cyumba cya Hotel

Alexei Zimin, icyamamare mu bijyanye no guteka (Chef cuisinier), wanyuzaga ikiganiro kuri Televiziyo y’u Burusiya, ariko akaba yaragaragaje ku buryo bweruye ko adashyigikiye intambara Perezida...
16 November 2024 Yasuwe: 1656 0

Mike Tyson yatsinzwe na Jake Paul mu mukino w’amateka

Jake Paul yatsinze Mike Tyson mu murwano w’amateka wabereye mu Mujyi wa Texas muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, aho Akanama Nkemurampaka kemeje mu buryo budasubirwaho ko ari we uwegukanye nyuma ya...
16 November 2024 Yasuwe: 1066 0

Abadipolomate ba Israel bateraniye i Kigali

Ba Ambasaderi bungirije bahagarariye Israel mu bihugu bitandukanye bya Kigali, bateraniye i Kigali mu mwiherero wo "gusuzuma ibibazo bitandukanye ndetse n’amahirwe y’imikoranire" hagati y’Igihugu...
16 November 2024 Yasuwe: 1230 0

Skol yamuritse isura nshya ya Skol Malt nyuma y’imyaka 10

Uruganda rwenga ibinyobwa bisembuye n’ibidasembuye rwa Skol Brewery, rwamuritse isura nshya y’inzoga ’Skol Malt’ nyuma y’imyaka ishize ikozwe, hagamijwe kujyanisha n’ubusabe bw’abakunzi bayo no...
16 November 2024 Yasuwe: 1259 0