Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Israel Mbonyicyambu uzwi nka Israel Mbonyi yateguje abakunzi igitaramo ngarukamwaka, yise ‘Icyambu’ kigiye kuba ku nshuro yacyo ya gatatu.
Taiwani yatangaje ko ku Cyumweru u Bushinwa bwohereje indege z’intambara zirimo izitagira abapilote mu bikorwa by’irondo ryo kuzenguruka icyo kirwa mu rwego rwo kwitegura ko igihe icyo ari cyo...
Minisiteri y’ingabo y’igihugu cya Koreya ya Ruguru yashinje ingabo za Koreya y’Epfo kohereza indege zitagira abapilote mu karere kayo ku mpamvu za politiki, ivuga ko ari ukurenga ku busugire...
Umuhanzi uzwi kandi unakunzwe n’abatari bake mu muziki nyarwanda Eric Senderi uzwi nka Senderi International Hit, yateguje abakunzi be indirimbo ye nshya yitwa Bazayomba.
Kuri uyu wa Gatanu, itariki 25 Ukwakira 2024, urukiko rwo muri Uganda rwakatiye uwahoze ari umuyobozi mu mutwe w’inyeshyamba za Lord Resistance Army (LRA) igifungo cy’imyaka 40.