The Ben yasabye imbabazi Abanyarwanda bafashe kuguma kwe na Meddy muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika nko kubatenguha, ahamya ko cyari icyemezo batigeze bajyana ubwo berekezagayo mu 2010.
Abaraperi Riderman na Bull Dogg bari bategerejwe na benshi mu gitaramo "Keep It 100 Experience" cyatewe inkunga n’uruganda rwa Skol binyuze mu cyikonyobwa Skol Malt, bongeye gukumbuza abakunzi...
Muri Tanzania, abantu batanu (5) bapfuye abandi basaga 40 barakomereka nyuma y’uko inyubako y’umuturirwa ibagwiriye mu gace k’ubucuruzi ka Kariakoo mu Murwa wa Dar es Salaam.
Alexei Zimin, icyamamare mu bijyanye no guteka (Chef cuisinier), wanyuzaga ikiganiro kuri Televiziyo y’u Burusiya, ariko akaba yaragaragaje ku buryo bweruye ko adashyigikiye intambara Perezida...
Jake Paul yatsinze Mike Tyson mu murwano w’amateka wabereye mu Mujyi wa Texas muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, aho Akanama Nkemurampaka kemeje mu buryo budasubirwaho ko ari we uwegukanye nyuma ya...
Ba Ambasaderi bungirije bahagarariye Israel mu bihugu bitandukanye bya Kigali, bateraniye i Kigali mu mwiherero wo "gusuzuma ibibazo bitandukanye ndetse n’amahirwe y’imikoranire" hagati y’Igihugu...