skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Ubwiyongere bw’impunzi z’Abanyekongo bwateje ikibazo cy’aho bacumbikirwa

Impunzi nshya zirimo kugera mu Rwanda, cyane cyane Abanyekongo, biravugwa ko zigowe kubona amazu yo gucumbikamo mu nkambi ya Mahama. Ubuyobozi buri kubaka amazu mashya arenga 500 mu rwego rwo...
6 November 2024 Yasuwe: 692 0

Operasiyo ya Polisi imaze guta muri yombi abahebyi barenga 50

Itsinda ry’abapolisi bo mu Karere ka Muhanga, Kamonyi, Ruhango n’iryo mu Mujyi wa Kigali ririmo gukora Operasiyo mu birombe by’ubucukuzi by’amabuye y’agaciro muri utwo turere, rimaze guta muri...
6 November 2024 Yasuwe: 811 0

Miss Muheto Divine yahanishijwe igifungo cy’amezi atatu gisubitse

Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro kuri uyu wa Gatatu tariki 6 Ukwakira rwahanishije Miss Muheto Divine igihano cy’igifungo cy’amezi atatu gisubitse mu gihe cy’umwaka umwe n’ihazabu y’ibihumbi 190 Frw.
6 November 2024 Yasuwe: 754 0

Donald Trump niwe watorewe kuyobora Amerika muri manda itaha

Umunyapolitiki Donald wo mu ishyaka ry’aba Républicain yongeye gutorerwa kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika, nyuma yo gutsinda Kamala Harris bari bahatanye mu matora.
6 November 2024 Yasuwe: 582 0

Minisitiri Nduhungirehe ntiyishimiye ibihe bibi Kiyovu Sports irimo

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, yavuze ko ntawakishimira ibihe bibi Kiyovu Sports nk’ikipe y’amateka iri kunyuramo nubwo we ari umukunzi wa Mukura...
6 November 2024 Yasuwe: 444 0

U Bwongereza bwiyemeje guhindura umuvuno ku mubano wabwo na Afurika

Umunyamabanga ushinzwe ububanyi n’amahanga muri Guverinoma y’u Bwongereza, David Lammy, yatangaje ko igihugu cyabo kigiye guhindura umuvuno ku buryo kibanyemo n’ibihugu byo ku mugabane wa Afurika.
6 November 2024 Yasuwe: 420 0

Handball: Ikipe y’u Rwanda yegukanye Igikombe cya Afurika cya U-20

Ikipe y’Igihugu ya Handball y’Abatarengeje imyaka 20, yegukanye Igikombe cya Afurika "IHF Trophy/Continental Phase" cyaberaga muri Ethiopia nyuma yo gutsinda Ibirwa bya Réunion ibitego 34-25.
6 November 2024 Yasuwe: 411 0

Sudani: RSF iravugwaho kugotera abaturage mu mujyi wa al-Hilaliya no kubahohotera

Abarwanyi b’umutwe wa Rapid Support Forces (RSF) baravugwaho gukomeza ibikorwa byo guhohotera abasivili mu burasirazuba bwa leta ya al-Jazirah, aho bagaba igitero ku baturage. Muri iyi Leta, ubu...
6 November 2024 Yasuwe: 140 0

Amajyepfo: Hafashwe abantu 51 bafite aho bahuriye n’ubucuzi butemewe

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko yataye muri yombi abantu 51 barimo abakoraga mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro hamwe n’abayagura mu buryo butemewe n’amategeko, mu rwego rwo guca ingaruka zituruka...
6 November 2024 Yasuwe: 146 0

Filipe Nyusi wayoboye Mozambique yasabye abaturage guhagarika imyigaragambyo

Filipe Nyusi usoje manda ze nka Perezida wa Mozambique, yasabye abari kwigaragambya mu mujyi wa Maputo bamagana ibyavuye mu matora, ko bakwiye kubihagarika.
6 November 2024 Yasuwe: 327 0