skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Amavubi yijeje gutanga byose ku mukino wa Libya

Kapiteni w’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, Bizimana Djihad, yasabye Abanyarwanda kuzitabira ari benshi umukino uzahuza u Rwanda na Libya ku wa Kane mu gushaka itike ya CAN 2025, yizeza ko nk’abakinnyi...
13 November 2024 Yasuwe: 512 0

Yale University igiye gutangiza isomo rigaruka ku bigwi bya Beyoncé

Yale University yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yafashe umwanzuro wo gushyira mu masomo yayo azatangirana n’umwaka utaha, ibigwi by’umuhanzikazi Beyoncé Giselle Knowles-Carter wamamaye nka...
13 November 2024 Yasuwe: 267 0

Intanga zibikwa imyaka 10 no gutwitira undi: Byinshi ku kororoka hifashishijwe ikoranabuhanga mu Rwanda

Ingingo yo kororoka hakoreshejwe ikoranabuhanga imaze iminsi ivugisha benshi bagaragaza ko ari igisubizo ku babuze urubyaro, hakaba n’ababibona ukundi bibaza niba uwatwitiye undi azatanga umwana...
13 November 2024 Yasuwe: 527 0

NBA Cup: Warriors yatangiye neza, Celtics iratungurwa

Golden State Warriors yatsinze Dallas Mavericks amanota 120-117, Atlanta Hawks itungura Boston Celtics iyitsinda amanota 117-116, mu mikino ya mbere ya NBA Cup 2024.
13 November 2024 Yasuwe: 133 0

Ruud van Nistelrooy yavuye muri Manchester United

Manchester United yemeje ko Ruud van Nistelrooy yavuye muri iyi kipe nyuma y’uko nta nshingano yahawe mu bazakorana n’Umutoza mushya w’Umunya-Portugal, Rúben Amorim.
12 November 2024 Yasuwe: 805 0

Irushanwa rya ’CIMEGOLF 2024’ rigiye kuba ku nshuro ya gatandatu

Irushanwa CIMEGOLF 2024 ryateguwe n’Uruganda Nyarwanda rukora Sima ‘CIMERWA’ ku bufatanye n’abandi bafatanyabikorwa, rigiye kuba ku nshuro ya gatandatu.
12 November 2024 Yasuwe: 178 0

Big Fizzo ari mu myiteguro yo gusohora album ye ya gatanu

Mugani Désiré wamamaye nka Big Fizzo cyangwa Farious mu muziki w’i Burundi na Afurika y’Iburasirazuba muri rusange, kuri ubu ari mu myiteguro yo kumurika album ye ya gatanu yise ‘777’.
12 November 2024 Yasuwe: 263 0

Guverinoma y’u Bwongereza yasabwe gusubizaho gahunda yayo n’u Rwanda ku bimukira

Chris Philp ushinzwe gukurikirana ibirebana n’umutekano w’imbere mu Bwongereza mu ishyaka ry’Aba-Conservateurs yasabye Guverinoma y’iki gihugu iyobowe n’ishyaka ry’abakozi gusubizaho gahunda yo...
12 November 2024 Yasuwe: 1028 0

Lesego Chombo wabaye Nyampinga wa Botswana yagizwe Minisitiri

Umukobwa witwa Lesego Chombo wambitswe ikamba rya Nyampinga wa Botswana mu 2022, ndetse akaba na Miss World Africa 2024, yagizwe Minisitiri w’Urubyiruko n’Uburinganire muri icyo gihugu.
12 November 2024 Yasuwe: 591 0

Christopher ari muri Amerika mu mishinga irimo uwo kurangiza album ye

Christopher uri mu bahanzi bamaze igihe bahagaze neza mu muziki w’u Rwanda, kuva ku wa Gatanu w’icyumweru gishize yerekeje muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri gahunda zirimo iyo kurangiza imwe...
12 November 2024 Yasuwe: 214 0