Kapiteni w’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, Bizimana Djihad, yasabye Abanyarwanda kuzitabira ari benshi umukino uzahuza u Rwanda na Libya ku wa Kane mu gushaka itike ya CAN 2025, yizeza ko nk’abakinnyi...
Yale University yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yafashe umwanzuro wo gushyira mu masomo yayo azatangirana n’umwaka utaha, ibigwi by’umuhanzikazi Beyoncé Giselle Knowles-Carter wamamaye nka...
Golden State Warriors yatsinze Dallas Mavericks amanota 120-117, Atlanta Hawks itungura Boston Celtics iyitsinda amanota 117-116, mu mikino ya mbere ya NBA Cup 2024.
Manchester United yemeje ko Ruud van Nistelrooy yavuye muri iyi kipe nyuma y’uko nta nshingano yahawe mu bazakorana n’Umutoza mushya w’Umunya-Portugal, Rúben Amorim.
Irushanwa CIMEGOLF 2024 ryateguwe n’Uruganda Nyarwanda rukora Sima ‘CIMERWA’ ku bufatanye n’abandi bafatanyabikorwa, rigiye kuba ku nshuro ya gatandatu.
Mugani Désiré wamamaye nka Big Fizzo cyangwa Farious mu muziki w’i Burundi na Afurika y’Iburasirazuba muri rusange, kuri ubu ari mu myiteguro yo kumurika album ye ya gatanu yise ‘777’.
Umukobwa witwa Lesego Chombo wambitswe ikamba rya Nyampinga wa Botswana mu 2022, ndetse akaba na Miss World Africa 2024, yagizwe Minisitiri w’Urubyiruko n’Uburinganire muri icyo gihugu.
Christopher uri mu bahanzi bamaze igihe bahagaze neza mu muziki w’u Rwanda, kuva ku wa Gatanu w’icyumweru gishize yerekeje muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri gahunda zirimo iyo kurangiza imwe...