Ubuyobozi bushinzwe siporo mu mashuri abanza n’ay’isumbuye bwerekanye amahirwe ari mu mikino itandukanye bugaragaza ko kuri ubu gukina bitagifatwa nko kwishimisha, ahubwo ari umwuga nk’iyindi kandi...
Umuririmbyi w’Umunyamerika, Machine Gun Kelly n’umukunzi we, Megan Fox uzwi muri Sinema yambitse impeta mu myaka yashize, bagiye kwibaruka umwana wabo wa mbere.
Inter Miami ikinamo Lionel Messi yasezerewe mu mikino ya kamarampaka ya Shampiyona yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, nubwo yari yitwaye neza mu mikino ibanza.
Cristel Nchama uri mu bagore babarirwa muri 400 bagaragaye mu mashusho yasakaye ku mbuga nkoranyambaga biha akabyizi na Baltasar Engonga wahoze ari Umuyobozi Mukuru w’Urwego rushinzwe iperereza ku...
Ikipe ya Chelsea na Arsenal zanganyije igitego 1-1 mu mukino wari witezweho ko hagira itsinda ikaba yajya imbere y’indi ku rutonde rwa Shampiyona y’u Bwongereza.