skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

RCS yirukanye abakozi bayo 411 barimo na Komiseri

Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 11 Ugushyingo 2024,Urwego rw’u Rwanda rushinzwe lgorora (RCS) rwirukanye abakozi 411.
12 November 2024 Yasuwe: 1037 0

Akarere ka Rubavu kasabwe kongera kurera impano mu mikino

Ubuyobozi bushinzwe siporo mu mashuri abanza n’ay’isumbuye bwerekanye amahirwe ari mu mikino itandukanye bugaragaza ko kuri ubu gukina bitagifatwa nko kwishimisha, ahubwo ari umwuga nk’iyindi kandi...
12 November 2024 Yasuwe: 291 0

Rulindo: Ruracyageretse hagati ya Meya w’Akarere n’uwari Gitifu nyuma y’iminsi ibiri asubijwe mu kazi

Nyuma y’iminsi ibiri Ndagijimana Froduard wari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Mbogo asubijwe mu kazi, akagirwa umujyanama wa Meya w’Akarere ka Rulindo yahise yandikirwa ibaruwa imwaka...
12 November 2024 Yasuwe: 991 0

Megan Fox na Machine Gun Kelly baritegura kwibaruka

Umuririmbyi w’Umunyamerika, Machine Gun Kelly n’umukunzi we, Megan Fox uzwi muri Sinema yambitse impeta mu myaka yashize, bagiye kwibaruka umwana wabo wa mbere.
12 November 2024 Yasuwe: 266 0

Inter Miami ya Lionel Messi yasezerewe muri MLS

Inter Miami ikinamo Lionel Messi yasezerewe mu mikino ya kamarampaka ya Shampiyona yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, nubwo yari yitwaye neza mu mikino ibanza.
11 November 2024 Yasuwe: 417 0

Kigali: Ishyaka PL ryatangiye guhugura abayoboke ku kwihangira imirimo

Ubuyobozi bw’Ishyaka Riharanira Ukwishyira Ukizana (PL) bwatangaje ko muri gahunda ya politike yaryo harimo gufasha abayoboke baryo kumenya kwihangira imirimo no kubyaza umusaruro amahirwe...
11 November 2024 Yasuwe: 343 0

Umwe mu bagore barenga 400 bagaragaye biha akabyizi na Baltasar yamureze

Cristel Nchama uri mu bagore babarirwa muri 400 bagaragaye mu mashusho yasakaye ku mbuga nkoranyambaga biha akabyizi na Baltasar Engonga wahoze ari Umuyobozi Mukuru w’Urwego rushinzwe iperereza ku...
11 November 2024 Yasuwe: 2365 0

Ukraine yagabye ibitero karahabutaka bya drones ku Burusiya

Ukraine mu mpera z’icyumweru gishize yagabye ibitero bya za drone ku Burusiya, biba ibitero binini kurusha ibindi bibayeho kuva intambara y’ibihugu byombi itangiye.
11 November 2024 Yasuwe: 1117 0

Chelsea na Arsenal zaguye miswi, zikomeza gukubana muri Premier League

Ikipe ya Chelsea na Arsenal zanganyije igitego 1-1 mu mukino wari witezweho ko hagira itsinda ikaba yajya imbere y’indi ku rutonde rwa Shampiyona y’u Bwongereza.
11 November 2024 Yasuwe: 265 0

Abapolisi bakuru barimo CP Basabose na ACP Twahirwa bashyizwe mu kiruhuko cy’izabukuru

Polisi y’u Rwanda kuri iki cyumweru yatangaje ko abapolisi 154 barimo barindwi bo ku rwego rwa ba Komiseri bashyizwe mu kiruhuko cy’izabukuru.
11 November 2024 Yasuwe: 924 0