skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Ese byigenze gute ko mfite impungenge? Mungire inama ndabasabye

Hari umusore wifuza ko yagirwa inama mu bijyanye n’urukundo arimo kurubu gusa yifuje ko amazina ye atamenyekana. Muraho neza mwese , Ndi umusore wimyaka 27 nkaba nkora akazi ko murugo....
20 October 2024 Yasuwe: 752 0

Sobanukirwa itandukaniro riri hagati y’urukundo nyakuri n’urukundo rw’agahararo?

Muri iy’iminsi hari kwigaragaza cyane urukundo rw’agahararo aho inshuti ziri gutandukana, ingo nyinshi zigatana. Ese uzi itandukaniro ry’urukundo nyakuri n’urukundo rw’agahararo? N’ubundi kandi,...
20 October 2024 Yasuwe: 951 0

Mozambike: Abantu bitwaje imbunda bishe abantu 2 batavuga rumwe n’ubutegetsi

Imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu yavuze ko abantu bitwaje imbunda bishe umunyamategeko utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Mozambike n’umuyobozi w’ishyaka nyuma yo kurasa inshuro nyinshi ku...
20 October 2024 Yasuwe: 163 0

Umugore wa Cooper Barnes ahangayikishijwe na mugenzi we ushaka kumutwarira umugabo

Umugore wa Cooper Barnes wamamaye muri “Henry Danger” ari gushinja umuturanyi wabo, gushaka kureshya no kugusha umugabo we.
20 October 2024 Yasuwe: 191 0

Perezida Putin yaburiye Ukraine yifuza intwaro kirimbuzi

Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yaburiye Ukraine nyuma y’aho igaragaje ko ikeneye intwaro kirimbuzi zo kuyifasha kurinda umutekano wayo, ayimenyesha ko u Burusiya butazemera ibyo bishoboka.
19 October 2024 Yasuwe: 1298 0

Bwiza yijeje abakunzi be kuzahura na bo

Umuhanzi uri mu bakunzwe banabigaragarijwe n’abatari bake, Bwiza Emerance uzwi cyane nka Bwiza, yijeje abakunzi be kuzategura umunsi agahura na bo bagasangira bakishimana. Uyu mukobwa usanzwe...
19 October 2024 Yasuwe: 623 0

Inyanya zafasha mu kuvura ubugumba ku bagabo (Ubushakashatsi)

Mu busanzwe, inyanya zizwiho kuba zituma abantu bahorana akanyamuneza ndetse zikaba n’isoko ya vitamine C, ariko abashakashatsi baje kwemeza n’ubundi bushobozi buri mu nyanya butuma zigira uruhare...
19 October 2024 Yasuwe: 1146 0

Dore ingaruka zo gukoresha ibinyobwa byongera imbaraga bizwi nka ‘Energy Drinks’

Hari abanywa ibinyobwa bivugwa ko byongera ingufu cyangwa se byongera imbaraga, ariko hari ubushakashatsi butandukanye bugaragaza ko ibyo binyobwa bizwi nka ‘energy drinks’ bigirira nabi ubuzima...
19 October 2024 Yasuwe: 3209 0

Menya bimwe mu biribwa byangiza igifu n’uko wakwitwara igihe wakirwaye

Inzobere mu by’indwara z’imbere mu mubiri zigira abantu inama yo kwirinda kurya ibiribwa bimwe na bimwe kuko byangiza igifu igihe byafashwe ku rugero rwo hejuru. Dr Hanna Aberra inzobere mu...
19 October 2024 Yasuwe: 2370 0

Israel Mbonyi yateguje ikindi gitaramo gikomeye

Nk’uko bimaze kumenyerwa mu mpera z’umwaka, Israel Mbonyi uri mu bahanzi bakunzwe mu Karere ka Afurika y’Uburasirazuba, yaciye amarenga yo gutegura ikindi gitaramo gikomeye gishobora kuzaba ku...
18 October 2024 Yasuwe: 460 0