Mukantagwera Adela wari utuye mu Kagari ka Nyabugogo mu Murenge wa Kigali mu Karere ka Nyarugenge, yasanzwe mu nzu yishwe, aho bikekwa ko yishwe n’umwuzukuru we wahise atoroka.
Amajwi yatangiye kubarurwa nyuma y’amatora y’Umukuru w’Igihugu yabaye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku wa Kabiri tariki ya 5 Ugushyingo, arerekana ko Donald Trump wo mu ishyaka...
Intumwa za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zaciriye amarenga akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe umutekano, ko Leta y’iki gihugu ishobora kudashyira mu bikorwa igihano cy’urupfu.
Bwiza na Bushali nibo bahanzi bagiye gutangirana n’ibitaramo bya ‘Isango na Muzika Awards’ bigiye kuzenguruka mu duce dutandukanye tw’Igihugu bamenyekanisha gahunda z’ibi bihembo.
MONUSCO yatangije, kuri uyu wa Mbere, itariki ya 4 Ugushyingo i Goma muri Kivu y’Amajyaruguru, amahugurwa ya ba ofisiye mirongo ine bo mu Ngabo za SADC muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo...