skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Rurageretse hagati ya Elon Musk na Jennifer Lopez

Elon Musk yanenze Jennifer Lopez utaragiriye inama abantu yo kwirinda P.Diddy bahoze bakundana, ubu akaba akurikiranyweho gusambanya abana, abagore n’abagabo.
6 November 2024 Yasuwe: 325 0

Nyarugenge: Habonetse umurambo w’umukecuru, bikekwa ko yishwe n’umwuzukuru we

Mukantagwera Adela wari utuye mu Kagari ka Nyabugogo mu Murenge wa Kigali mu Karere ka Nyarugenge, yasanzwe mu nzu yishwe, aho bikekwa ko yishwe n’umwuzukuru we wahise atoroka.
6 November 2024 Yasuwe: 298 0

Burkina Faso: Abasirikare bakuru barimo uwabaye perezida birukanwe mu gisirikare

Muri Burkina Faso, abasirikare bakuru benshi, barimo uwahoze ari perezida w’inzibacyuho, Paul-Henri Sandaogo Damiba, birukanwe mu gisirikare n’Umuyobozi uriho muri iki gihe, Captain Ibrahim Traoré,...
6 November 2024 Yasuwe: 429 0

Amatora yo muri Amerika: Trump ari imbere ya Kamala Harris mu majwi yabaruwe

Amajwi yatangiye kubarurwa nyuma y’amatora y’Umukuru w’Igihugu yabaye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku wa Kabiri tariki ya 5 Ugushyingo, arerekana ko Donald Trump wo mu ishyaka...
6 November 2024 Yasuwe: 284 0

Kirehe: Yatawe muri yombi azira guhabwa ibihumbi 50 Frw ngo akorere undi muntu ‘Provisoire’

Umusore w’imyaka 18 wo mu Karere ka Kirehe yatawe muri yombi nyuma yo kujya gukorera undi muntu ikizamini cy’uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga rw’agateganyo ruzwi nka Provisoire.
6 November 2024 Yasuwe: 163 0

RDC yaciye amarenga ko itazashyira mu bikorwa igihano cy’urupfu

Intumwa za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zaciriye amarenga akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe umutekano, ko Leta y’iki gihugu ishobora kudashyira mu bikorwa igihano cy’urupfu.
6 November 2024 Yasuwe: 129 0

Mbarushimana Abdou yagizwe Umutoza wa Vision FC

Mbarushimana Abdou yagizwe Umutoza wa Vision FC, yatangiye umwaka w’imikino nabi igahitamo gutandukana n’Umwongereza Calum Shaun Selby yatangiranye.
5 November 2024 Yasuwe: 261 0

La Corniche: Hari kubera ibiganiro bihuza u Rwanda, DRC na Angola

Ku mupaka munini uhuza u Rwanda na Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, DRC, uzwi nka La Corniche, hagiye kubera ibiganiro bihuje intumwa z’u Rwanda, DRC n’iza Angola nk’umuhuza w’ibi bihuguku...
5 November 2024 Yasuwe: 1046 0

Bwiza na Bushali bagiye kubimburira abandi mu bitaramo bya ‘Isango na Muzika Awards’

Bwiza na Bushali nibo bahanzi bagiye gutangirana n’ibitaramo bya ‘Isango na Muzika Awards’ bigiye kuzenguruka mu duce dutandukanye tw’Igihugu bamenyekanisha gahunda z’ibi bihembo.
5 November 2024 Yasuwe: 238 0

MONUSCO yatangiye ku mugaragaro ubufatanye bwayo na SAMIDRC

MONUSCO yatangije, kuri uyu wa Mbere, itariki ya 4 Ugushyingo i Goma muri Kivu y’Amajyaruguru, amahugurwa ya ba ofisiye mirongo ine bo mu Ngabo za SADC muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo...
5 November 2024 Yasuwe: 555 0