skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Abasirikare benshi ba Tchad biciwe mu mirwano na Boko Haram

Nibura Abasirikare 15 ba Tchad baguye mu mirwano yabahuje na Boko Haram kuwa Gatandatu.
11 November 2024 Yasuwe: 393 0

Abatalibani bagaragaje ko biteguye kubana neza na Donald Trump

Leta ya Afghanistan iyoborwa n’Abatalibani yatangaje ko yiteguye kubana neza na Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu gihe cy’ubutegetsi bwa Donald Trump.
11 November 2024 Yasuwe: 481 0

Amakipe azitabira CECAFA U-17 yaburiwe ku bijyanye no kubeshya imyaka

Umuyobozi w’Amarushanwa muri CECAFA, Yusuf Mossi, yateguje amakipe azitabira irushanwa ry’abatarengeje imyaka 17 kuzapimwa bikomeye harebwa niba batarabeshye imyaka.
10 November 2024 Yasuwe: 270 0

Ross Kana, Rumaga na Mbonyi mu bakoze mu nganzo: Indirimbo nshya za Weekend

Nk’uko bisanzwe bigenda mu mpera za buri Cyumweru, IGIHE ibagezaho urutonde rw’indirimbo nshya z’abahanzi barimo abamaze kugera ku rwego rukomeye n’abakizamuka.
10 November 2024 Yasuwe: 315 0

APR FC yabonye Chairman mushya

Ikipe ya APR FC yamaze gutangaza ko Brig Gen Deo Rusanganwa ari we ugiye kuyobora iyi kipe by’agateganyo nyuma yo gusezerera uwari usanzwe kuri uyu mwanya Col (Rtd) Karasira Richard.
10 November 2024 Yasuwe: 1146 0

Anne Mbonimpa wari umukozi wa Ferwafa yitabye Imana

Anne Mbonimpa wari umukozi w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) mu bijyanye no guteza imbere umupira w’amaguru w’Abagore, yitabye Imana.
10 November 2024 Yasuwe: 1561 0

Bayingana yahakanye iby’ivangura yavuzweho na Fatakumavuta mu rukiko

Umunyamakuru David Bayingana yahakanye yivuye inyuma ivangura aherutse kuvugwaho na Sengabo Jean Bosco uzwi nka Fatakumavuta, ubwo yireguraga mu Rukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro.
9 November 2024 Yasuwe: 878 0

Israel: Urukiko Rukuru rwahaye umugisha icyemezo cya Netanyahu cyo kwirukana Minisitiri w’Ingabo

Urukiko Rukuru rwa Israel rwashyigikiye icyemezo cya Minisitiri w’Intebe, Benjamin Netanyahu, cyo kwirukana Minisitiri w’Ingabo, Yoav Gallant, nyuma y’uko rwakiriye ubusabe bw’abaturage benshi...
9 November 2024 Yasuwe: 396 0

Abayobozi b’amakipe baduhe amakuru - Dr. Murangira ku byaha bihishirwa muri siporo

Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), Dr. Murangira B. Thierry, yagaragaje ko ibyaha biri muri siporo bitizwa umurindi no kuba abayirimo badatanga amakuru ndetse yifuza ko abayobozi...
9 November 2024 Yasuwe: 489 0

Umwiryane wibasiye Aba-Démocrates nyuma yo gutsindwa uruhenu mu matora

Umwiryane n’ubwumvikane buke bukomeje kuranga Ishyaka ry’Aba-Démocrates nyuma y’uko ritsinzwe amatora ya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ndetse rigatakaza ubwiganze mu Nteko Ishinga...
9 November 2024 Yasuwe: 434 0