Ikipe ya APR FC yamaze gutangaza ko Brig Gen Deo Rusanganwa ari we ugiye kuyobora iyi kipe by’agateganyo nyuma yo gusezerera uwari usanzwe kuri uyu mwanya Col (Rtd) Karasira Richard.
Anne Mbonimpa wari umukozi w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) mu bijyanye no guteza imbere umupira w’amaguru w’Abagore, yitabye Imana.
Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), Dr. Murangira B. Thierry, yagaragaje ko ibyaha biri muri siporo bitizwa umurindi no kuba abayirimo badatanga amakuru ndetse yifuza ko abayobozi...
Umwiryane n’ubwumvikane buke bukomeje kuranga Ishyaka ry’Aba-Démocrates nyuma y’uko ritsinzwe amatora ya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ndetse rigatakaza ubwiganze mu Nteko Ishinga...