Polisi yemeje ko byibuze abantu 94 bapfuye abandi 50 barakomereka muri Nigeria. Bivugwa ko abaturage bari bateraniye hafi y’ikigega cyaguye batangira kuyora lisansi yamenetse .
Umufa cyangwa se isosi iva mu magufa ikunze kuba iri ku ifunguro ni imwe mu masupu agira intungamubiri nka protein, cyane cyane collagen inafasha abafite imirire mibi kuyivamo.
Umwijima ni rumwe mu ngingo z’ibanze z’umubiri w’umuntu, rukaba urw’ingenzi mu rwungano ngogozi, ndetse amakuru dukesha Wikipedia avuga ko ukora imirimo 300 mu mikorere y’umubiri.
Kendrick Lamar uheruka gutaramira i Kigali mu birori bya ‘Move Afrika,’ yanditse amateka mu bihembo bya ’BET Hip Hop Awards 2024’ aho yegukanye ibigera ku munani.
Ku bemera ibitabo bitandukanye by’umwihariko iby’iyobokamana, bigaragaza ko ari ngombwa ko umuntu wese ubishaka kandi ubishoboye agira umuryango.Ni ukuga niba ari umugore agashaka umugabo n’umugabo...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zandikiye Israel, ziyiha iminsi 30 yo kongera ubufasha bw’ikiremwamuntu muri Gaza cyangwa igahura n’ibyago byo guhagarikirwa inkunga ya gisirikare ihabwa na Amerika .