skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Abantu 94 bahitanwe n’iturika ryikigega cya lisansi muri Nigeria

Polisi yemeje ko byibuze abantu 94 bapfuye abandi 50 barakomereka muri Nigeria. Bivugwa ko abaturage bari bateraniye hafi y’ikigega cyaguye batangira kuyora lisansi yamenetse .
16 October 2024 Yasuwe: 1692 0

Menya akamaro k’umufa mu ifunguro

Umufa cyangwa se isosi iva mu magufa ikunze kuba iri ku ifunguro ni imwe mu masupu agira intungamubiri nka protein, cyane cyane collagen inafasha abafite imirire mibi kuyivamo.
16 October 2024 Yasuwe: 2471 0

Akamaro k’umutobe w’imboga mu gusukura umwijima

Umwijima ni rumwe mu ngingo z’ibanze z’umubiri w’umuntu, rukaba urw’ingenzi mu rwungano ngogozi, ndetse amakuru dukesha Wikipedia avuga ko ukora imirimo 300 mu mikorere y’umubiri.
16 October 2024 Yasuwe: 2135 0

Dore Ibihugu 10 bya Mbere ku Isi Bifite Igisirikare Gikomeye 2024

Kuri iy’isi hari ibihugu by’ibihangage bidapfa kumenyerwa bitewe nibyo bikungahayeho. Muri byo harimo kuba bifite Ingabo nyinshi, ibikoresho bya gisirikare( ibitwaro bya rutura), ndetse no mubukungu.
16 October 2024 Yasuwe: 5371 0

Kendrick Lamar uheruka i Kigali yanditse amateka muri ‘BET Hip Hop Awards 2024’

Kendrick Lamar uheruka gutaramira i Kigali mu birori bya ‘Move Afrika,’ yanditse amateka mu bihembo bya ’BET Hip Hop Awards 2024’ aho yegukanye ibigera ku munani.
16 October 2024 Yasuwe: 1893 0

Dore Inama zagufasha kubaka urukundo ruhamye

Urukundo rurakura cyangwa rugakomera mu gihe abarurimo babihaye agaciro, bagashyiramo imbaraga ndetse bagahuza umugambi mu guharanira kugera ku bintu bishya. Mu rukundo hari ibyo abantu bigomwa...
16 October 2024 Yasuwe: 2095 0

Elon Musk yemerewe umwanya muri Guverinoma ya Trump mu gihe yaba atowe

Donald Trump yatangaje ko niyongera gutorerwa kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika, azashyira umunyemari Elon Musk muri Guverinoma ye.
16 October 2024 Yasuwe: 1470 0

Ese ubundi umuntu adakoze imibonano mpuzabitsina byamutwara iki?Sobanukirwa

Ku bemera ibitabo bitandukanye by’umwihariko iby’iyobokamana, bigaragaza ko ari ngombwa ko umuntu wese ubishaka kandi ubishoboye agira umuryango.Ni ukuga niba ari umugore agashaka umugabo n’umugabo...
16 October 2024 Yasuwe: 2068 0

Mali irashinja Ukraine guha drones inyeshyamba zirwanya ubutegetsi

Ukraine yahakanye ibivugwa ko yahaye indege za drones inyeshyamba zirwana n’Ingabo za Mali hamwe n’abacanshuro bashyigikiwe n’u Burusiya .
16 October 2024 Yasuwe: 1052 0

Amerika yahaye iminsi 30 Israel ngo ibe yahagaritse intambara muri Liban

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zandikiye Israel, ziyiha iminsi 30 yo kongera ubufasha bw’ikiremwamuntu muri Gaza cyangwa igahura n’ibyago byo guhagarikirwa inkunga ya gisirikare ihabwa na Amerika .
16 October 2024 Yasuwe: 1040 0