Umutwe w’iterabwoba wa Boko Haram wagabye igitero ku kigo cya gisirikare cya Tchad mu ijoro ryo ku wa 27 Ukwakira 2024, wicamo abasirikare bagera kuri 40.
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, yikomye Elon Musk, nyuma y’aho bitangajwe ko mu myaka 29 ishize uyu muherwe yakoreye muri iki gihugu ishoramari mu buryo butemewe n’amategeko.
Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Israel Mbonyicyambu uzwi nka Israel Mbonyi yateguje abakunzi igitaramo ngarukamwaka, yise ‘Icyambu’ kigiye kuba ku nshuro yacyo ya gatatu.
Taiwani yatangaje ko ku Cyumweru u Bushinwa bwohereje indege z’intambara zirimo izitagira abapilote mu bikorwa by’irondo ryo kuzenguruka icyo kirwa mu rwego rwo kwitegura ko igihe icyo ari cyo...
Minisiteri y’ingabo y’igihugu cya Koreya ya Ruguru yashinje ingabo za Koreya y’Epfo kohereza indege zitagira abapilote mu karere kayo ku mpamvu za politiki, ivuga ko ari ukurenga ku busugire...