skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Burundi: Umucuruzikazi w’ibitenge yishwe n’abapolisi

Umugore witwa Belyse Nimpagaritse yapfuye mu gitondo cyo ku itariki ya 15 Ukwakira 2024 aguye mu Bitaro bya Rumonge (mu majyepfo y’uburengerazuba bw’u Burundi) akekwaho kugurisha ibitenge mu buryo...
17 October 2024 Yasuwe: 321 0

Assimi Goïta uyobora Mali mu nzibacyuho yihaye Ipeti rya General

Perezida w’inzibacyuho wa Mali kuva muri Gicurasi 2021, Colonel Assimi Goïta, yahawe ipeti rya Général kuri uyu wa 16 Ukwakira 2024.
17 October 2024 Yasuwe: 316 0

Amerika igiye kohereza izindi ntwaro muri Ukraine

Perezida Joe Biden yaganiriye na mugenzi we wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, nyuma y’uko igihugu cye cyemeye kohereza indi nkunga ifite agaciro ka miliyoni 425$ muri Ukraine, izaba igizwe n’intwaro...
17 October 2024 Yasuwe: 159 0

Abapolisi b’u Rwanda 180 bari mu butumwa muri Centrafrica bambitswe imidali

Abapolisi b’u Rwanda 180 bari mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kubungabunga amahoro muri Repubulika ya Centrafrica (MINUSCA), kuwa Kabiri itariki ya 15 Ukwakira 2024, bambitswe imidali...
17 October 2024 Yasuwe: 249 0

Bimwe mu biribwa umurwayi wa Kanseri akwiye kurya n’ibyo akwiye kwirinda

N’ubwo kugeza ubu indwara ya kanseri hataramenyekana ikiyitera abaganga bemeza ko hari ibiribwa umuntu akwiye kwirinda bikamufasha kuba atarwara iyi ndwara.
17 October 2024 Yasuwe: 416 0

Israel yamaze guhitamo aho izarasa muri Iran

Israel yamaze guhitamo ibice izarasa muri Iran mu gitero cyo kwihimura, nyuma y’uko Iran iherutse kurasa misile zirenga 180 muri Israel.
17 October 2024 Yasuwe: 265 0

Aisha avuze igitera abakobwa gukunda abasaza kurusha abahugu batarashaka

Muri iki kinyejana abantu benshi bakunze kwitotombera ko abakobwa basigaye bakundana ndetse bakanashyingiranwa n’abasaza, aho gukundana n’abasore bari mu kigero kimwe, bigatuma abasore benshi...
16 October 2024 Yasuwe: 2751 0

Sobanukirwa- Ibihe udakwiriye gukora imibonano mpuzabitsina

Imibonano mpuzabitsina y’abashakanye ni igikorwa gikorwa n’abantu babairi babyumvikanye,ibyo bigatuma umuntu atekereza ku gihe cyiza cyo kubonana n’uwo mwashakanye n’igihe mudakwiye guhangara icyo...
16 October 2024 Yasuwe: 3155 0

Angola yirukanye abanye_Congo kubera Uburangare bw’ubuyobozi

Abaturage 91 baturutse muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bamaze iminsi itatu barara rwantambi ku mupaka wa Shakufwa utandukanya iki gihugu na Angola, nyuma y’aho Leta ya Angola ifashe...
16 October 2024 Yasuwe: 2160 0

Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere izasubukurwa mu mpera z’icyumweru

Urwego rutegura Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere “Rwanda Premier League” rwemeje ko izasubukurwa mu mpera z’iki cyumweru, tariki 18-20 Ukwakira 2024, hakinwa Umunsi wayo wa Gatandatu.
16 October 2024 Yasuwe: 2130 0