skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Israel: Minisitiri w’Ingabo mushya yijeje gutsinda abanzi bose n’intambara Igihugu kirimo

Muri Israel, Minisitiri w’ingabo mushya, Israel Katz yizeje ko azatsinda abanzi b’Igihugu cye kandi akagera ku ntego z’intambara kirimo zo kurwanya imitwe ya Hamas na Hezbollah.
8 November 2024 Yasuwe: 316 0

Perezida w’u Budage yatangaje ko yiteguye gusesa Inteko

Perezida w’u Budage, Frank-Walter Steinmeier, yatangaje ko yiteguye gusesa umutwe w’abadepite mu Nteko Ishinga Amategeko mu gihe Guverinoma ya Chancelier Olaf Scholz yatakarizwa icyizere.
8 November 2024 Yasuwe: 160 0

U Rwanda rwoherereje imfashanyo abaturage bibasiwe n’intamabara muri Gaza

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko yongeye kohereza imfashanyo ingana na toni 19 zirimo ibyo kurya by’abana, imiti n’ibikoresho byo kwa muganga mu rwego rwo gufasha abaturage bugarijwe n’intambara...
8 November 2024 Yasuwe: 196 0

Dosiye ya Salongo yahinduye isura hiyongeramo ibyaha 2

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwamaze gushyikiriza Ubushinjacyaha dosiye iregwamo Rurangirwa Wilson wamamaye nka Salongo.
8 November 2024 Yasuwe: 620 0

Australia: Itegeko rikumira abana ku mbuga nkoranyambaga ntirivugwaho rumwe

Guverinoma y’igihugu cya Australia yatangaje ko igiye gutangiza itegeko ridasanzwe ribuza abana bari munsi y’imyaka 16 gukoresha imbuga nkoranyambaga zinyuranye. Mu cyumweru gitaha nibwo...
8 November 2024 Yasuwe: 93 0

Biden yemeye intsinzi ya Trump yemera kuzatanga ubutegetsi mu mahoro

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, kuri uyu wa Kane ushize mu ijambo rye ryerekeye amatora yo ku itariki 5 Ugushyingo 2024, yemeye ko Donald Trump yatsinze kandi ko azakora...
8 November 2024 Yasuwe: 104 0

CAF yongereye amafaranga ahabwa amakipe yagiye muri Champions League y’Abagore ku kigero cya 52%

Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF) yongereye amafaranga ahabwa amakipe yitabira CAF Champions League mu Bagore, ku kigero cya 52%.
8 November 2024 Yasuwe: 192 0

Umwaka wa 2024 ushobora guca agahigo ko kuba uwa mbere ushyushye

Ikigo gishinzwe Serivisi z’ikirere mu Burayi yagaragaje ko umwaka wa 2024 byanze bikunze uzaba umwaka ushyushye cyane, aho ubushyuhe bw’isi busanzwe biteganyijwe ko buziyongeraho dogere Celsius...
8 November 2024 Yasuwe: 119 0

Menya uko wakwigobotora agahinda

Mu bihe ufite agahinda, hari abashobora kukugira inama yo kutagaragaza uko wiyumva mu gihe abandi bakubwira ko ugomba kuririra umuhisi n’umugenzi.
7 November 2024 Yasuwe: 776 0

Perezida Biden ateganya koherereza Ukraine inkunga nyinshi mbere y’uko Trump amusimbura

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, ateganya koherereza Ukraine inkunga nyinshi yayifasha gukomeza guhangana n’u Burusiya, mbere y’uko Donald Trump ajya ku butegetsi.
7 November 2024 Yasuwe: 655 0