Koreya y’Epfo yatangaje ko ishobora gutangira guha intwaro Ukraine niba ingabo za Koreya ya Ruguru ziyemeje gushyigikira u Burusiya.
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Koreya ya Ruguru yageze...
Abakozi hafi ya bose b’Umurenge wa Murundi mu Karere ka Karongi basezeye ku mirimo yabo, barimo Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’uwo Murenge Ntakirutimana Gaspard ndetse n’ab’Utugari 3 muri 6 tuwugize.
Amashusho y’icyogajuru yasesenguwe na BBC Verify arerekana ibyaba byarangiritse ku bigo bimwe bya gisirikare bya Iran mu bitero byo mu kirere bya Israel byo ku wa gatandatu.
Umunyarwenya akaba n’umukinnyi wa filime, Nick Cannon, yagaragaje ko kudahuza kwe na Mariah Carey bigeze kubana, byaturutse ku byiyumviro byo kudatekana uyu mugabo yakundaga kugira.
Umunyamabanga Mukuru w’Umuryangi w’Abibumbye, Antonio Guterres, yatangaje ko mu gihe intambara hagati y’ingabo za Sudani n’umutwe witwaje intwaro wa RSF ikomeje, abo muri iki gihugu bakwiye...