Muri Israel, Minisitiri w’ingabo mushya, Israel Katz yizeje ko azatsinda abanzi b’Igihugu cye kandi akagera ku ntego z’intambara kirimo zo kurwanya imitwe ya Hamas na Hezbollah.
Perezida w’u Budage, Frank-Walter Steinmeier, yatangaje ko yiteguye gusesa umutwe w’abadepite mu Nteko Ishinga Amategeko mu gihe Guverinoma ya Chancelier Olaf Scholz yatakarizwa icyizere.
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, kuri uyu wa Kane ushize mu ijambo rye ryerekeye amatora yo ku itariki 5 Ugushyingo 2024, yemeye ko Donald Trump yatsinze kandi ko azakora...
Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF) yongereye amafaranga ahabwa amakipe yitabira CAF Champions League mu Bagore, ku kigero cya 52%.
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, ateganya koherereza Ukraine inkunga nyinshi yayifasha gukomeza guhangana n’u Burusiya, mbere y’uko Donald Trump ajya ku butegetsi.