Abantu bakunze kugira ububare mu ngingo cyane cyane mu mavi, mu tugombambari, no mu magufa yo mu rukenyerero, bakunze kubiterwa n’impamvu zitandukanye, harimo kugira ibiro by’umurengera, kunywa...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga Wungirije w’u Burusiya, Sergei Ryabkov, yavuze ko Leta ye yaburiye Israel kudahirahira itekereza kurasa ku nganda zitunganya nucléaire za Iran.
Mu bihugu 10 bya mbere bituwe cyane ku Isi, igihugu cya Nigeria na Ethiopia nibyo byonyine biza kuri uru rutonde n’abaturage 232,679,000 na 132,060,000 nk’uko tubikesha icyegeranyo cya...
Rutahizamu wa Al-Nassr n’Ikipe y’Igihugu ya Portugal, Cristiano Ronaldo, yongeye gufata umwanya wa mbere mu bakinnyi 10 binjiza amafaranga menshi babikesha ko bakina umupira w’amaguru ku Isi.
Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Israel, yatangaje ko umuyobozi mushya w’umutwe wa Hamas, Yahya Sinwar yaguye mu bitero bya Israel yagabye muri Gaza.