skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Dore ibyafasha abantu bakunze kubabara mu ngingo

Abantu bakunze kugira ububare mu ngingo cyane cyane mu mavi, mu tugombambari, no mu magufa yo mu rukenyerero, bakunze kubiterwa n’impamvu zitandukanye, harimo kugira ibiro by’umurengera, kunywa...
18 October 2024 Yasuwe: 1371 0

Dore uko wagabanya umuvuduko w’amaraso bidasabye imiti

Umuvuduko w’amaraso ukabije ushobora guterwa n’ibintu bitandukanye, harimo uruhererekane rwo mu muryango, kunywa itabi, kuba umuntu arwaye Diyabete, no kuba nta siporo ajya akora. Kugira umuvudko...
18 October 2024 Yasuwe: 1619 0

U Burusiya bwaburiye Israel yifuza kurasa Iran

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga Wungirije w’u Burusiya, Sergei Ryabkov, yavuze ko Leta ye yaburiye Israel kudahirahira itekereza kurasa ku nganda zitunganya nucléaire za Iran.
18 October 2024 Yasuwe: 1078 0

Sudani y’Epfo: Lt Gen Mohan Subramanian yagaragaje ko Ingabo z’u Rwanda ari zo nkingi za UNMISS

Lt Gen Mohan Subramanian, Umuyobozi w’Ingabo ziri mu butumwa bw’Umuryango w’Ubibumbye muri Sudani y’Epfo (UNMISS), yagaragaje ko ashimira byimazeyo Ingabo z’u Rwanda ndetse ashimangira uruhare...
18 October 2024 Yasuwe: 380 0

Ibihugu 10 bya mbere bituwe cyane ku Isi na bitanu bya nyuma 2024

Mu bihugu 10 bya mbere bituwe cyane ku Isi, igihugu cya Nigeria na Ethiopia nibyo byonyine biza kuri uru rutonde n’abaturage 232,679,000 na 132,060,000 nk’uko tubikesha icyegeranyo cya...
18 October 2024 Yasuwe: 1104 0

Cristiano Ronaldo yongeye kuyobora urutonde rw’abakinnyi ba ruhago binjiza agatubutse

Rutahizamu wa Al-Nassr n’Ikipe y’Igihugu ya Portugal, Cristiano Ronaldo, yongeye gufata umwanya wa mbere mu bakinnyi 10 binjiza amafaranga menshi babikesha ko bakina umupira w’amaguru ku Isi.
18 October 2024 Yasuwe: 480 0

Messi yahawe igihembo cy’umukinnyi wa ruhago w’ibihe byose

Umunya-Argentine Lionel Messi, yahawe igihembo cy’uko ari we mukinnyi w’ibihe byose (GOAT) umupira w’amaguru wagize kuva wabaho.
18 October 2024 Yasuwe: 376 0

Israel yemeje ko yishe Yahya Sinwar wayoboraga Hamas

Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Israel, yatangaje ko umuyobozi mushya w’umutwe wa Hamas, Yahya Sinwar yaguye mu bitero bya Israel yagabye muri Gaza.
18 October 2024 Yasuwe: 358 0

Junior Giti ari kubarizwa i Burayi

Junior Giti ari kubarizwa mu Bubiligi, aho yerekeje mu minsi mike ishize, gutegura urugendo rwa Chriss Eazy ugomba kuhakorera ibitaramo bitandukanye.
18 October 2024 Yasuwe: 337 0

Diddy yasabye ko hatangazwa imyirondoro y’abamushinja

Abanyamategeko ba Sean “Diddy” Combs wamamaye nka P.Diddy, basabye ko hatangazwa imyirondoro y’abari kumushinja kugira ngo abashe kwitegura urubanza rwe aregwamo ihohotera rishingiye ku gitsina.
18 October 2024 Yasuwe: 192 0