José Mourinho utoza Fenerbahçe SK yahagaritswe umukino umwe ndetse anacibwa amande ya 15,000£, nyuma yo kwibasira abasifuzi ku mukino wari wamuhuje na Trabzonspor.
Amezi 11 agiye gushira Leta y’u Burundi ifunze imipaka yose yo ku butaka ihuza iki gihugu n’u Rwanda, isobanura ko yafashe iki cyemezo mu rwego rwo kubungabunga umutekano. Ni icyemezo cyagombaga...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku wa Gatanu zongeye kotsa igitutu u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, nyuma y’imirwano iheruka kongera kuburwa hagati y’inyeshyamba zo mu mutwe wa...
Minisiteri y’Ubuzima ku wa Gatanu tariki ya 8 Ugushyingo yatangaje ko abarwayi bose bari barwaye indwara y’umuriro mwinshi iterwa na Virusi ya Marburg bamaze gukira, ibisobanura ko nta muntu n’umwe...
Itangazo ribuza abasirikari b’abanya Isiraheli kujya mu buhorandi, ryasohowe kuri uyu wa gatanu nyuma y’umukino w’umupira w’amaguru wabaye ku munsi w’ejo ugahuza ikipe ya Ajax yo mu mujyi wa...
Abahanzi barangajwe imbere na Beyoncé uri mu byiciro byinshi kurusha abandi, bahatanye muri Grammy Awards itegurwa na ‘Recording Academy Awards’ igiye kuba ku nshuro ya 67.